Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1377 )

MUTUBARIZE M TN YATWAMBUYE AMAFARANGA YACU TWANDIKIYE AMASIMUKADI AHAAAAA! BIRABABAJE PEE!

NSENGIYUMVA yanditse ku itariki ya: 11-10-2013

mwarakoze cyane kutujyezaho iki kinyamakuru ariko nkasaba retako yakoze umuhanda uva kurikaburimbo ugana rukoma,gusa ntikore ujya kayenzi.ubwo sakarengane kwiterambere ryubucuruzi bwikayenzi?

levis yanditse ku itariki ya: 10-10-2013

aha?????? ywe abanyakigali ni danger::::::::::

rwabuzisoni yanditse ku itariki ya: 8-10-2013

Mbashimiye ku bw’ibyiza n’amakuru agezweho muduha,mukomereze aho

Tuyizere Sean Philippe yanditse ku itariki ya: 8-10-2013

Natwe muri Nyamasheke umurenge wa Nyabitekeri amapoto asaziye mu butaka kandi umuriro turawukeneye

UWIMANA ANNE MARIE yanditse ku itariki ya: 7-10-2013

Mwadukoreye Ubuvugizi Nkabantu Twubatse Isoko Ry’ I Nyanza,hakaba Hashize Imyaka Ibiri Tutarahembwa Rwiyemeza Mirimo Hitiyaremye Afrodisjust Size Avugako Akarere Katarayamuha.Mwatubariza Icyo Tuzira Mukarere Prz Isoko Ryaruzuye Barikoremo Ni Mudutabare Mbaye Mbashimiye

Imanaturikumwe Emmanuel yanditse ku itariki ya: 7-10-2013

Ko abanyamakuru tubrmera; mwadukoreye ubucukumbuzi bwimbitse ku kibazo kiri mu karere ka Ngoma aho Nambaje Aphrodise akomeje guteranya abakorera ? ?
ako karere bakaryana kugira ngo we akomeze yinjize bene wabo bazamufashe gucengeza amatwara ya PSD. Utugero yazanye murumuna we gukorera muri Kibungo amuhungishije i Kirehe aho yariye mutuelle yabaturage muri Gahara; ubu agiye gutwara mushiki we Nyirabagenzi kuyobora poste de sante ya Kazo bitanyuze mu mucyo. Genda Ngoma warakubititse!

Rusarika yanditse ku itariki ya: 6-10-2013

Mwadukorera ubuvugizi bakadukorera umuhanda wa Ruhango-Kinazi, nahantu umuhanda wacitse kinazi-Mutima. Turabashimiye!

Mbonabucya Gerard a.k.a DOGNOSE yanditse ku itariki ya: 5-10-2013

UMUDUGUDU NGANZO AKAGARI MATABA UMURENGE GIHANGO:ITERAMBERE TURIGEZE KURE KDI TWESE TWAVUYE MURI HIGH RISKS ZONE. ICYO TUBURA AMASHANYARAZI ; KDI TURASHIMIRA GAHUNDA YA LETA ITUGEJE KU ITERAMBERE,ARAREKWA NTASHIRA :NGANZO NI PARADIZO PARADIZO(MU CYEREKEZO 2020).

MUNYAMPUNDU CYPRIEN yanditse ku itariki ya: 1-10-2013

turabemera cyane rwose kubwa service nziza muduha.ariko mu murenge wa remera umuriro ntago watugezeho rwose si nzi icyo mwadufasha rero!!!!!!!!
murakoze cyane!

kizigenza mutangana yanditse ku itariki ya: 30-09-2013

mwatubarije

claude ckodelo yanditse ku itariki ya: 29-09-2013

Turashima byimazeyo Equipe iyoboye Kamonyi,ku imikoranire myiza n’abaturage.DUKORANE UMURAVA DUTERE IMBERE.

S. Jpaul yanditse ku itariki ya: 27-09-2013

mudufashe natwe dukeneye kaburimbo imusamvu hashize igihe kinini kobazawuduha mutubarize ni ngoma kibungo

petit yanditse ku itariki ya: 26-09-2013

Nimwihangane namwe umuriro muzawubona bidatinze.i Gikomero mu karere ka Gasabo turawubona mukanya gato.Amazi ni four hehe na rwakobo ndavuga ku isooko.buji bay bay!!

bonfils kn yanditse ku itariki ya: 25-09-2013

I GIKOMERO UMURIRO TURAWUKOZAHO IMITWE Y’INTOKI

ARIAS yanditse ku itariki ya: 25-09-2013

Nukuri mugerageze mutworohereze tubashe kwiga kukobirakomeye, wenda leta iduhe inguzanyo

hodari yanditse ku itariki ya: 23-09-2013

natwe mu karere ka nyanza,umurenge wa rwabicuma akagari ka runga turasaba abayobozi ba MTN gukemura ikibazo cya netuok dufite, maze tukikorera akazi neza.

alias yanditse ku itariki ya: 21-09-2013

Mudufashe natwe mudukuremukizima muduhe amashanyarazi mumurenge wa CYANIKA natwe twiteze imbere.

Mbonigaba François yanditse ku itariki ya: 19-09-2013

NATWE MUMURENGE WA GASANGE WOSE MURI GATSIBO WAGIRANGO TWAHEJWE NAMATEKA NTAMAZI DUFITE NTA NUMURIRO KANDI DUTANGA IMISORO YA LETA!

Alias yanditse ku itariki ya: 19-09-2013

nibyiza gukora gahunda nkizi zifasha mwu iterambere.
ariko hazabeho gukurikirana abahuguwe

muhire yanditse ku itariki ya: 19-09-2013

nukuri ndashimira abayobozi ba gasabo iterambere batugezaho!

epimaque sengabo yanditse ku itariki ya: 19-09-2013

mwatubwirira umuyobozi w’akarere ka nyamagabe akadusubiza abakozi bari bashinzwe amashyamba ko amaze gushiraho nyuma y’uko babirukanye

maniraho theo yanditse ku itariki ya: 18-09-2013