
Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
|
murakoze kubuvugizi mukora ku babiyambaje! Muri Rusizi akarengane karabica mwatubariza mayor ko amabaruwa yandikwa mu izina rye agasinywa n’abungirije ayakorera suivi! ingero;akarengane kakorewe-ushinzwe amasomo kuri groupe saint paul(muko)bugarama,nushinzwe umutungo ubwo bagambaniwe numuyobozi w’ikigo yitwaje Gatera egide(gitifu) bizwiko bibanira nk,inshoreke na seo waho.byabayehe ko umubyeyi twakoranye neza tukazamura umubare w’abana batsinda tukaba abambere mu karere yiturwa gutabwa kugasozi ninda y:amezi 8,nyuma yigenzura ryakozwe na Bazile (mayor social)ryarangiye ari umwere,ntibyabuza ko ariwe wamusinyiye ngo ashingiye ku ibaruwa ya padiri wabyihishe inyuma ashakira uwo biganye gukora hafi basinyira umutegarugori guta urugo n’abana ninda y,imvutsi?ese umukozi uhembwa na leta padiri amufataho icyemezo ntategeko yishe gute akarere ko ari aka mayor?nyamara kuri icyo kigo hariwe 15millions,nibindi byinshi.twe abarimu mudukomye munkokora turabona gukoraneza bigiringaruka
TURANENGA UBURYO SEC.EX.NYABIHU ARIMO ARENGANA YARUMUNTU URWANIRA ISHAKA AKARERE.
Kamonyi EWSA itumereye nabi kutwima umuriro kumanwa naninjoro buri munsi nuko bimeze pe! mudutabarize murakoze
Ndashimira ubuyobozi bw’Akarere ka Ngoma uburyo barimo bagerageza guteza imbere umugi wabo nubwo bigaragara ko hagikenewe gukorwa byinshi ngo Ngoma ijye kuri standards z’indi mijyi imaze gutera imbere mu Rwanda.
turashimira ikinyamakuru cya Kigali today kuko amakuru arimo n’ibitekerezo ari ibyubaka.
ndashimira igitekerezo cya Kagabo Joseph koko kuki hari abadaha agaciro gahunda ya NDI UMUNYARWANDA kubitwibutsa ni ngombwa nkuko umuntu atagira aho yibagirwa izina rye
ndanshimira meya wa karere ka kayonza kubera igisushanyo mbondera cyu mugi,ubushobozi byumuntu nibwo bumuha gutura ahantu adashoye kubaka umugi bajye mucyaro, murakoze.
Muraho?Mwatubariza abashinzwe uburezi mu karere ka Rusizi,umurenge wa Bugarama,paroisse Mashyuza,impamvu hariwe millions zitagira ingano kukigo cyamashuli, mutagatifu Pawulo(Muko)ya computers,niba nyuma yigenzura rya mutation zahawe ushinzwe amasomo nushinzwe umutungo aribo icyaha cyahamye ko umuyobozi wikigo wayariye tubona yigaramiye?ese akarengane ntangaruka gafite kuburezi?ese iyo umuyobozi wo hasi arenganije umuntu uwo hejuru akabiha umugisha,ubwo amaherezo azaba ayahe?tugiye gukora nabi kuko nibyo bitagira ingaruka rero!
ndashimira police y urwanda uburyo ikora akazi kayo kaburi munsi?
umunyamabanganshingwabikorwa wa Giheke NDUWAYO Viateur bamwimuye vuba kandi twari tumutezeho byinshi KUKO giheke yasigaye inyuma
Dushimire mayor wa nyanza ,batangiye igikorwa cyo kuduha umuriro AMAYAGA BUSORO.
Mumugi Wakigali Turanenga Ibiciro Bya Transpor Bahindagura Burimusi
mwaramuste mberena merembajekubasuhuza twebwe twarumiwe umurenge wa ruhango mukarere karustiro hariruswa ikabije kuri porice impamvu. mbivuze hari uwitwa mukarurangwa kidamage numuntu ukundakugira urugomocyane police yije kutabara bamujyezayo bagahibamurekura akaza avugango turuswyanubusa ngo ifranga rirako rwosendagirango mudufashe turababaye murakoze
ndashimira ubuyobizizi bwakarere ka kamonyi kubwibyiza byose batugezaho
mwiriwe umutekano ni mucye I mihanga
hano mu bigo bya mashuri abana bagiye kwicwa ninzara aho abana barya uturyo ukagira ngo nutwo urihinja
murakoze kubwa amakuru meza mutugezaho,arko mukarere ka nyabihu hari ikibazo cyokuba hari abantu bashimuswe bakaba bari abaprofesser bakaba baraburiwe irengero none c ko ntabayoz babikurina bizagenda gute
Mwaramutse,mwatubariza mayor wa karere ka kayonza
icyo ateganyiriza abaturage bu murenge wa kabarondo
akagali ka ka kabura,
bategereje umuriro none amaso yaheze mukirere
kdi barimo bararushaho kwitezimbere
bikorera umuhanda.
Mwiriwe neza? mudukorere ubuvugizi ku kibazo cy’umutekano muke duterwa n’ibisambo byibisha imbunda n’ibikoresho gakondo kubera umwijima urangwa mu murenge wa rugerero na nyundo mu karere ka rubavu mu gihe bakagombye kugeza ahantu hose umuriro buri wese agacana agatara tukareba ko twa barwanya umutekano ukaboneka.
Mwiriwe neza? mudukorere ubuvugizi ku kibazo cy’umutekano muke duterwa n’ibisambo byibisha imbunda n’ibikoresho gakondo kubera umwijima urangwa mu murenge wa rugerero na nyundo mu karere ka rubavu mu gihe bakagombye kugeza ahantu hose umuriro buri wese agacana agatara tukareba ko twa barwanya umutekano ukaboneka.
mutubarize ewasa na meya wa akarere ko mukarere ka nyanza imidugudu iri kure y’umugi yabonye umuriro nka rugari b yegereye umugi yo yazize iki?bawutwemereye tugifata amazi 2012 mu kwa 12,umwaka ushize batwemerera ko le5/2/2014 tuzaba dufite umuriro byagiye nka za hene.turazira iki ibigo by’amashuri birahari,centre y’ubucuruzi ..
mwatubariza abakozi ba EWSA Rubavu kuko baturangarana bikabije tuhagera dutegesheje amafaranga arenga 6000fr(kugenda no kugaruka) bakatubwira ngo konegisiyo yabuze. ngo tuzagaruke ejo nabwo bikaba uko ngo konegisiyo iragenda buhoro ngo tuzagaruke ejo twagaruka ngo konegisiyo yatinze ubundi ngo iraza nabi.YEMWE MWA BAHANGA MWE!!! IYO KONEGISIYO NI IKI? NGO TUBIMENYE KO IGIYE KUZACA IBINTU cyane kuri twe tudasobanukiwe nicyo konegisiyo aricyo.
akarere ka nyagatare ndibuntsa EWAS akagari ka RUTARE Umurenge wa rwempasha UBWIGUNGE BUTUMEREYE NABI UMURIRO BAHUTUNYUJIJE EJURU UGANA RWEMPASHA MURAKOZE