Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1427 )

mutubarize meya waka rere karu hango icyo aziza amagare kandi atunze benci

alias yanditse ku itariki ya: 23-02-2014

Turabashimira Amakuru Meza Mutugezaho

Ndayisenga Emmy yanditse ku itariki ya: 21-02-2014

Nitwa Kwizera Robert niga mu ishuri rikuru nderabarezi rya matimba nagirango nsabe ababishinzwe ko mwashyiraho ingamba zihamye zo kurwanya abo bahinga , bakanywa urumogi. Mvuka mukarere ka Kayonza umurenge wa Rukara.

KWIZERA ROBERT yanditse ku itariki ya: 20-02-2014

ngendibariza ku byereke ubutaka ese ufite akarima gato akaba atarihafi yako karima

ngobazagatanga? ese udafite ubushobozi bwogukora mo ibikorwa

bazazitanga ngibyo ibibazo mfite

uwineza muhoza jacke yanditse ku itariki ya: 20-02-2014

murikamonyi mumurenge wamugina inkuba zirigukubita abantu burimutsi ejo zakubise abantu 4 ninka imwe.

habimana valens yanditse ku itariki ya: 17-02-2014

rurindo ikibazo cya baturage basinda bakarwana
muturebere isuku nke igaragara mugacentre ka kiruri kandi ubuyobozi bw’umudugudu bakaba butabishiramo ingufu ngo bwigishe abaturage isuku kandi byanaba ngombwa bakaba banahana abaturage bagenda barira munzira cyane ko aribo batera umwanda murakoze

uwase deny yanditse ku itariki ya: 17-02-2014

Turasaba ubuyobozi bwa Nyanza District ko bwareba niba hubakwa ubwiherero rusange ahafitiye abaturage akamaro.urugero ubwiherero bugiye kubakwa iMUGANDAMURE.Ese ababukeneye hariya mwabushyize ni bande?cg ni ugupfusha ubusa inkunga mugenerwa.amahirwe yinkunga mujye muyabyaza umusaruro.nimubushyire ahahurira abagenzi benshi urugero ku BIGEGA Cg kwa Hadji.Abdalah wipfusha ubusa inkunga yagenewe akarere.ubishidikanya azahagere arebe ko ubwo bwiherero bwubatswe aho buzabyazwa umusaruro.

NDEBAKURE yanditse ku itariki ya: 16-02-2014

MUTUBARIZE EWASA 10000F BASABA UMUNTU YOKUGUPIMIRA AHO UTERA IPOTO IMWE IGITI ARICYAWE I NYAMASHEKE UMURENGE WA KILIMBI

ELIAS yanditse ku itariki ya: 15-02-2014

twifuzagako uriya mugabo wa GISHARARA,KARUBUNGO,GITOKI ho muri GATSIBO witwa SIMBAVURA wafashe umwana kungufu yazazanwa gukatirwa mumudugudu kuko bivugwako hari n’abandi bana bagera muri 17 bari hagati y’imyaka 3 ni 6 yangije.

mazaba yanditse ku itariki ya: 15-02-2014

Turashimira muri rusange ubuyobozi bw’akarere ka Nyaruguru ingufu bukomeje gushyira mu burezi:hongerwa ibyumba by’amashuri,kugaburira abanyeshuri ku mashuri... ibi ni bimwe mubyo dukesha umusaruro mwiza w’abasore n’inkumi basoje umwaka w’amashuri wa 2013 S6 ndetse tukaba tuyobaye urutonnde mu mitsindire ugereranije n’utundi turere 30 ;Twese nk’abitsamuye dushyigikire uburezi n’uburere mu Rwanda nk’umusingi w’iterambere.

Rukundo Innocent patient yanditse ku itariki ya: 14-02-2014

turabasaba kutubariza meiawa ukarere karubavu igihe umuriro na maZI bizagerera mukagari kakinigi mumu renge wa nyamyumba murakoze

fulgence yanditse ku itariki ya: 14-02-2014

turashimira maire wa Rulindo kubw’ iterambere amaze kutugezaho!, ariko nk’ abaturage bo mumurenge wa Mbogo, akagali ka Bukoro, umudugudu wa GIHONGA, rwose dufite ikibazo gikomeye cyane cyo kutagira AMAZI kandi twese tuziko " AMAZI ARI ISOKO Y’ UBUZIMA!" nukuri rwose abaturage bo muri uwo mudugudu turababaye cyane!.

alias yanditse ku itariki ya: 13-02-2014

turashimira maire wa Rulindo kubw’ iterambere amaze kutugezaho!, ariko nk’ abaturage bo mumurenge wa Mbogo, akagali ka Bukoro, umudugudu wa GIHONGA, rwose dufite ikibazo gikomeye cyane cyo kutagira AMAZI kandi twese tuziko " AMAZI ARI ISOKO Y’ UBUZIMA!" nukuri rwose abaturage bo muri uwo mudugudu turababaye cyane!.

alias yanditse ku itariki ya: 13-02-2014

turashima cyane iyi gahunda ya my District today kuko igaragaza ibitagenda ikaba irushaho gukangura abayobozi ku kwita ku bikorwa byihutirwa kandi bifitiye abaturage akamaro

NSENGA JOSEPH yanditse ku itariki ya: 12-02-2014

MUTUBARIZE MEYA WA NGOMA UMUHANDA UHUZA NGOMA NA KIREHE UZAKORWA BIGENZE BITE?TURABAZA UMUHANDA UHUZA UMURENGE WA MURAMA NA GATORE?

VINCENT yanditse ku itariki ya: 12-02-2014

mutubarize maire wa kirehe impamvu mu kagari ka nyabigega batahabwa amazi n’umuriro kuko icyibazo cy’amazi gihangayikishije abahatuye.thx.

alias turabashimiye yanditse ku itariki ya: 11-02-2014

Mutubarize maire wa Gatsibo igihe umuhanda wa Ndatemwa-Muhura igihe uzakorerwa kuko uheruka gusanwa bitegura H.E president yenda kuza gutangiza ICT muri G.S MUHURA.Mutubarize kwigunga birarambiranye.

gedeo yanditse ku itariki ya: 10-02-2014

mutubarize na mayor wakarongi igihe umuhanda karongi gisovu bazawukorera?

touram yanditse ku itariki ya: 10-02-2014

MUTUBARIZE MAIRE WA NYAMAGABE IMPAMVU ADAHEMBA ABAKOZI

ALIAS yanditse ku itariki ya: 9-02-2014

GIHENGERI hujujwe cumbi rya mwalimu ariko banze ko abarimu barijyamo!

RUGUMIRE Gaspard yanditse ku itariki ya: 7-02-2014

Mutubarize akarere ka nyamasheke rwiyemezamirimo wari watsindiye isoko mugusoresha2012 2013 iryo soko ryitwa rugali na centre zose z’umurenge wa macuba zose,mwatuvuganiye rwose bakatwisha uwo rwiyemeza mirimo yitwa habiyaremye emmanuel murakoze.

Nyirahabimana julienne yanditse ku itariki ya: 5-02-2014

imishahara itajyanye n ibiciro by amasoko kubakozi bashinzwe umutekano

k. dad yanditse ku itariki ya: 2-02-2014