Bakoreye imibonano mpuzabitsina mu isoko rwagati
Abanyamerika Julian Appel ufite imyaka 22 y’amavuko na Tina Gianakon w’imyaka 35 bari mu maboko ya polisi bakurikiranyweho gukorera imibonano mpuzabitsina mu isoko (supermarché) rwagati.
Izi nshuti zikurikiranyweho icyaha cy’urukozasoni ngo ku mugoroba wo ku wa 29 Nyakanga 2012 ubwo zarimo guhaha mu iduka ryitwa Walmart i Hutchinson muri Leta ya Kansas ngo zikaba zarakoreye mu ruhame imbere y’abandi bakiliya ibyo umubiri wazisabaga.
Nyuma yo kubabona bakorera imibonano mpuzabitsina nta gutinya amaso, nyiri supermarket yitabaje polisi ihita ibata muri yombi; nk’uko byatangajwe n’urubuga www.7sur7.be.
Polisi yahise ibafungira muri gereza ya Reno aho bavuye nyuma yo gutanga amafaranga y’incungu mu gihe bategereje kugezwa imbere y’ubutabera. Julian na Tina bazitaba ubutabera nyuma y’iminsi itanu uhereye igihe bakoreye icyaha.
Niyonzima Oswald
Ibitekerezo ( 276 )
Ohereza igitekerezo
|
Ntakosa bakoze ark ni urukundo rwabo
mwiriwemute
nejejwenokubabona
nokurora.ibyizamwanditse umunzimwiza
Njyewe ndumva kubakatira ryaba ari ihohiterwa bakorewe nonese hari uwafashe undi kungufu? Bakwiriwe kwigishwa indanga favorited na kurazira gusa
ah isi igeze kure reta igombakubahana.
imana injye itubabarira pe naho nibibazo..
Eee?Imana idufashe ntibizagereiwacu .gusa abo bantu babahane.
uwo muntu akwiye gukatirwa peee!!! kuko ndumva aramahano
abo Bantu njye ndumva barengana!Nonese hari uwo bahohoteye cg babangamiye?? cyakora bashyirwe mu itorero bigishwe indangagaciro naho gereza byo bararengereye.
mubafungepeeee
turabashima amakuru mutujyezaho abo bantu babakatire baba basebya igihugu!
nibikwiye bakwiye gukatirwa
bagenzure ko umwe muribo adafite ikibazo cyo mu mutwe.
Ibibibirakabijepe! ahubwo babakatireto.
NUKUBAHANA BIKOMEYE GUSA BIZAGERE MURWAND
Ntago byoroshye Imana iturenjyere kuko turi mu Minsi ya nyuma.
bira tangajepeee !!! wasanga ariwomucowabo.
akwiye gukubitwa