Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1377 )

Turabakunda cyane ndetse ninama zanyu none mutubarize ubuyobozi bwa kigali plastics ltd twakoreye igihe kirenga amezi atandatu twatse contrat bahitwirukana ngo hari ibyabuze none abandi badusimbuye bari bamaze imyaka irenga ibiri nabo birukanwe ngo badapfira muruganda kubera ama produit bakoresha mwatubariza inzego zibishinzwe niba ntamperekeza zigomba gutangwa.

Muhayimana emmanuel yanditse ku itariki ya: 20-02-2016

umurenge wa MURUNDI akagari ka karambi, akarere ka Kayonza bamaze imyaka isaga itanu baremerewe amazi ndetse impombo zishyirwa mu butaka ariko amazi yarabuze. Habuze iki??????????????? ababishinzwe batuvuganire kbsa cg tuzashake uko twuvugira ikibazo kwa perezida wacu dukunda

mk yanditse ku itariki ya: 15-02-2016

Gewe nibaza ikibazo kikanyobera I Bugesera babuzwa ni iki gutunganya amazi koko habuze iki niba ari ubukene bw,akarere abaturage twafatanta tukagira icyo dukora cgakora dutegereje impinduka ko haricyo zizatanga kuri ububuyobozi bushy a twitegura.ntawarubara birasebetse baba bashaka kuduhindurira vision ntituzabyemera ubuzima burahenze .mutuvuganire ,gusa turabashimira ibyo badukoreye bindi byiza kd ndashima perizida was repuburica wacu w,uRwanda ugaragaza itandukaniro n,abandi bayobozi

emmy kazungu yanditse ku itariki ya: 13-02-2016

Njye ndashaka gusobanuza.
umuntu bibye Diplome ya A2 ni izihe nzira yacamo kugira ngo abone indi muri WDA.
Murakoze.

D’amour yanditse ku itariki ya: 12-02-2016

ntakintu kibabaza kuba umuturage avukira mu mugi wa kigali byo ngeye mu karere ka Nyarugenge akaba atazi uko amashanyarazi asa niba mugirango ndabeshye muzagere ahitwa I mageragere mu kagali ka Ntungamo naka Runzenze ubuyobozi bisa naho bwahatereranye bwiterera agati muryinyo kuko uje wese azabeshya abaturage ko agiye kubikora agashyingura dosiye iki harikiraro cyari kigiye kubakwa mukagari ka Ntungamo gihuza umurenge wa Mugina muri Kamonyi na Mageragere ibyo ntiwamenya aho byaheze ibyo nukuri itangazamakuru mukwiye kudufasha kuko ubuyobozi bwo tubona ntacyo bibabwiye nyamara the abaturage tuhatuye turigusira mu iterambere mutubarize icyo tuzira kuko birabaje cyane the twarumiwe

valens yanditse ku itariki ya: 3-02-2016

N
dabakunda cyane kandi ndabashimira ubusesenguzi,ibitekerezo mutugezaho haraho bivana abanyarwanda bibajyana munzira y’iterambere.None mfite ikifuzo mumfashe kubushakashsatsi munzego zose mukugaraza ibibazo bikeye umuti byihutirwa bifashijwe n’ikorana buhanga.Murakoze

MIGAMBI VENANT yanditse ku itariki ya: 2-02-2016

ahohantu ubwo twavugako ari hanze y’uRwanda

byirgiro yanditse ku itariki ya: 18-01-2016

Nigutebareba amanota yibizamini byaleta

zakaria yanditse ku itariki ya: 18-01-2016

KUBERIKI? IKIGONDERABUZIMA CYA RUGABANO TUTISHYURIRWA RAMA BURI KWEZI MUTUBARIZE AKARERE KARONGI.

KUBERIKI IYO BATEYE PENALITE IKIGO KUBURANGARE BWA COMPTABLE KUBERIKI IKIGO ARICYO CYISHYURA PENALITE MBERE HOSE ABAKORIKI?

IKIBAZO CY’UMUTEKANO yanditse ku itariki ya: 15-01-2016

muhanga mumurenge was mushishiro dufite ikibazo cy’isoko ribi, ritoya kandi riri kure( ahitwa kabadaha no kuruhande cyane) rikwiye kubakwa hafi y’ahitwa kwibereshi byibura. kagame turamwemera cyane.

eric max yanditse ku itariki ya: 8-01-2016

turifuzako twagabanyirizwa imisoro

Dusenge Enock yanditse ku itariki ya: 8-01-2016

Kwiha agaciro no kunyurwa ni ishema ry’Abanyarwanda.

