Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1377 )

UYU MUNTU WITA ABANDI INJIJI NGO BARAVUGA NABI NKUNDAKOZERA Charles /etat civile wa BUSORO/NYANZA na MIGISHA Janvier ko barya ruswa mugutanga services.bishoboka ko ari janvier &Charles banditse basubiza uyu muntu utarashatse kwivuga kubera impamvu z’umutekano we.urebye umujinya bakoresheje basubiza bigaragara ko aribo (affaire social MIGISHA Janviere&Etat Civile NKUNDAKOZERA Charles)

Migi yanditse ku itariki ya: 3-05-2013

Ubwiherero bw’abatishoboye bw’ubatswe muri Busoro/nyanza akagari ka GITOVU aho bukera affaire sociale MUGISHA Janvier azishyura amafaranga yabutanzweho kuko uwo yizaniye Martin wiyitaga umufundi ngo abyiyitirire yarabitaye none abaturage byatuyobeye.Twifuza ko mwabidukurikiranira kuko iyo ureze umuyobozi usanga bagenzi be bakwishyizemo yewe numusimbuye akakurakarira,niyo mpamvu twitabaza ikorana buhanga.

TOHOZA ALEXIS yanditse ku itariki ya: 3-05-2013

akarere ka Nyanza iterambere rirakataje, ariko ubuyobozi nibutabare mu murenge wa kigoma abantu bafite ikibazo cyamazi. aho bavoma amazi yohasi yamesewemo, bogeyemo, bakwiye gutabarwa. nahubundi diarhee irabamara.

Musabe Florence yanditse ku itariki ya: 2-05-2013

Ibyo bivugwa kuri affaire social wa Busoro/nyanza nange ndabyemeza niba mutabyemera mubaze imyubakire y’ubwo bwiherero bw’abatihoboyeuko imeze.

HIRWA yanditse ku itariki ya: 1-05-2013

REKA MVUGE KU MAGAMBO YA OBAMA alias BINEZA;
Va mu mateshwa gana inzego z’ubuyobozi; uravugana ubukana bishoboke ko ufite ikibazo ntawahakana, ariko hari inzego za Leta, hari inzego z’umutekano hakaba n’inzego z’iperereza. reba urwo ugana. Busoro nyivukamo kandi ndayizi; twagize abayobozi banyuranye, ABARWANYI, ABASINZI, ABANGIZA IBIDUKIKIJE, ariko uko imyaka igenda itambuka ni nako ibintu birushaho kujya mu buryo; niba ari ikibazo wifitiye reka kudushyira mu kigare cyawe !!

BIMENYIMANA J Claude yanditse ku itariki ya: 1-05-2013

TURASHIMA nyakubahwa paul Kagame uko yifuza ko abana b’URda biga vuba kugirango bagendane n’igihe ariko gusimbuka ntawe ubishyigikiye gusa yitegereze mubajyanama afite, batazatuma tugwiza abanzi b’igihugu kuko burya ushobora gusanga ari umutego bamuteze wo kwisenyera inzu kdi bayicayemo.dukundishe abana kwiga kdi na mwalimu yibukwe kuko abo bose bavuga ibyo banyuze imbere ya mwalimu.RENGERA MWARIMU ABONE UKO ABONA IBIMUTUNGIRA UMURYANGO NAWE AZARERERA IGIHUGU HABONEKE UBUREZI BUFITE IREME.

BIRAKUREBA MUYOBOZI yanditse ku itariki ya: 30-04-2013

Turashima Mayor wa nyanza uko ateza imbere nyanza na rayon sport ariko IMIHANDA IHUZA IMIRENGE YABAYE IMYOBO,IMIKUKU,NAKORE IBISHOBOKA IMIHANDA IKORWE NAHO UBUNDI IZI MODOKA ZAFASHAGA ABATURAGE MU NGENDO N’IZINDI SERVICE BIRAZA GUHAGARARA Cg AZANE INDEGE ZITWARA ABAGENZI MU MIRENGE IGIZE AKARERE KA NYANZA.

BUDUBI BUSORO RWABUSORO yanditse ku itariki ya: 30-04-2013

service nziza se zahe ko abayobozi benshi usanga wagirango ibyo barimo ntibabisobanukiwe

yanditse ku itariki ya: 30-04-2013

Banyarwanda,Banyarwandakazi nikoko isi yabaye iy’amafaranga ariko ntitwaguma kurebera abanyaga ubutunzi by’ igihugu banyunyuza imitsi y’abaturage mwitwaje y’uko ngo mwazamuwe munzego zifata ibyemezo mu mirenge.Nkasaba leta gukurikirana icyo kibazo naho barigisha abana babo gushakira indonke mubyibano nka bitugukwaha.

KARAKE K. yanditse ku itariki ya: 29-04-2013

Ntakibaho kitagira impamvu, njye nibaza icyatuma uwo etat civil wa Busoro avugwa bigeze aho? Ese ni imikorere myiza bamushima cyagwa ni ibikorwa bibi nk’ ibyi isiha rusahuzi cg nuko iyo bisa n’ibimenyekanye rimwe babona bimuwe bakajya kuyogoza ahandi bimuriwe? Nyje kubwange ibyavuzwe nabiha agaciro nkagenzura inkuru mbarirano dore ko ituba.Ubundi tukihesha agaciro dutanga service zinoze duteza imbere imiyoborere myiza.

