Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1377 )

Turasaba ubuyobozi bwa Nyanza District ko bwareba niba hubakwa ubwiherero rusange ahafitiye abaturage akamaro.urugero ubwiherero bugiye kubakwa iMUGANDAMURE.Ese ababukeneye hariya mwabushyize ni bande?cg ni ugupfusha ubusa inkunga mugenerwa.amahirwe yinkunga mujye muyabyaza umusaruro.nimubushyire ahahurira abagenzi benshi urugero ku BIGEGA Cg kwa Hadji.Abdalah wipfusha ubusa inkunga yagenewe akarere.ubishidikanya azahagere arebe ko ubwo bwiherero bwubatswe aho buzabyazwa umusaruro.

NDEBAKURE yanditse ku itariki ya: 16-02-2014

MUTUBARIZE EWASA 10000F BASABA UMUNTU YOKUGUPIMIRA AHO UTERA IPOTO IMWE IGITI ARICYAWE I NYAMASHEKE UMURENGE WA KILIMBI

ELIAS yanditse ku itariki ya: 15-02-2014

twifuzagako uriya mugabo wa GISHARARA,KARUBUNGO,GITOKI ho muri GATSIBO witwa SIMBAVURA wafashe umwana kungufu yazazanwa gukatirwa mumudugudu kuko bivugwako hari n’abandi bana bagera muri 17 bari hagati y’imyaka 3 ni 6 yangije.

mazaba yanditse ku itariki ya: 15-02-2014

Turashimira muri rusange ubuyobozi bw’akarere ka Nyaruguru ingufu bukomeje gushyira mu burezi:hongerwa ibyumba by’amashuri,kugaburira abanyeshuri ku mashuri... ibi ni bimwe mubyo dukesha umusaruro mwiza w’abasore n’inkumi basoje umwaka w’amashuri wa 2013 S6 ndetse tukaba tuyobaye urutonnde mu mitsindire ugereranije n’utundi turere 30 ;Twese nk’abitsamuye dushyigikire uburezi n’uburere mu Rwanda nk’umusingi w’iterambere.

Rukundo Innocent patient yanditse ku itariki ya: 14-02-2014

turabasaba kutubariza meiawa ukarere karubavu igihe umuriro na maZI bizagerera mukagari kakinigi mumu renge wa nyamyumba murakoze

fulgence yanditse ku itariki ya: 14-02-2014

turashimira maire wa Rulindo kubw’ iterambere amaze kutugezaho!, ariko nk’ abaturage bo mumurenge wa Mbogo, akagali ka Bukoro, umudugudu wa GIHONGA, rwose dufite ikibazo gikomeye cyane cyo kutagira AMAZI kandi twese tuziko " AMAZI ARI ISOKO Y’ UBUZIMA!" nukuri rwose abaturage bo muri uwo mudugudu turababaye cyane!.

alias yanditse ku itariki ya: 13-02-2014

turashimira maire wa Rulindo kubw’ iterambere amaze kutugezaho!, ariko nk’ abaturage bo mumurenge wa Mbogo, akagali ka Bukoro, umudugudu wa GIHONGA, rwose dufite ikibazo gikomeye cyane cyo kutagira AMAZI kandi twese tuziko " AMAZI ARI ISOKO Y’ UBUZIMA!" nukuri rwose abaturage bo muri uwo mudugudu turababaye cyane!.

alias yanditse ku itariki ya: 13-02-2014

turashima cyane iyi gahunda ya my District today kuko igaragaza ibitagenda ikaba irushaho gukangura abayobozi ku kwita ku bikorwa byihutirwa kandi bifitiye abaturage akamaro

NSENGA JOSEPH yanditse ku itariki ya: 12-02-2014

MUTUBARIZE MEYA WA NGOMA UMUHANDA UHUZA NGOMA NA KIREHE UZAKORWA BIGENZE BITE?TURABAZA UMUHANDA UHUZA UMURENGE WA MURAMA NA GATORE?

