Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
Mwiriweneza nitwa GATERA Jean damasceni mperereye BUGESERA NYAMATA
GATARE2 mberenambere ndashimira inzego zose zubutegetsi bwigihugu cyacu uburyo zitureberera ukuntu twakwirinda covid19 kuko niyo twabura umunya Rwanda1 tuba duhombye niyompamvu twinginga buriwese kuzirikana izingamba baduha kugirango duhashye icyicyorezo gihangayicyishije isi tunasabako abafite ububasha Kuma banks kobatuvuganira anantu batse inguzanyo bakatworohereza muburyo bwokwishyura kuko imikorere yarahindutse kubera ibibihe turimo murakoze IMANA ubahe umugisha
Kongera ibyumba byamshuri kuri G.S kabira
Nukuri pe mwatubazi impamvu baturingana turabaza bakutubwira ngo dosiye yabuze Kandi twabibahaye ahubwo bakongera bakatwohereza ngo ku Irembo Kandi barabijyanye
Twebwe twarangirijwe none imyaka aho Umuyoboro w’amashanyarazi yanyuze none banze kutwishyura ahubwo bakatwaka amafaranga ngo dushake ibyangombwa Kandi bihari nimutubaze impamvu nkubu maze gutanga ibihumbi 67000 n’ IKigoma mukagali ka shanga Ariko na nubu mutubarize pe
Kumenya amakuru agezweho
iyodukanda kumakuruyu turere kukibidakunda nurugero haraho uhitamo intara bikanga
abanyeshuri bazatangira ryari bomumwa wambaye wa primary na Gardiner
Mwiriwe neza, nabazaga nyuma yuko abacandidate twadepoje ibyangobwa ,nkaba ndikumva ko NGO hagiye gukorwa izindi short lists,ESE nibyo cg nibihuha?saw murakoze
Kumenya imyanya muburezi
Tubashimiye Amakuru mudahwema kutugezaho
Mwiriwe neza uriya mwarimu waru komo so.p.e.m Albert imana imuhe umugisha kukwitanga yagize kubanyarwanda Bose
Kandi uriya nawe umukama winka zakubishye ninkuba akwiye gusumbushwa kandi yihangane bibaho
Murakoze
We need to know the news about teachers recruitment.
Amafotoajekeje
hano iwacu kirehe umurenge wa mushikiri
twambuwe na karere ka kirehe amafaranga
muri viyupi none ubu dutegereje kujya kurega mubadepite
Twipfuza mudushitseho amakuru ajyanye n’urukundo.MURAKOZE.KUNKUMI N’IMISORE MWIKIGIHE KIRANGIZA ISI.
Akarere kakayonza umurenge wakabarondo akagari kacyinzovu gukomeza murizarundu turasaba mutuvuganire tumenyeshwe impamvu tudahabwa umuriri wamashanyarazi nyuma yigihe kunin tubeshywa guhabwa umuriro
Murigashora ngohaje ibitaro bya barwayi ba covide19 mutubwire
Mwiriwe,mutubarize ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali,Akarere ka Kicukiro by’umwihariko igihe umuhanda uhuza Rwamagana (Inyakaliro) na Kicukiro (Imasaka)uzakorerwa.
Abaturajye dutuye Igishore Nyakaliro nitwe dukunze kwitanga amafaranga ngo dusane umuhanda nibura tubine uko tuhanyura ark intege zacu ntizibe nyinshi nkuko bikenewe.
ese uyu muhanda nibura waba uzakorwa ryari??
Kigali tudeyi
Mwaramutse nda shaka kumenya icyaraye cyanzuwe munama yo gufungura ingendo muntara
Kuzagya menya amakuru ya turere du tandukanye
Murwanda
mutubarize meya wa gisagara aho gahunda yo kubaka umuhanda save-gisagara aho bigeze cg niba ubushobozi ntabwo kuko bimaze igihe kinini cyane murakoze