INGORWA yanditse ku itariki ya: 29-04-2013

TURASHIMA GITIFU WA BUSORO SECTOR/NYANZA,ATANGA SERVICE NZIZA,NTA MUTURAGE URENGANA YAMUGEZEHO,AHUBWO ABATURAGE NIBATINYUKE BAMWEREKE ABO BARUSAHURIRA MU NDURU BATUMA UMURENGE WACU UVUGWA NABI

bineza yanditse ku itariki ya: 29-04-2013

NDUMVA HARIMO KUBARENGERA UBANZA IYO ETAT CIV.NA AFFAIRE SOC.BA BUSORO/NYANZA (CHARLES &JANVIER)BATSE RUSWA MUSHOBORA KUBA MUSANGIRA.IBYO UBARENGERABYO NINKO KWIKIRIGITA UGASEKA KUKO TWARABATAHUYE,BUSORO IZAGARURA ISURA NZIZA ARI UKO BAKUWE MURI BUSORO(MAYOR NATABARE INTAMA YARAGIJWE NA NYAKUBAHWA PAUL KAGAME.

OBAMA yanditse ku itariki ya: 29-04-2013

ndashima ubuyobozi bwiza dufite kuko 85% abaturage duhabwa service neza gusa bakomerez’aho

william yanditse ku itariki ya: 26-04-2013

Ariko ubundi nibarize, sociale na etat civil ni ibihe bibazo bahuriramo muvuga ko basaba abaturage kubaha akantu,ibi ntaho bitaniye na za njiji zandika tracts(inyandiko zitagira abazanditse) icyo gihe twarakirenze nta mpamvu yo kutavuga ikibazo cyawe; uko ubuyobozi bwubatse turabizi, reka gukorera mu mwijima diiiiii !!!!

yanditse ku itariki ya: 24-04-2013

Yewe muntu uvuga Busoro ngo wabuze service, ko kuri buri rugi hariho nomero za telefone wahamagara igihe utanyuzwe na service uhawe, warabigerageje biranga ??? n’Umuyobozi w’Umurenge aguhaye servise mbi hari nomero uhamagara, warabikoze biranga ?? mumenye gukoresha inzego kuko zirahari

yanditse ku itariki ya: 24-04-2013

Wowe uvuga kuri Civil Busoro niba utari indondogozi, uko inzego z’ubuyobozi zubatse wagaragaje ikibazo cyawe ubura uguha igisubizo ? Ese servise wasabye ukayibura ni iyihe? Ko abayobozi bacu tuzi imikorere kandi ko nta banga kujya kugaragaza akarengane, ubundi kuki utajya aharagara ?

Wenda uvuga ukuri ariko uko tuzi imitangirwe ya service ushobora kuba hari icyo ukinga abantu

yanditse ku itariki ya: 24-04-2013

Gutanga igitekerezo nibyo, ariko kuvuga ibyo udafitiye gihamya nabyo ntabwo aribyo; kuvuga ngo Etasivire Busoro arya ruswa utavuze igihe yayiririye n’ikibazo runaka yayiriyemo, uratera urujijo; turamuzi uko akora ibyo uvuga ntaho bihuriye n’uko tumuzi. Niba hari icyo mupfa inzego zirahari kuva kubashinzwe umutekano kugeza no ku muyobozi w’akarere.
Va mu matiku !

mwubahamana yanditse ku itariki ya: 24-04-2013

Kugaragaza ibitagenda ni byiza ariko gusobanura neza igihe Etat Civil Busoro yaba yaratse ruswa n’ icyo yayakiye byaba byiza kugira ngo tuve mu rujijo kuko dusanzwe tumugana kandi akadufasha ntakiguzi.

Murakoze

mwubahamana beata yanditse ku itariki ya: 24-04-2013

Turashimira leta yacu,ariko Uyu muntu ushyize ahagaragara Etat civil Charles NKUNDAKOZERA na affaire social janvier bakorera kumurenge wa Busoro mu karere ka nyanza,arakoze kuko baranyunyuza abaturage cyane kdi tuzi ko service zose zitangwa zitakagombye gutangirwa inyoroshyo(bituga ukwaha)cyane cyane mu kwishyuriza abacitse ku icumu imitungo yabo yangijwe muri jenoside no gutanga ibyangombwa biva muri affaire social.turasaba mayor wacuWA NYANZA kudukurikiranira imikorere yabo bantu babiri bakorera muri Busoro.niba atati ibyo baravangira gahunda za nyakubahwa perezida wa repubulika y’uRwanda.niba mushaka kumenya amakuru neza muzabaze abaturage bose abantu bishe UMURENGE WA BUSORO,Bazababwira abo biyita abayobozi .

yanditse ku itariki ya: 23-04-2013

Umwe mubayobozi b’umurenge wa BONEZA mu karere ka RUTSIRO yahitanywe n’impanuka y’imodoka.

Raymond DUSABE yanditse ku itariki ya: 23-04-2013

Ndatabaza abaturage baturiye inkambi ya Kigeme bishwe n’inzara kubera kudahinga kuko babujijwe gukorera mu
asambu yabo ngo bazabagurira.

yanditse ku itariki ya: 23-04-2013

Mayor wacu wa nyanza,turamushima ariko nadukize abayobozi barya ruswa kugirango babone gutanga service.ba etat civilecyane cyane Charles Nkundakozera na affaire social witwa janvier bo mumurenge wa BUSORO.nta muntu ugihabwa service atabanje kugira icyo abaha ,twabarambiwe kdi turabamaganye.

yanditse ku itariki ya: 23-04-2013