VINCENT yanditse ku itariki ya: 12-02-2014

mutubarize maire wa kirehe impamvu mu kagari ka nyabigega batahabwa amazi n’umuriro kuko icyibazo cy’amazi gihangayikishije abahatuye.thx.

alias turabashimiye yanditse ku itariki ya: 11-02-2014

Mutubarize maire wa Gatsibo igihe umuhanda wa Ndatemwa-Muhura igihe uzakorerwa kuko uheruka gusanwa bitegura H.E president yenda kuza gutangiza ICT muri G.S MUHURA.Mutubarize kwigunga birarambiranye.

gedeo yanditse ku itariki ya: 10-02-2014

mutubarize na mayor wakarongi igihe umuhanda karongi gisovu bazawukorera?

touram yanditse ku itariki ya: 10-02-2014

MUTUBARIZE MAIRE WA NYAMAGABE IMPAMVU ADAHEMBA ABAKOZI

ALIAS yanditse ku itariki ya: 9-02-2014

GIHENGERI hujujwe cumbi rya mwalimu ariko banze ko abarimu barijyamo!

RUGUMIRE Gaspard yanditse ku itariki ya: 7-02-2014

Mutubarize akarere ka nyamasheke rwiyemezamirimo wari watsindiye isoko mugusoresha2012 2013 iryo soko ryitwa rugali na centre zose z’umurenge wa macuba zose,mwatuvuganiye rwose bakatwisha uwo rwiyemeza mirimo yitwa habiyaremye emmanuel murakoze.

Nyirahabimana julienne yanditse ku itariki ya: 5-02-2014

imishahara itajyanye n ibiciro by amasoko kubakozi bashinzwe umutekano

k. dad yanditse ku itariki ya: 2-02-2014

ndashima cyane maire wa kirehe arko nkasaba ko ko yakwigisha abayobozi butugali kuba intumwa na moteur za H E PAUL KAGAME ndahamya ko nawe (maire)yakoroherwa nakazi kuko arakora cyane. Ikindi birakwiye ko yakwita cyane kubikorwa remezo byimirenge iri mucyaro nka MPANGA,MUSHIKIRI NYARUBUYE bigora cyane muri mpanga huhuza ibikorwa byaho ex w,umurenge bimusaba gukoresha imbaraga gusa ntakoatagira. Nkuko bavuga ngo dukwiye kwita kumurwayi mbere yo gusura(visit) umuzima "says :H E PAUL KAGAME"

NTIRENGANYA yanditse ku itariki ya: 1-02-2014

Mu tubarize Maire wa Rulindo icyo bateganyiriza umuhanda NZOVE -RULI warapfuye cyene.

umukunzi yanditse ku itariki ya: 31-01-2014

Abayobozi ba nyarugenge bakemure akarengane gatandukanye gahari cyane cyane vice mayor sociale

alias yanditse ku itariki ya: 31-01-2014

Ab israel bamaze kwambuka inyanja itukura bibagiwe ibyo Imana yabakoreye uburyo yabahaye Manu bashonje uburyo yabatabaye mu butayu.Abo basirikare batangiye kugambaniea H.E.Kagame wazuye kino gihugu bimeze nk ab israel bibagiwe ineza.Ariko Ntamwanya tuzabaha wo kudusubiza inyuma turabamaganye n ababitekereza bandi babyumvireho INTORE ni umurinzi w ibyo yagezeho ntacyabisenya ireba.Mugire Amahoro

Richard Hategekimana yanditse ku itariki ya: 31-01-2014

uyumunsi nyabugogo dina yahagongeye umwana w’umukobwa avuye ku ishuri .ari mukigero cy’imyaka 10years

ntibanyurwadismas yanditse ku itariki ya: 30-01-2014

ko ntakisubizo mwaduhaye akagari ka rutare umurenge wa Rwempasha ikisubizo cyanyu kyiza turategereze merci

Alias yanditse ku itariki ya: 27-01-2014