Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1358 )

birare nze mubugesera kubo na umugabo yica umugore we nahi Mana

hakizimana eric yanditse ku itariki ya: 22-11-2013

ndashimira abayobozi b’AKARERE KA NGOMA kukobatugezaho amakuruyose kandi kugihe

NDARUHUTSE INNOCENT yanditse ku itariki ya: 22-11-2013

BAYOBOZI BACU MUKARERE KA KICUKIRO TUGERERANYIJE NAHO TWAHOZE UBU TURASHIMA KO HARIBYAGIYE BIKOSOKA GUSA TURASABA UMUYOBOZI AMANUKE MUMIRENGE AKORANE INAMA NABATURAGE NTITUMUHERUKA KUBIJYANYE NIBYAKOSOKA BYO NINKAHANDIHOSE MUMITANGIRE YA SERVICE NTACYIGENDA NKUBU MAZE IMINSI NSIRAGIRA KUMURENGE NSHAKA ICYANGOMBWA BAKAMBWIRA KO NTAMUYOBOZI UHARI(MASAKA)IMITANGIRE YIMYANYA NAYO YAKAZI MWISUBIREHO KOTUZIKO HARAHABURA ABAKOZI HARABURIKI NGO MUBASHYIREMO NUBWO TUTAMENYA IGIHE YAGIRIYEMO NTACYO KUBIJYANYE NUBUHINZI TURACYARI HASI IBISAMBU BIRACYARI BYINSHI BIDAHINZE NIBAGABANYE GUTEKINIKA BAKORE

RUHONDO yanditse ku itariki ya: 20-11-2013

Imisoro yacu barayongera kugira ngo babone ibyo kunyereza bihagike. Ariko Paul Kagame arahari kugira ngo aturengere, TUBYIZERE.

gatama yanditse ku itariki ya: 20-11-2013

Ndashimira abayobozi b’akarere ka Bugesera kubwitange bafite kuko bita kubibazo by’abaturage

PASCAL HABIMANA yanditse ku itariki ya: 19-11-2013

Mbanje kubashimira uru rubuga mwatanze ngo tujye twunganirana mu gutanga amakuru duharanirako twateza imbere igihugu cyacu.ndagirango nk’abantu mugera ku nzego zisa nizisumbuye za polisi ko mu karere ka Rwamagana’ umurenge wa Nyakariro ko nta mutekano uhari bitewe n’indiri y’abantu banywa ibiyobyambwenge nk’urumogi cyane rukaba rucururizwa mu mudugudu wa Bihembe kwa Ngiriyingabo na mukuruwe’polisi nitabare nta muturage ugitema igitoki cg ngo yorore agatungo kdi si ukuvuga ko bitazwi n’abayobozi ’mudutabarize’ basigaje kudusanga mu nzu. murakoze.

Alias yanditse ku itariki ya: 19-11-2013

KU WA 15/11/2013, MU KARERE KA GASTIBO HATAZWE INKA 344 ZITUWE MURI GAHUNDA YA GIRINKA ZIHABWA IMIRYANGO IKENNYE. IBI BYAKOZWE MU CYUMWERU CYA GIRINKA WEEK:11-15/11/2013. UYU MUHANGO WASOREJWE MU KARERE KA GATSIBO KU RWEGO RW’INTARA Y’IBURASIRAZUBA.

alias yanditse ku itariki ya: 19-11-2013

twagirango mudukorere ubuvugizi rwose, kuri company zishinzwe umutekano kuko harimo izihembera 3mois kandi bakaguhemba 1mois. ikindi nk’ iyo urwaye ukajya kwa muganga ntuzane repo medicale baguha absent niba baziko indwara zose zitangirwa repo ntago mbizi rwose!! bagiye bafata urupapuro wivurijeho ko ruba ruriho cachet, itariki,...(ariko ubundi leta yashyizeho amategeko agenga company itabishoboye igasenywa 4rexample TOPsec)

charlotte yanditse ku itariki ya: 19-11-2013

abantu ba NYamagabe barabura iki? kuki mutabigisha ikoranabuhanga ngo nabo bajye baboneka ku ku mbuga , ni ari ubumenyi buke mubahugure niba ari za mudasobwa badafite Leta igire icyo ibikoraho, niba kandi ari ikibazo cy’ umuriro Leta nishyiremo ingufu. ariko abo mumurenge wa Gasaka abo mu Gasarenda abo ku Kitabi iyo za Uwinkingi nasize bubaka ingomero z’ amashanyarazi rwose nibahugure abantu bakoreshe computer, nzi neza ko kuva kera Gikongoro bari intiti ariko rwose ubu bari ugusigara muruhando mpuzamahanga. Kigali today Imana ibahe umugisha kuko natwe abari hanze dushobora kumenya ibyo iwacu mukomereze aho.

