Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
Mu karere ka kayonza,umurenge wa Rukara,akagari ka Rwimishinya duheze mu icuraburindi ryo kubura umuriro mugihe tugoswe n’utugari tuwufite.
Murakoze ariko mutubarize impamvu mu karere ka ngoma mu murenge wa rukumberi hari amatsinga y’umuriro abaturage bakaba bari mumwijima?
burakari nagije
Rurindo Mumurenge wa Ntarabana Ewasa Yaradutereranye.
Mugiramahoro,...amashyi ngo kacikaci,mbere ndashimira iki kinyamakuru cyashyizeho gukurikirana amakuruyohiryanohino akarusho muturere iwacu none mboneyeho kubatuma kandi nizeyeko muzambera intumwanziza,mu MURENGE WA KAMUBUGA,MU KARERE KA GAKENKE,execif,etatcivil bisubireho ndabanengacyaneee bagabanye kunaniza abazababaga kandi bite no kukazi kabo,murakoze
ni ayahe makuru mashya ya za kaminuza zo mu rwanda.
Mbanje kubasuhuza.nashaka kubibaza ese umuntu yabona ubutumwa binyuze muribunoburyo mtrakoze
EWASA nitabare ibura ryumuriro kayonza birakabije buri mugoroba
Abaturage batuye Centre ya Nyagahita,akagari ka Mahoro ,umurenge wa MIMULI,akarere ka NYAGATARE, barasaba ubuvugizi bwo kuva mucuraburindi,bakeneye umuriro w’amashanyarazi,baribaza niba atari abanyarwanda kuko ntaterambere rigera aho batuye.
Mumurenge wamukarange harimo coperative yurubyiruko
ikora Umwuga w’ubudozibw’imyenda bugezweho biguriye imashine zijyanye nigihe mubakorere ubuvgizi mubijyanye namasoko. Kandi baterwe inkunka gushira mubikorwa ibitekerezo byabo fafite intego yo guteza imbere umwuga wubudozi bigisha nababyifuza udozi bugezweho bihesha agaciro coop girimbereheza Muri Mukarange.
Ndashima cyane KIGALI today uburyo utugezaho amakuru kugihe kandi bagakora ubuvugizi aho bikwiye dufite ikibazo Muri Rwamagana mumurenge warubona Akagali Ka kabuye aho Ewsa yadutemeye urutoki Muri gahunda yikwirakwizwa ry’umuriro hakabarurwa ibyangijwe ariko ntibyishyurwe mudukorere ubuvugizi hishyurwe ibyagiye byangiza baduhe igurane murakoze
Iryo kusanyirizo rya mata mwatubwiye muri BURERA riri mu wuhe murenge?
Muge mutugezaho amakuru yo mumirenge murakoze
Birababaje kugeza uyu munsi hari ahantu mu Rwanda hatari network nimwe ,FM itavuga kandi ubuyobozi bwa karere ka kirehe bubizi gusa ntibugire icyo bubikoraho ni MURI MPANGA KIREHE especially muri NASHO MUTUVUGANIRE KABISA
Yesterdy,i attended church services at Saint Famille as usual.In a third Mass,for the first time, i was astonished when,believers,were not able to have access on Holly communion,as" Austia" were not enough,long queu had to go home without,having Jesus Christ!!!.
natwe irusizi mudukorere ubuvugizi kukibazo cyumuriro nkomumurenge wankungu ntanisinga iba muyumurenge mutubarize?
RWAMAGANA IBURA RY, UMURIRO RIRAKABIJE EWASA ITABARE ABOGOSHA BO BARARIRA ABIFASHISHA AMASHANYARAZI INZARA IRATUMARA MUTUBARIZE,NI JUSTIN NGABO
Mbanje kubasuhuza mwebanyamakuru ba KIGALI TOday
twishimiramakuru mutugezaho arikomujye mutunyarukira no mumirenge nahomutubwire ukobyifashe
uwo muntu imana imwakire yashakaga imibereho
KONASABYE KO MWADUKORERA UBUVUGIZI KURI KUMUYOBOZI W’IKIGO NDERABUZIMA CYA NDORA MU KARERE KA GISAGARA AHO YIGIZE AKAMANA KUBURYO ABARAYE IZAMU ATABASIGIRA IMITI YO GUHA ABARWAYI KANDI N’ABAFOROMO ABAKATA PBF MUDUTABARE N’ABATURAGE TUZASHIRA
Banyamakuru tubashimiye amakuru meza mutugezaho aho iwacu kandi ndongera gushimira ubuyobozi bwadukuye mu mwigunge bakatwubakira ikiraro cya RWONDO uruzi rwarirugiye gutumarira abaturage murakaramba.
mujye mutugezaho amukuru uko bikwiye