Umugabo w’Umunyamerika wubatse yatunguwe no kumva ubuzima bwamuhindukanye ubwo yajyaga kwa muganga bakambubwira ko ari umugore mu gihe yari azi ko ari umugabo kuva mu bwana bwe.
Abapolisi bari ku izamu ahitwa Rajasthan mu majyaruguru y’Ubuhinde batunguwe no kubona umugabo wari ufite umutwe w’umuntu mu ntoki ngo aje kwirega ko yaciye umukobwa we umutwe amuhora ibyo yise imyitwarire mibi.
Ahitwa Kondele mu Ntara ya Kisumu muri Kenya hafatiwe umwarimu wari aryamanye n’umukobwa yigishaga, bombi bari mu buriri bw’ababyeyi b’uwo mukobwa.
Umunya-Mexique witwa Manuel Uribe ari hafi kuzuza imyaka 47 y’amavuko kuri ubu afite ibiro 200. Amaze gusohoka mu nzu inshuro eshatu mu gihe cy’imyaka itandatu ariko afite icyizere ko azongera gusohoka ku nshuro ya kane ndetse akanakora ubukwe.
Abagore bagera ku 150 basiganywe ku maguru bambaye inketo ndende n’utujipo tugufi i Moscou mu gihugu cy’u Burusiya aho hari hateraniye imbaga y’abantu benshi bari baje kureba ari rushanwa.
Umugabo ufite imyaka 55 wo muri Zimbabwe arakekwaho gusambana n’umwe mu bana 5 yabyaranye n’umukobwa we bwite.
Mu mezi ashize mu karere ka Huye habaye cyamunara maze umuntu agura imodoka yo mu bwoko bwa Volkswagen (VW) amafaranga y’u Rwanda 7500.
Umugabo witwa Gösta Eloffson wo muri Suwedi yatunguwe no kumva abaganga bamubwira ko atwite nyamara ntabwo byari byo ahubwo ni ibimenyetso yagaragazaga ko afite mikorobe zigaragara ku mugore utwite.
Umurusiya Dimitri Tsykalov utuye mu Bufaransa afite ubuhanga yihariye bwo guhanga ibikanka by’abantu cyane cyane amagufwa agize umutwe akoresheje imbuto ziribwa.
Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara na Kaminuza ya Skövde yo mu gihugu cya Suède buragaragaza ko urubyiruko rwo muri cyo gihugu rufata kwandura indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina nk’ikimenyetso cy’ubukure aho kuba ikibazo.
Hashize ukwezi umunyabugeni w’Umuyapani agaburiye abantu imwe mumyanya myibarukiro ye, nyuma yo kubibasaba nabo bakabyemera.
Muri Kenya, umukobwa w’imyaka 16 aherutse gusoroma urumogi araruteka arugaburira abantu aziko ari imboga.
Abakobwa 15 bigaga mu ishuri ry’ahitwa Bungoma muri Kenya baviriye mu ishuri icyarimwe bamaze guterwa inda n’umuhungu umwe bivugwa ko yamaze kuba rubebe mu gusambanya abanyeshuri bakiri bato akabahonga amafaranga.
Umukobwa w’imyaka 29 ukomoka mu Bwongereza yatawe muri yombi nyuma yo kwiba amayero ibihumbi 200 (amanyarwanda asaga miliyoni 150) kugira ngo akore ubukwe bwiza yifuzaga.
Michael Nicholson of Kalamazoo, bahimba "Mich", wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika aherutse gutsindira impamyabumenyi ye ya 29 yo ku rwego rwa kaminuza mu gihe abandi bagerageje kwiga menshi usanga batarengeje eshanu.
Polisi yo muri Irani cyategetse ko abagore baba muri icyo gihugu batazongera kurebera umupira hamwe n’abagabo kubera ko iyo abantu bareba umupira hashobora kuzamo ibyishimo, abagabo n’abagore bari hamwe mu mupira bakaba bakwikubanaho kandi idini ya kiyisilamu ikomeye muri Irani itabyemera.
Umugabo w’Umuhinde witwa Reshma Banu afunzwe na polisi y’icyo gihugu azira kwica umwana we amuziza ko ari umukobwa kandi bikaba bitari kuzamworohera kumubonera inkwano kuko muri icyo gihugu hari amoko ategeka ko abakobwa aribo batanga inkwano.
Umuryango w’umwami wa Espagne wababajwe cyane no kumva ko umwami Juan Carlos, yakoze amahano akabyara umwana w’umukobwa mu gihugu cy’Ububiligi akamuhisha none bakaba babimenye amaze kugira imyaka 46.
Mu mujyi wa Madrid muri Esipanye habaye imyigaragambyo y’abamagana ko abagendera mu modoka bagendera nabi abanyonzi bagendera ku magare mu muhanda, bakabahutaza.
Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza, David Cameron, yasohokanye n’umwana we w’imyaka 8 amwibagiriwa mu kabari.
Sosiyete ya OHEA yo mu gihugu cya yatangaje ko yamaze gukora uburiri butangaje, bemeza iyo umuntu abubyutsemo buhita bwisasa mu gihe cy’amasegonda mirongo itanu gusa.
Igipolisi cya Watertown i New York muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika cyafunze Jessica Baughman ufite imyaka 21 azira kwica ndetse akanakaranga amafi ya nyirakuru.
Umwana witwa Victor Kasparas Abromavicius ufite amezi 11 y’amavuko yagukanye irushanwa ryo gusiganwa ku bana bakambakamba mu gihugu cya Lituanie.
Umunyamerika ufite imyaka 69 yategetswe n’urukiko kwishyura amadolari ya Amerika ibihumbi 900 (mafaranga y’u Rwanda asaga miliyoni 553) umukecuru w’imyaka 49 bakoranye imibonano mpuzabitsina akamwanduza indwara yandurira mu mibonano mpuzabitsina kandi umukecuru yari yamuhaye agakingirizo akoresha, umusaza akabyanga.
Abaturage bo mu murenge wa Ruli mu karere ka Gakenke bahagaritse imirimo mu gihe cy’amasaha nk’abiri ku gicamutsi cyo ku wa kane tariki 07/06/2012 ubwo bakubitaga bakuzura baje kureba kajugujugu yari yaguye muri uwo murenge.
Abakozi b’uruganda rukora inkweto mu gihugu cya Zimbabwe batangaje ko barambiwe gukorera inkweto ebyiri buri kwezi aho guhembwa amafaranga. Ubwo buryo bwo guhembwa bari bamazemo imyaka ibiri.
Umugabo witwa William Masvinu uherutse gutorerwa kuba mubi kurusha abandi mu mujyi wa Harare muri Zimbabwe ahangayikishijwe n’uko abamamaza birengagiza ikamba yahawe ryo kuba mubi kurusha abandi kandi ashaka ko iryo kamba ryamubyarira n’agafaranga.
Car Tang Shuquan, umugabo w’Umushinwa uvugwaho guca agahigo ko kuba mubi kurusha abandi ku isi yashyizeho igihembo c’amafaranga ibihumbi ijana by’amashinwa ku muntu ngo uzakora ubufundo (grimace) butuma aba mubi nk’ubwo we akora.
Urubyiruko rugira impumpuro isa nk’itari nziza ugereranyije n’abantu bari mu zabukuru nk’uko byavuye mu bushakashatsi bwakozwe n’impuguke z’Abanyamerika.
Injangwe yitwa Meow yo mu gihugu cya Nouveau-Mexique niyo ifite ibiro 18 ica agahigo ko kuba ifite ibiro byinshi kuri iyi si.