john yanditse ku itariki ya: 18-11-2013

Akarereka nyanza mayor afite ikibazo(ajye avuga aza yasubiramo umuyobozi muzima abwira umuturage ngo niyo yakwiyahura....!) gusa kd yirinde kuyoborerwa kuko yatowe abandi bahari ahubwo nibamufashe kuyobora ark neza.

Alias dadi yanditse ku itariki ya: 16-11-2013

Mu karere ka kayonza,umurenge wa Rukara,akagari ka Rwimishinya duheze mu icuraburindi ryo kubura umuriro mugihe tugoswe n’utugari tuwufite.

KANYARUGURU John yanditse ku itariki ya: 15-11-2013

Murakoze ariko mutubarize impamvu mu karere ka ngoma mu murenge wa rukumberi hari amatsinga y’umuriro abaturage bakaba bari mumwijima?

Alias yanditse ku itariki ya: 14-11-2013

burakari nagije

kabaka yanditse ku itariki ya: 14-11-2013

Rurindo Mumurenge wa Ntarabana Ewasa Yaradutereranye.

Ndindabahi yanditse ku itariki ya: 13-11-2013

Mugiramahoro,...amashyi ngo kacikaci,mbere ndashimira iki kinyamakuru cyashyizeho gukurikirana amakuruyohiryanohino akarusho muturere iwacu none mboneyeho kubatuma kandi nizeyeko muzambera intumwanziza,mu MURENGE WA KAMUBUGA,MU KARERE KA GAKENKE,execif,etatcivil bisubireho ndabanengacyaneee bagabanye kunaniza abazababaga kandi bite no kukazi kabo,murakoze

NSABIMANA EVALISTE yanditse ku itariki ya: 12-11-2013

ni ayahe makuru mashya ya za kaminuza zo mu rwanda.

zirimwabagabo ok yanditse ku itariki ya: 11-11-2013

Mbanje kubasuhuza.nashaka kubibaza ese umuntu yabona ubutumwa binyuze muribunoburyo mtrakoze

Nduwayezu bonaventure yanditse ku itariki ya: 10-11-2013

EWASA nitabare ibura ryumuriro kayonza birakabije buri mugoroba

G.G yanditse ku itariki ya: 10-11-2013

Abaturage batuye Centre ya Nyagahita,akagari ka Mahoro ,umurenge wa MIMULI,akarere ka NYAGATARE, barasaba ubuvugizi bwo kuva mucuraburindi,bakeneye umuriro w’amashanyarazi,baribaza niba atari abanyarwanda kuko ntaterambere rigera aho batuye.

HABAMAHIRWE Jacques yanditse ku itariki ya: 10-11-2013

Mumurenge wamukarange harimo coperative yurubyiruko
ikora Umwuga w’ubudozibw’imyenda bugezweho biguriye imashine zijyanye nigihe mubakorere ubuvgizi mubijyanye namasoko. Kandi baterwe inkunka gushira mubikorwa ibitekerezo byabo fafite intego yo guteza imbere umwuga wubudozi bigisha nababyifuza udozi bugezweho bihesha agaciro coop girimbereheza Muri Mukarange.

mugenzi jean claude yanditse ku itariki ya: 7-11-2013

Ndashima cyane KIGALI today uburyo utugezaho amakuru kugihe kandi bagakora ubuvugizi aho bikwiye dufite ikibazo Muri Rwamagana mumurenge warubona Akagali Ka kabuye aho Ewsa yadutemeye urutoki Muri gahunda yikwirakwizwa ry’umuriro hakabarurwa ibyangijwe ariko ntibyishyurwe mudukorere ubuvugizi hishyurwe ibyagiye byangiza baduhe igurane murakoze

mugenzi jean Claude yanditse ku itariki ya: 7-11-2013

Iryo kusanyirizo rya mata mwatubwiye muri BURERA riri mu wuhe murenge?

kKURADUSENGE ISAAC yanditse ku itariki ya: 7-11-2013