Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1369 )

Mwiriweneza nitwa GATERA Jean damasceni mperereye BUGESERA NYAMATA
GATARE2 mberenambere ndashimira inzego zose zubutegetsi bwigihugu cyacu uburyo zitureberera ukuntu twakwirinda covid19 kuko niyo twabura umunya Rwanda1 tuba duhombye niyompamvu twinginga buriwese kuzirikana izingamba baduha kugirango duhashye icyicyorezo gihangayicyishije isi tunasabako abafite ububasha Kuma banks kobatuvuganira anantu batse inguzanyo bakatworohereza muburyo bwokwishyura kuko imikorere yarahindutse kubera ibibihe turimo murakoze IMANA ubahe umugisha

Yego yanditse ku itariki ya: 19-01-2021

Kongera ibyumba byamshuri kuri G.S kabira

diane yanditse ku itariki ya: 14-01-2021

Nukuri pe mwatubazi impamvu baturingana turabaza bakutubwira ngo dosiye yabuze Kandi twabibahaye ahubwo bakongera bakatwohereza ngo ku Irembo Kandi barabijyanye

Nsabima a Alexis yanditse ku itariki ya: 12-01-2021

Twebwe twarangirijwe none imyaka aho Umuyoboro w’amashanyarazi yanyuze none banze kutwishyura ahubwo bakatwaka amafaranga ngo dushake ibyangombwa Kandi bihari nimutubaze impamvu nkubu maze gutanga ibihumbi 67000 n’ IKigoma mukagali ka shanga Ariko na nubu mutubarize pe

Nsabima a Alexis yanditse ku itariki ya: 12-01-2021

Kumenya amakuru agezweho

Nshimyimana Paul yanditse ku itariki ya: 5-01-2021

iyodukanda kumakuruyu turere kukibidakunda nurugero haraho uhitamo intara bikanga

ahishakiye yanditse ku itariki ya: 4-01-2021

abanyeshuri bazatangira ryari bomumwa wambaye wa primary na Gardiner

uwishema Diogene yanditse ku itariki ya: 23-11-2020

Mwiriwe neza, nabazaga nyuma yuko abacandidate twadepoje ibyangobwa ,nkaba ndikumva ko NGO hagiye gukorwa izindi short lists,ESE nibyo cg nibihuha?saw murakoze

Mukanyandwi Alice yanditse ku itariki ya: 13-11-2020

Kumenya imyanya muburezi

4cs yanditse ku itariki ya: 12-11-2020

Tubashimiye Amakuru mudahwema kutugezaho

Hakizimana jean bosco yanditse ku itariki ya: 11-11-2020

Mwiriwe neza uriya mwarimu waru komo so.p.e.m Albert imana imuhe umugisha kukwitanga yagize kubanyarwanda Bose

Kandi uriya nawe umukama winka zakubishye ninkuba akwiye gusumbushwa kandi yihangane bibaho

Murakoze

William Kamana yanditse ku itariki ya: 28-10-2020

We need to know the news about teachers recruitment.

Habimana jean damascene yanditse ku itariki ya: 26-10-2020

Amafotoajekeje

Habumugishaprotegane yanditse ku itariki ya: 5-10-2020

hano iwacu kirehe umurenge wa mushikiri
twambuwe na karere ka kirehe amafaranga
muri viyupi none ubu dutegereje kujya kurega mubadepite

gongenike yanditse ku itariki ya: 24-09-2020

Twipfuza mudushitseho amakuru ajyanye n’urukundo.MURAKOZE.KUNKUMI N’IMISORE MWIKIGIHE KIRANGIZA ISI.

DavidAliasBenny-parfait Ndayisaba yanditse ku itariki ya: 23-09-2020

Akarere kakayonza umurenge wakabarondo akagari kacyinzovu gukomeza murizarundu turasaba mutuvuganire tumenyeshwe impamvu tudahabwa umuriri wamashanyarazi nyuma yigihe kunin tubeshywa guhabwa umuriro

Alias yanditse ku itariki ya: 12-09-2020

Murigashora ngohaje ibitaro bya barwayi ba covide19 mutubwire

Alias yanditse ku itariki ya: 1-09-2020

Mwiriwe,mutubarize ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali,Akarere ka Kicukiro by’umwihariko igihe umuhanda uhuza Rwamagana (Inyakaliro) na Kicukiro (Imasaka)uzakorerwa.

Abaturajye dutuye Igishore Nyakaliro nitwe dukunze kwitanga amafaranga ngo dusane umuhanda nibura tubine uko tuhanyura ark intege zacu ntizibe nyinshi nkuko bikenewe.

ese uyu muhanda nibura waba uzakorwa ryari??

MUGABO Aime yanditse ku itariki ya: 25-08-2020

Kigali tudeyi

Zirimwabagabo Simeon form rusizi rwanda logo bishop yanditse ku itariki ya: 15-08-2020

Mwaramutse nda shaka kumenya icyaraye cyanzuwe munama yo gufungura ingendo muntara

Zirimwabagabo Simeon form rusizi rwanda logo bishop yanditse ku itariki ya: 15-08-2020

Kuzagya menya amakuru ya turere du tandukanye
Murwanda

Zirimwabagabo Simeon form rusizi rwanda logo bishop yanditse ku itariki ya: 15-08-2020

mutubarize meya wa gisagara aho gahunda yo kubaka umuhanda save-gisagara aho bigeze cg niba ubushobozi ntabwo kuko bimaze igihe kinini cyane murakoze

sinat sigat yanditse ku itariki ya: 13-08-2020