Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1428 )

nkoweerss ndakwemera urugo ruhire

uwitonze corendina yanditse ku itariki ya: 7-08-2016

Muzasure Nyamasheke Kanjongo Kigarama Karehe Hari Amarozi Akabije Murakoze

Alias yanditse ku itariki ya: 1-08-2016

Inka Zubudehe Ziri Gutangwa Nabi Aho Umuyobozi W Umudugudu Yicara Wenyine Akandika Umuhaye Amafaranga Kugirango Amuhe Inka Ahamagaza Inama Yabaturage Bigasa Nko Kubibaratira Ntibahabwe Umwanya Ngo babyibonemo Uregero Akarere Ka Gisagara - Umurenge Wa Gikonko - Akagari Ka Gasagara - Umudugudu Wa Mugusa . Muzahagere Muganirize Abaturage Mwiyumvire Ukuntu Abaturage Bagowe " Uwo Muyobozi Twamusabye Kwegura Kuko Ntacyo Yaratumariye Yegera Umunyamabanga Shingwa Bikorwa Wakagari Araza Amusubizaho Kungufu Ze . Mudukorere Ubuvugizi .

Allias yanditse ku itariki ya: 31-07-2016

Ngoma umurengewakibungoakagari kagatonde kagizwenimidugudu irengicumi ituyekumudugudu neza duturanye nimirengifitumuriro namazimeza impandenimpande nikukinatwe bitatugeraho ntamuriro ntamazi ntaterambere

nshimiyimana David yanditse ku itariki ya: 28-07-2016

Ubukungu nimizamukireyakarere Ruhago amakurukikipe ya etwari

nshimiyimana David yanditse ku itariki ya: 28-07-2016

Muraho bantu batugezaho ibyiza? umwana bajyana kenya, birashoboka ko ari urucyuruzo nogushaka inyungu.

AHISHAKIYE Samuel yanditse ku itariki ya: 24-07-2016

mwiriwe muzaze kudusura tumaze amezi 3tudahembwa mugishanga aho turangije kugitunganya muguhingamo umuceri mukarere ka nyagatare na gatsibo umurenge ni katabagemu na kabarore na karangazi

safari elise yanditse ku itariki ya: 22-07-2016

muraho ndabsuhuje nkukomutuberayo nkabavugizi bigenga twagirango mutubarize kayonza mumurenge wamurama tuziriki ko bataduhumuriro doreko arinawo murenge usigayehagati yiyindimirenge ntamurirokoko nyamuneka mutugeragereze mudufashe bayobozi bacudukunda

alias nsenga yanditse ku itariki ya: 20-07-2016

mukarere kangoma ubuyobozi bukora neza ariko haraho bass nkabirengagiza uduce tumwe natumwe mwiterambere ryabaturage baho.kubona bajyana amashanyarazi namazi mumurenge wat rukila bagasimbuka hafi 20km bawunyuza hejuru yabandi baturage bigaragarako mumyaka 22ishize twibohoye ahitwa Samara ,kibaya hose ntaterambere narimwe rihagezwa ubwo ababyumva murabyumva mute? NGOMA ikubite agashyi pe.

hategekimana yanditse ku itariki ya: 17-07-2016

Njendashima Kt redio Uburyo yatunjeJejeho Ariyamakuruyo Muri Iriyanam Y A 27 Yahuje Umuryango Wubumwebwa Afu Yabibumbiyehamwe Murakoze

Tuyishim Joshuwa yanditse ku itariki ya: 17-07-2016

Turasabako Nabantu Bafite Amahoteli Bajyabatangaza Imyanya Yakai Babinyujije Mubitangazamakuru Kuko Ubona Hoteli Yubakwa Ejo Ugasanga Yatanjyiye Gukora Ntumenye Igihe Akazi Katanjyiwe Kandi Nawe Wari Ufite Ubumenyi Kuburyo Nawe Waza Ugahangana Nabandi Ku Isoko Ry’umurimo Mudufashe Kbsa

Moses yanditse ku itariki ya: 14-07-2016

tubashimiye uko tugezaho amakuru yukuri.

MATABARO JEREMIE yanditse ku itariki ya: 13-07-2016

turabashimira, mukoze

Juvenal yanditse ku itariki ya: 10-07-2016

kumenyaamakuruyiriwemukarerenkomokamo

myasirosaveri yanditse ku itariki ya: 7-07-2016

Muraho kt ngewe harikintu ndikwibaza mukatere kanyagatare mumurenge wa gatunda mukagari ka nyangara tumaze ukwezi nigice ntamuyobozi wakagari dufite akabayaraburiwe irengero kubera ibyaha akurikiranyweho byo kurya amafranga ya leta nonese ubwuburenganzira bwacu nkabaturage burubahirizwa? ese habuzundi baduha? mutubarize kandi turabakunda.

alias yanditse ku itariki ya: 4-07-2016

dushyikiye ingobo zacu zabohoye u Rwanda

Musengimana Cyprien yanditse ku itariki ya: 4-07-2016

Ndabaza ubuyobozi Munyiginya ibura iki? ngo ibone umuriro wamashanyarazi turinyuma mumajyambere pe

Ndagije yanditse ku itariki ya: 30-06-2016

ABOBAYOBOZI BARYA AMAFARANGA YABATURAGE NTIBAHANWE BYINTANGA RUGERO TUKABA DUTUYE IBUSORO

TWIZEYIMANA ETIENNE yanditse ku itariki ya: 25-06-2016

Kigali to day ndabakunda.murakoze

majoro daniel yanditse ku itariki ya: 25-06-2016

ibyo ntago aribyo.

jamvier yanditse ku itariki ya: 22-06-2016

Niba koko inganda za kawa zarafashe amazi y’ abaturage byaba bibabaje! nonese umuturage azagera ate muruganda kugirango a bone amazi?

Joel yanditse ku itariki ya: 21-06-2016

Niba koko inganda za kawa zarafashe amazi y’ abaturage byaba bibabaje! nonese umuturage azagera ate muruganda kugirango a bone amazi?

Joel yanditse ku itariki ya: 21-06-2016