Abafite ubumuga bw’uruhu bo mu Ntara y’Amajyaruguru, bavuga ko ibibazo byabo babihariye inama ya 14 y’umushyikirano, kugira ngo ibishakire ibisubizo.
Abatuye mu Ntara y’Amajyaruguru batangaza ko Rwanda Day ituma Abanyarwanda baba hanze barushaho kumva no gusobanukirwa igihugu cyabo, bakanamenya ko hari igihango bafitanye nacyo.
Abaturage bo mu Ntara y’Amajyaruguru bavuga ko kuba baregerejwe amavuriro byatumye bibohora ikibazo cyo gusangira ibinini no kurembera mu rugo.