Alphonse MBIGIRENTE yanditse ku itariki ya: 4-01-2016

Nitwe twigenera ulo tuhomba kubaho ntawundi tubisaba dufite ubushake ,ubushobozi n’uburenganzira bwo kwihitiramo ibitubereye .Abanyarwanda tuzi ibyacu!!. Abandi no.

Jean Bosco yanditse ku itariki ya: 24-12-2015

Nitwe twigenera ulo tuhomba kubaho ntawundi tubisaba dufite ubushake ,ubushobozi n’uburenganzira bwo kwihitiramo ibitubereye .Abanyarwanda tuzi ibyacu!!. Abandi no.

Jean Bosco yanditse ku itariki ya: 24-12-2015

Nukuri Umusaza turamukeneye twe referandumu twayitoye kera tukiyemeza ko rihinduka ahubwo se umusaza azatwemerera nukuri turamusabye azabitwemerere. none rero no mukarere ka rubavu rwose muduhe ubuyobozi bushoboye kuko abahari ntacyo bamaze nubwo manda yabo irangiye, reba nawe ngo baratuka abo bayoborana, ibibazo kubikemura ni mugicuku, ntago yari akwiye kuba umya politiki kuko ntabyo ashoboye, turasaba abasaza bacu barimo Mzee Kibata Djuma kuturebera umuntu ushoboye dore ko bo ari inyangamugayo kandi basobanutse bazi abakozi nabatari abakozi. murakoze cyane ariko ibindi byo byari bizima pe umusaza atugejeje ahantu heza cyane kandi turifuza ko akomeza.

muhizi yanditse ku itariki ya: 10-12-2015

Itejyeko rinduke kwitore umusaza wacu kagame

Benimana peter yanditse ku itariki ya: 7-12-2015

Peresida poul kagame twese nka banyarwanda turifuzayuko referandumuyahinduka tukitorera muzehe wacu

Manirafasha jackson yanditse ku itariki ya: 7-12-2015

gd::ggggg:gggggg:bbbvvbvv" SINJEMBONYE NGE ZE MULI AMELICA

ishimwe yanditse ku itariki ya: 7-12-2015

Abanyeshuri Bo muri UR_NYARUGENGE campus bat
arabona bourse biga muri Food science and technology (FST) Kuba muri kwiga biratugoye kuko izararaho Iraheta ubu haha nukwirirwa dusinzirira mu ishuri mudukorere
ubuvugizi

Elias yanditse ku itariki ya: 5-12-2015

Abanyeshuri Bo muri UR_NYARUGENGE campus bat
arabona bourse biga muri Food science and technology (FST) Kuba muri kwiga biratugoye kuko izararaho Iraheta ubu haha nukwirirwa dusinzirira mu ishuri mudukorere
ubuvugizi

Elias yanditse ku itariki ya: 5-12-2015

Muzatubwirire Ubuyobozi Bw,akarere Ka Nyamasheke Ko,abaturage B,umurenge Wa Nyabitekeri Akagari Ka Kigabiro Umudugudu Wamurambi Ko,hatagize Igikora Hashobora Kuvuka Indwara Y,impiswi Ndetse Na Korera bitewe No Kunnya Amazi Mabi Ubuyozi Bw,murenge Nubwa,akagari Bwirengagije Icyocyibazo Cyokubakira Abaturage Uwumugezi Ukaba Warangiritse Bikomeye Nyaboneka Mutwemerere Mutubere Abavugizi MURAKOZE

Habimana yanditse ku itariki ya: 5-12-2015

turashima ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bw’imiyoboreremyiza imaze gutuma Akarere kacu gatera imbere navuga nti" mukomereze aho kandi twese dufatanyije" rekambonereho no kubasaba ko mwazatubari ikibazo company ya SEBURIKOKO Emmanuel yambuye Abaturage bo mu murenge wa Rugendabali ubwo iyo company ya koraga umuhanda wo muri uwo murenge noneb amafaranga twahakoreye kugeza na nubu tukaba tutarayabona. murakoze yari HABIYAREMYE JEAN BOSCO

HABIYAREMYE JEAN BOSCO yanditse ku itariki ya: 29-11-2015