Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
urwo ruganda rwari rukenewe cyane
muraturyohereza pe kuko mwaje mukenewe 2
kw’i centre ya Migina hazwi nko mu Kabuga kw’isoko ;haramutse hageze umuriro w’amashanyarazi iterambere mu karere ka Gisagara ryarusha ho kwihuta kuko hari société nini icyeneye services nk’iza’papeteries,studios,secretaria’salons’n’izindi nyinsi abaturage bagombera kujya gushaka mu mugi wa Huye.OK UBUVUGIZI
mutubarize ubuyobozi bwakarere karubavu niba ririyasoko ryagisenyi nibarizarangizanya nuyumwaka ryuzuye
Turasaba ko akarere ka nyarugenge ka kwishyura amafaranga yabubatshe amashuri namacumbi ya mwarimu 2012 kuko guhora babeshya abaturage birarambiranye \mageragere\burema
nyarugenge yambuye abubatse amacumbi yabarimu namashuri
Akagali ka RUTARE Karihakurya yu muvumba ugana mumurenge wa Rwempasha aruguru yaho bahinga umuceri nu mudugudu ukomeye ufite amazu arenga mironga 70 kandi abaturage barahukeneye cyane mutuvuganire kandi tufite ubushobozi byo kuyishura tufite nu ubushake cyaneeeeeeeee! murakoze
Muraho bavandimwe turishimiye urubuga rwibitekerezo mwaduhaye none ndasaba reta y’urwanda bakuru bacu na barumuna bacu bamaze iminsi baburirwa irengero abandi tukabasanga mumiringoti bapfuye nuwabikoze ntagaragare nasabaga ko ibyo bikorwa byubugizi bwanabi babuhagarika murakoze
Dufite ikibazo cy’amazi muri Nyamirambo ahantu bita Rwarutabura nukuri tuvoma Ruhurura ariko n’imyanda gusa. Mudufashe mutubwirire EWASA
TURASHIMA H.E PAUL KAGAME KUBWITERAMBERE RY’IGIHUGU!
uru rumuri muri kamonyi twarwakiriye neza kandi ruzadufasha gutegura imitima yacu hakiri kare mbere yuko itariki yo gutangira icyunamo igera turashimira abayobozi bakarere kacu uburyo bagaragaza gukorana imbaraga nubushishozi baharanira iterambere rirambye.murakozr
EWSA mbona ikwiye ubuyobozi bushya ndetse nabakozi kuko abo dufite ubu birabagoye gukemura ikibazo dufite cyamashanyarazi kandi byabaye akarande "iterambere tudafite umuriro ntirishoboka "
Mutubwirire R.C.S(Rwanda Collection Service)muti abaturage ba Macuba-Nyamasheke bifuzako mwabishyura ingurane zaho muzubaka gereza kuko bategereje igihe kirekire kandi mwarababujije gukora ibikorwa biramba,ubwo rero turi gusigara mu iterambere.Murakoze
ndagirango mutubarize mayor wa Kamonyi igihe akagali ka Kagarama,umurenge wa Mugina tuzabonera amashanyarazi kuko nitwe dusigaranye umwijima gusa kandi muti tukuri inyuma mu iterambere ryose wifuriza abaturage bawe natwe turimo.murakoze
Ndasaba ko mwatubariza. ewasa impamvu itaduha amazi Muri Nyakabanda mu akarere ka Nyarugege hashize igihe tutayabona.
twabasabaga amakuru y,omukagari ka rutare umurege wa rwemasha.murakoze
mutubarize meya wa kirehe umuriro yatwemereye umurenge wa musaza tukaba amaso yaraheze hejuru, aha ewsa akazi karayinani pee!!
turasaba meya wa nyagatare ko yadusabira EWSA ko yaduha umuriro mukagari ka RUTARE Umurenge wa Rwempasha bahutunyujije ejuru ugana mumurenge wa rwempasha
ubwigunge butumereye nabi murakoze muzabitugerezeyo merici
Turasaba meya wa nyagatare yatuvuganira kuri EWSA ko yatunyujije umuriro ejuru mukagari ka RUTARE umurenge wa Rwempasha turasaba ko bahuduha murakoze
umudugudu wa gihira akagari ka nyabitare umurenge wa gacurabwenge akarere ka kamonyi turagaya ewasa yatubeshye umuriro muri 2011 nanubu amaso yaheze mukirere kandi twaratanze amafranga yibanze baratubaruye kera
gusa mukomerezaho nikorana buhanga ryacu kuko biradufasha mugutera imbere good
ndasaba ko mwatubariza reb(rwanda education board)igihe ibizamini bya leta bizasohokera.