Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
Kujya kwivuza
SEZIBERA Damascene bamufashe arimo atumura urumogi mwisoko rya Birembo mu Murenpe wa Sovu_ Ngororero, le 26.02 .2021 16:00, Bahise bamusikiriza RIB ikorera mu Murenge wakavumu arigukurikiranwa ; intamenya y’ akamasa irigata ubugi bwintorezo.
INEC NUMUKOBWA Cg numugore ?
INEC N’ UMUKOBWA CYANGWA NUMUGORE
Uruhushya nshaka nukujya gukoresha imodoka
Urukingorw’acovid-19 ruzaboneka ryari?ko iri kubica bigacika.
Banyarwanda banyarwanda kazi twese turabiziko mumujyi wa’kigali ,gahunda ari guma murugo dukoreshe neza umuhanda twirinda covid-19 kandi tuve murugo tujyiye aho biri ngombwa twaherewe uruhushya murakoze.
Muraho neza gahunda ni ugukomeza kwirinda tunakangurira abandi gukomeza kwirinda twubahiriza amabwiriza yashyizweho na leta y’u Rwanda.
Mwiriweneza nitwa GATERA Jean damasceni mperereye BUGESERA NYAMATA
GATARE2 mberenambere ndashimira inzego zose zubutegetsi bwigihugu cyacu uburyo zitureberera ukuntu twakwirinda covid19 kuko niyo twabura umunya Rwanda1 tuba duhombye niyompamvu twinginga buriwese kuzirikana izingamba baduha kugirango duhashye icyicyorezo gihangayicyishije isi tunasabako abafite ububasha Kuma banks kobatuvuganira anantu batse inguzanyo bakatworohereza muburyo bwokwishyura kuko imikorere yarahindutse kubera ibibihe turimo murakoze IMANA ubahe umugisha
Kongera ibyumba byamshuri kuri G.S kabira
Nukuri pe mwatubazi impamvu baturingana turabaza bakutubwira ngo dosiye yabuze Kandi twabibahaye ahubwo bakongera bakatwohereza ngo ku Irembo Kandi barabijyanye
Twebwe twarangirijwe none imyaka aho Umuyoboro w’amashanyarazi yanyuze none banze kutwishyura ahubwo bakatwaka amafaranga ngo dushake ibyangombwa Kandi bihari nimutubaze impamvu nkubu maze gutanga ibihumbi 67000 n’ IKigoma mukagali ka shanga Ariko na nubu mutubarize pe
Kumenya amakuru agezweho
iyodukanda kumakuruyu turere kukibidakunda nurugero haraho uhitamo intara bikanga
abanyeshuri bazatangira ryari bomumwa wambaye wa primary na Gardiner
Mwiriwe neza, nabazaga nyuma yuko abacandidate twadepoje ibyangobwa ,nkaba ndikumva ko NGO hagiye gukorwa izindi short lists,ESE nibyo cg nibihuha?saw murakoze
Kumenya imyanya muburezi
Tubashimiye Amakuru mudahwema kutugezaho
Mwiriwe neza uriya mwarimu waru komo so.p.e.m Albert imana imuhe umugisha kukwitanga yagize kubanyarwanda Bose
Kandi uriya nawe umukama winka zakubishye ninkuba akwiye gusumbushwa kandi yihangane bibaho
Murakoze
We need to know the news about teachers recruitment.
Amafotoajekeje
hano iwacu kirehe umurenge wa mushikiri
twambuwe na karere ka kirehe amafaranga
muri viyupi none ubu dutegereje kujya kurega mubadepite