Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
amanota ya s3 bayareba gute?
Kuleba amata y cya Leta 2019
Ndashaka kureba amanota nagize
ikibazo cy’ibyo kurya kumasoko birahenze.urugero nk’ibishyimbo ni 800 kukiro leta nidufashe inzara itazatwica
mwandebeye amanota yicyareta 2019
Mukomereze aho,
Mukomereze aho,
Ndi nyamagabe mumure watare mudukurikiranire ikikibazo uruganda rwicyayi rwa kitabi rwadutwariye imirima none amaso yaheze mukire mudukorere ubuvugizi hashize umwaka nigice ubwo buka buri mutugari twa nyamigina na gatovu
Mukarekacuka rubavu,umurenge wa bugeshi.
byumwihariko akagalikacu ka butaka dufite ikibazo cumuriro tutarabona kdi duturi ishamba,mbesi turimusi yakarisimbi na mikeno.
murakoze
Muraho neza umuntu abafite ibitekerezo byinshyi byafasha iterambere kwihuta ariko kubera kubura aho wahera Ibibazo birakomeza bikaba kandi byagombye gukemuka Mfite igitekerezo cyibyakorwa hakagabanuka ibyuka bihumanya ikirere bityo rero ababifite munshingano mwamfasha tukarinda ikirere cyacu murakoze 0787796128 ndumunyeshuri S6 in Rusumo high school nibintu twaganiriyeho cyane murakoze.
Ndashimira umuntu wese wagize uruhare rwo gushyiraho ubu buryo bwo kubonera amakuru y’Akarere kugihe. ni muduhe amakuru agezweho ubu mu karere kacu ka Ngoma.
NDABAKURIKIYE MWESE MUKOMEZE MUMPE INKURU
mumurenge wa kabarore mukagari ka kabeza ejo umugabo yafatiwe mukabari asambana numugore utaruwe .yafashwe numugorewe arahondagura karahava uwo mugabo nuwo mugare utaruwe baratoka.
Kumenyera amakuru kugihe
nitwa INGABO ROGER nashakaga ngo mubwire uburyo nasaba stage
MWATUBWIRA UBURYO UMUNTU YA TANGA UMUSANZU W’UMURYANGO BINYUZE KURI( MOM,TIGO CASH),KUGIRANGO TUBONE UKO DUTANGA INKUNGA MUMURYANGO WACU RPF /MY PHONE IS 0788832568 ,MURAKOZE CYANE TURABASHIMIYE.
Amakuru muri gicumbi bimeze bite
muri uyumugoroba irondo rya kagarika nyakabanda rifashe umusorewibye uruzitirorwi ibyuma
akarere kacu turagashimira ibyiza kadahwema kutugezaho uriya muhanda uzadushimisha.
dukunda igihugu cyacu cy’urwanda
NAMWE NDABASHISHIKARIZA KUCYITANGIRA NOKU KIRINDA UMWANZI AHO YAVA HOSEEEEEEEEEEEEEEEEEEE
AMAKURU MU KAREREKA NYAMAGABE
Mwiriwe neza.
Ikibazo cyanjye ku buyobozi bwakarere ka Rutsiro kirebana ibikorwa remezo,
Hari ahantu intindo yahuzaga Karongi umurenge wa Rubengera n
Akagari ka Kabuga ho muri Rutsiro imaze imyaka 2 yarangijwe nibiza none kugeza ubu nta kirakorwa. abantu baheze mu bwigunge kuko na moto kugera ahitwa i Gihara bigoye.
Mutubarize ubuyobozi b
Akarere.