Umwana w’umukobwa w’imyaka itatu witwa Sofya Dickson amaze kuba icyamamare kubera amashusho yamugarageje yurira ku rukuta rw’inzu mu buryo budasanzwe bwatangaje abantu benshi.
Umubyeyi witwa Nirvanna Jeannette utuye mu majyepfo ya Leta Zunze za Amerika muri Leta ya Georgia mu gace kitwa Savannah yirukanwe mu rusengero nyuma yaho azamuye umwambaro we atangiye konsa umwana we.
Nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina, abagore baba bashaka kuganira n’uwo baryamanye cyangwa gukomeza iyo mibonano mu gihe abagabo bo bashimishwa no guhita basinzira nta kindi bitayeho ku buryo hari abagore bashobora gukeka ko badakunzwe n’umugabo bari kumwe.
Iyi kamyo (camion) yo mu bwoko bwa FIAT yakozwe mu 1970 iracyakoreshwa mu kazi gatandukanye mu mujyi wa Karongi. Abazi Kibuye ya kera (Karongi y’ubu) bavuga ko bayizi mbere y’1994 kandi nabwo ngo yari ishaje.
Umugabo yagiye gusaba umugeni atazi Ikinyarwanda, gusa yari azi ko agomba gukoresha imigani ya Kinyarwanda kuko yari azi ko bihagije ko haba hari amagambo ari muri iyo migani kandi ahuye n’ayo yakoresheje mu ijambo avuze.
Umugabo wo mu Buhinde witwa Sohanlal Chouhan w’imyaka 45 y’amavuko ari mu maboko ya polisi azira kudodera umwenda w’imbere ufite ingufuri umugore we witwa Rhada Sitabai arwanya ko ashobora kumuca inyuma.
Liang Xiaoxiao wo mu gihugu cy’u Bushinwa ufite imyaka itatu y’amavuko, ibiro 2.5 areshya na sentimetero 54 bivugwa ko ariwe mukobwa muto ku isi.
Umwongereza witwa Wayne Forrester w’imyaka 34 yakatiwe gufungwa burundu n’urukiko rwo mu Bwongereza azira ko yishe uwari umugore we amaze kumenya ko yanditse kuri Facebook ko ari ingaragu ishaka inshuti (single).
Ku bagore bamwe, udukapu twabaye nk’imbago uwamugaye adashobora gusiga ngo atere intambwe. Ariko se ni iki kiba kirimo abagore n’abakobwa bakomeraho cyane ku buryo ntawe upfa gutirimuka muri bo adatwaye agakapu?
Jonah Falcon, umugabo uca agahigo mu kurusha abandi bagabo igitsina kirekire ngo abangamirwa cyane no kugenda mu ndege kuko igihe cyose agiye gukora urugendo mu ndenge bamusaka igihe kinini kubera igitsina cye.
Umugabo utaratangajwe izina wo mu gihugu cy’u Buhinde wakuwemo inzoka mu jisho ireshya na santimetero 13.
Ramadan wifata nk’umuvugabutumwa, yahagaritse abantu bari bitabiriye isoko abamarana amasaha agera hafi kuri atandatu ababwiriza ijambo ry’Imana akananyuzamo akabahanurira ibizaba.
Umwanzuro w’urukiko rwo mu gihugu cya Iran wo guhanisha umugabo guha umugore we indabo 777 z’amaroza watumye umugore ahindura icyemezo cye cyo kuregera ubutane.
Sasha Kennedy, Umwongerezakazi w’imyaka 26 y’amavuko, anywa litiro 25 z’amazi buri munsi. Ibi bivuze ko anywa hejuru ya litiro imwe y’amazi mu isaha.
Umugore witwa Pauline Potter wo muri Leta ya Carifilonia muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika yategetswe n’umuganga gukora imibonano mpuzabitsina byibuze inshuro 7 ku munsi kugira ngo abashe kunanuka.
Umugabo w’Umunyamerika wubatse yatunguwe no kumva ubuzima bwamuhindukanye ubwo yajyaga kwa muganga bakambubwira ko ari umugore mu gihe yari azi ko ari umugabo kuva mu bwana bwe.
Abapolisi bari ku izamu ahitwa Rajasthan mu majyaruguru y’Ubuhinde batunguwe no kubona umugabo wari ufite umutwe w’umuntu mu ntoki ngo aje kwirega ko yaciye umukobwa we umutwe amuhora ibyo yise imyitwarire mibi.
Ahitwa Kondele mu Ntara ya Kisumu muri Kenya hafatiwe umwarimu wari aryamanye n’umukobwa yigishaga, bombi bari mu buriri bw’ababyeyi b’uwo mukobwa.
Umunya-Mexique witwa Manuel Uribe ari hafi kuzuza imyaka 47 y’amavuko kuri ubu afite ibiro 200. Amaze gusohoka mu nzu inshuro eshatu mu gihe cy’imyaka itandatu ariko afite icyizere ko azongera gusohoka ku nshuro ya kane ndetse akanakora ubukwe.
Abagore bagera ku 150 basiganywe ku maguru bambaye inketo ndende n’utujipo tugufi i Moscou mu gihugu cy’u Burusiya aho hari hateraniye imbaga y’abantu benshi bari baje kureba ari rushanwa.
Umugabo ufite imyaka 55 wo muri Zimbabwe arakekwaho gusambana n’umwe mu bana 5 yabyaranye n’umukobwa we bwite.
Mu mezi ashize mu karere ka Huye habaye cyamunara maze umuntu agura imodoka yo mu bwoko bwa Volkswagen (VW) amafaranga y’u Rwanda 7500.
Umugabo witwa Gösta Eloffson wo muri Suwedi yatunguwe no kumva abaganga bamubwira ko atwite nyamara ntabwo byari byo ahubwo ni ibimenyetso yagaragazaga ko afite mikorobe zigaragara ku mugore utwite.
Umurusiya Dimitri Tsykalov utuye mu Bufaransa afite ubuhanga yihariye bwo guhanga ibikanka by’abantu cyane cyane amagufwa agize umutwe akoresheje imbuto ziribwa.
Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara na Kaminuza ya Skövde yo mu gihugu cya Suède buragaragaza ko urubyiruko rwo muri cyo gihugu rufata kwandura indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina nk’ikimenyetso cy’ubukure aho kuba ikibazo.
Hashize ukwezi umunyabugeni w’Umuyapani agaburiye abantu imwe mumyanya myibarukiro ye, nyuma yo kubibasaba nabo bakabyemera.
Muri Kenya, umukobwa w’imyaka 16 aherutse gusoroma urumogi araruteka arugaburira abantu aziko ari imboga.
Abakobwa 15 bigaga mu ishuri ry’ahitwa Bungoma muri Kenya baviriye mu ishuri icyarimwe bamaze guterwa inda n’umuhungu umwe bivugwa ko yamaze kuba rubebe mu gusambanya abanyeshuri bakiri bato akabahonga amafaranga.
Umukobwa w’imyaka 29 ukomoka mu Bwongereza yatawe muri yombi nyuma yo kwiba amayero ibihumbi 200 (amanyarwanda asaga miliyoni 150) kugira ngo akore ubukwe bwiza yifuzaga.
Michael Nicholson of Kalamazoo, bahimba "Mich", wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika aherutse gutsindira impamyabumenyi ye ya 29 yo ku rwego rwa kaminuza mu gihe abandi bagerageje kwiga menshi usanga batarengeje eshanu.