Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
turikukwe namwe mutekerezo
NDASHIMA RETA KUMUTEKANO MWIZA
Turashimira twivuye inyuma S/E wa Bugarama,kuko aragereranywa n’umushumba mwiza!But kuko ntawe usesa uwo acyota niyo mpamvu nta mwarimu wari bugire icyo avugira muruhame kumpamvu z’umutekano we ariko dushyize agatima impembero kdi mugumye kutuba hafi imihigo twayesa da!Iyo uza kare n’abarenganijwe ntibaba bararenganye,"Akabaye icwende ntikoga"nimukomeze mutube hafi!Go a head!
Munsuhurize Peresenda Wacu Ndamukunda Cyane Mumubwire Azadusura Ryari Nyamasheke
ubucamanza bwomukarere karere ka rulindo murukiko rwabyumba rwariganije umuryango wa gituku ,kabagarambe claver na rucibigango murubanza rwo kuburanira abana babiri bavukana kugirango babone umunani mumutungo wase nkabo aribo akayezu maria na musazawe urukiko rukemezako batagomba kubona umunani nkabandi bana ngo kuberako ibyasigaye byarazwe undi mwana witwa kamonyo alexes tukaba dukomeje kwibaza niba umurage uruta umunani mudukorere ubuvugizi aho ni mukagali ka sayo ,umudugudu wa cyasuli,umurenge wa buyuga ho muntara yamayjaruguru.
turabibutsa mwatubwiriye meya wa nyagatare na EWAS ko icuraburindi ritumereyenabi muka gaki ka RUTARE umuriro bahutunyujije ejuru ugana mumurenge wa RWEMPASHA nyamuneka nimutuvuganire wenda bazadushingire amapoto gusa tuzawikurira MURAKOZE!
ino i rusizi îbyiciro byubudehe bizasubirwamo ryari kubanyeshuri bazajya kwiga muri kaminuza?,
Ndabasuhuje cyane nabamenyeshaga ko ubutumwa twatanze kubibera kuri st paul muko bugarama rusizi bwatumye harigushakishwa identification hagenderewe kutugirira nabi,gusa twizere ko namwe muharanira inyungu zabaturarwanda numutekano wababagana(customer’s security)tkx kigali to day turabakunda
Turashimira urwego rw’umuvunyi kuruzinduko bagiriye mukarere ka Rusizi le16/04/2014,ariko amazi atararenga inkombe mudusabire mayor gukoresha igenzura ku ikoreshwa ry’umutungo n’imyitwarire idahwitse y’umuyobozi w’ikigo ivugwa murwunge rw’amashuli rwa st paul Muko:inyito y’imikoreshereze ya capitation grand,imisanzu yakwa Ababyeyi turerera kuri iri shuri.urugero 7000 byakwa buri munyeshuri uhiyandikishije wese yitwa aya compter,ayiswe aya cloture ubu ibyaho byose nugutekinika wagirango uravuze akagushyira blacklist ubu akoresheje umutungo w’ikigo agambiriye guhitana uwo ariwe wese utabariza muko!mudutabare byose hitawe kumutekano wuwabazwa ntawe utabibona.
Nje nasabaga kurebana ubushishozi kukibazo cyubunini bw’umuhanda wapimweuzaba ufite metero44zubugari;twe abaturiye uwomuhanda byaratuyobeye,twarumiwe kuko ntanumwe uzasigara adasenyewe;nkabaziko ubutaka bw’Rd aributo ndumva ziriyamwarimukwiye kugira icyo mubikoraho mumaguru mashya!MURAKOZE!
Yes leader! Mashesha Health Center is in RUSIZI district, Gitambi sector.
Ndasaba Ubuvugizi: Nadepoje Diplome Yanjye Ya Orginal Muri HEC Nshaka Equivelence Hanyuma Bampamagara Bambwira Ko Byabonetse , Ngezeyo Babimpaye Sanga Harimo Equivelence Gusa Nta Diplome Irimo,ndabibabwira Barayishaka Barayibura Ubwo Ni Muri Secretariat Byari Biri Bambwira Ko Ishobora Kuba Iri Muri Archive Hashize Umwaka Ndababaza Bakambwirako Bakiyisha. Ndasaba Ko Mwamfasha Nkabona Iyo Diplome Yanjye.Murakoze Nitwa Mukaniyonsenga Lea Nize Muri D.R.C
NITWA ALIS,IGITEKEREZO CYANGE NI:DUSHAKAUMUHANDA
Yes ikigonderabuzima cya Mashesha iherereyehe gerageza udufashe uduhe Akarere n’Umurenge gusa ibindi ubiturekere urakoze kuba ijisho ry’Igihugu n’Abanyarwanda.
Umuvunyi afatanije n’ inzego zibifite munshingano zabo bihitire kureba ukuntu ikoreshwa nabi ry’ umutungo wa leta donc w’ abaturage uriho urakoreshwa nabi. aho umucungamari yasimbuye umuyobozi w’ ikigonderanuzima cya Mashesha, nawe ugaragara nk’ udahari, aho amasoko agera kuri 2000000 akarwa akanama k’ amasoko katabizi
Aho fagitire zihimbwa zikinjizwa muri comptabilite y’ ivuriro( isinga yajyanye umuriro kuruganda rw’ ibigori rw’abajyenama b’ ubuzima)........
muraho murakarama.mwatubarije impamvu diprome cyangwa seritifica zidata agaciro ariko provisaire ndashaka kuvuga uruhurya rwagateganyo rwogutwara ibinyabiziga nyuma yimyaka 2 rubarutaye agaciro kandi umuntu aba yarize muma eto ecol
Matare college yanze kuduha ayo twakoreye 2013 mutuvuganire Rusizi mayor
Turasaba urwego rw’umuvunyi na commission y’abakozi ba leta kujya gukurikirana akarengane kari kuvugwa muri Rusizi cyane cyane ahakomeje kugarukwaho (urwunge rw’amashuli Muko)byafasha leta kutikorera umuzigo w’imanza zikuruwe naba mpemuke ndamuke
umuhanda mashyuza site ntagitekerezo cyawo mwamenya?ko wagira umusaruro kubera uruganda rwa sima nimodoka ziwucamo kandi zipacyiye sim nizipa cyira imiceri ivamuri kariyarere ijya hanze nomumugi,wakigari nahandi .....
Harakorwa Iki Kugirango Kariya Karengane K’abarimu Bo Mu Karere Ka Rusisi Muri G S Muko Karagire Kdi Hatangwe Ubusobanuro Kugirango Tumenye Imvo N’imvano Yabyo?
Nyabuneka mudutabarize,mayor wacu(Rusizi) nadutabare,abarimu bo ku rwunge rw’amashuli muko yadusize kucyo we ubwe yise liste noire,kdi tumaze igihe dutaka mudutabare
Abarezi bo ku ishuri Kabarondo Vision Junior School i Kayonza ntibatangirwa amafaranga muri RSSB.Mubafashe barenganurwe.