Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
Akarera ka Ngoma karimo gutera imbere rwose,haba mu mireho myiza y’abaturage,ubutabera ndetse n’ubukungu,ariko iterambere ryari rikwiriye no kugaragarira mu rubyiruko.Mudusabire ababishinzwe begere urubyiruko rwo nk’imbaraga z’igihugu kandi zubaka kuko rurasinziriye. MURAKOZE
muri rusange rubavu ibura ubwisanzure mumyubakire yumugi wayo congraturation kubimaze kugerwaho
Hari bintu nibaza bikanyobera, mukarere ka rusizi biyubakiye imihanda yo mukengero zumugi ariko kubaka mumugi rwagati byarabananiye nibaza ikibura kikanyobera nakumiro!!!
Muraho Muzatubarize impamvu akarere ka Gatsibo katadukorera umuhanda Muhura Ndatemwa turi u bwigunge cyane urebye muri Gatsibo niho dusigaye tutagira umuhand akandi buri gihe abayobozi twumva babihiga ariko ntagikorwa Murakoze!!
mwiriwe mute?njyewe niwefurije ko nazabona young grince kubera namukunze ubundi nahoraga mutora muri sper star2 iyagatatu niyigeze aboneka.ubusanzwe ndi umufana we wa muzika nkahorandeba amafoto ye uretse ni amashusho ye ya video shya yitwa "Like a boy"njyewe nashakaga kumenya number ye phone,nkaba narifuzagako azegukana salax a ward.murakoze
mutubarize aho umuriro w’amashanyarazi ugeze kuko igihe batubwiye cyararenze. murakoze kudutumikira.
Mwiriwe, ese ko mutavuga ku iterambere rya ngoma ,rigomba kwitabwaho hibandwa kuhantu nyaburanga mutubarize mayor uko bimeze.
mubyukuri dukeneye amazi meza mukagali ka mbogo kuko twabonye umuriro ariko amazi mabi aratumara kubera umwanda. ubu turacyavoma amazi mumiferege yo mugishanga.
Muraho?mbona haruturere wagirango ntabayobozi ntagikorwa cyamajyambere gihari urugero ni nka karere ka Ngoma
ariko se ko kabarondo yo ko itavugwa koko kariya kagali ka kabura katagira umuriro,amazi na yo ni ningorabahizi abcitse kwicumu amazu arendakubagwira,imitungo yabo banzekwishyurizwa
byaheze mu mumpapuro leta nitabare itangaza makuru rimanuke rirebe maze turusheho kwiyubakira igihugu!!!!
Murakoze turambiwe ni jambo ko umuhanda uzakorwa mu byumweru bibiri turabirambiwe nkuko turambiwe gusuka amazii pee mu muhanda umujyi bawukoze icyaro peee,ese ubundi mwa kwandiste ko munaniwe
Muraho, Ese ikitwa kurwanya ihohoterwa n’ihezwa n’iki? ko abantu babana n’ubumuga usanga bahezwa inyuma y’imiryango y’aho bifuza kugana, hakorwa iki kugirango iyo nzitizi ivanweho, ko ahao kubishakira umuti bii gukomeza kuzamurwa muntera?
MUraho, mutubarize ikibazo kubijyanye n’umuco, n’imkino ngororangingo y’abantu babana n’ubumuga mukarere ka NGOMA, ESE BO NTIBAKENERA KWIDAGADURA NO KUGARAGAZA UMUCO NK’ABANDI? Ababikurikiranira hafi iyo gahunda igezehe?
ibinu kamishibamukorera sibyizanamba mbaye nkawe nabarenga!
CNJR YA NYAMASHEKE IRASINZIRIYE PE!
Ndabaza ushinzwe kushyira abantu mugi-police bicahe?? bikorwa ryari??ko tubyifuza ariko tukabura uwo twabaza information. adress: [email protected]
imikorere yibitaro byagisirikare ikanombe ni myiza ariko uko bagabura rwose birutw anuko bareka abarwaza bakajya bagemurira abantu babo kuko umushora mari babihaye ntabyo ashoboye kuo agabura nabi cyane nde no mubintu bibi cyane agaburiramo
ibibazo biri mubitaro bya kirehe bibere isomo ibitaro bya Kacyiru police kuko aho bukera kubera ikibazo cy’abakozi bake bafite kdi bafite ababagana benshi biraza kuba nkibyaho namwe muzanyarukireyo murebe
ndabasuhuje,nagirango basomyi namwe banyamakuru muzanyarukire Ikanombe murebe uko ibitaro byaho bimaze gutera imbere (RMH)ariko rero nubwo byateye imbere ikibazo cyo kugaburira abarwayi cyarabananiye rwose twabasabaga ko bashaka rwiyemeza mirimo ubishoboye kuko n’uburyo bagemurira abarwayi ntabwo bijyanye nigihe ndetse nuburyo abarwayi barya ndetse nokunywa bikubite agashyi kdi babikosore vuba ba DR bavuye king faisol bazababwire uko ho bikorwa
mukomereze aho kayonza
Ndabasuhuje! mu karere ka nyaruguru umuhanda huye-kibeho ibyo kuwukora bijyezehe? mutubarize.
Turabashuhuje soko yibyishimo tuvomaho ubwenge nubushobozi.ndi mukarere ka nyagatare ariko mutuvuganire rwose ubu ntahotel tugira igezweho,imihanda rekada inyubako zibereye umugi ntazo nizubatswe ziragwa. nta vuriro rigezweho mbese birababaje mutubarize rwose murakoze.