Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1377 )

Nyagasani Yezu nabane namwe!Urugo rubuze umugore ntirubarizwaho impuhwe!uti kuki?Bwambere mumateka ya CIMERWA Ltd uruganda rukora ciment ruri mukarere ka Rusizi,ruyobowe numutegarugori!uwo ni Madame BUSI LEGODI wo muri afurika y’epfo.dore udushya:akunda abantu bose cyane cyane aboroheje.ntakunda kwicara muri place d’honneur.ataramara ukwezi kumwe yari afite abana batishoboye yishyurira amashuri.bureau ye ihora ikinguye.iyo ashaka gusokoza ntarenga aho kuri centre ya CIMERWA,dore agahebuzo bwa mbere mumateka yuru ruganda yaherekeje neza abakozi 5 bageze igihe cyibiruhuko byizabukuru.mubirori yishimye cyane yabaga yiyicaraniye nimiryango yabo bakorerwaga ibirori!icyo byanyigishije:umunyabwenge arangwa nurukundo,kwicisha bugufi n’ubuntu.

Joyful yanditse ku itariki ya: 29-03-2014

Nyagasani Yezu nabane namwe!Urugo rubuze umugore ntirubarizwaho impuhwe!uti kuki?Bwambere mumateka ya CIMERWA Ltd uruganda rukora ciment ruri mukarere ka Rusizi,ruyobowe numutegarugori!uwo ni Madame BUSI LEGODI wo muri afurika y’epfo.dore udushya:akunda abantu bose cyane cyane aboroheje.ntakunda kwicara muri place d’honneur.ataramara ukwezi kumwe yari afite abana batishoboye yishyurira amashuri.bureau ye ihora ikinguye.iyo ashaka gusokoza ntarenga aho kuri centre ya CIMERWA,dore agahebuzo bwa mbere mumateka yuru ruganda yaherekeje neza abakozi 5 bageze igihe cyibiruhuko byizabukuru.mubirori yishimye cyane yabaga yiyicaraniye nimiryango yabo bakorerwaga ibirori!icyo byanyigishije:umunyabwenge arangwa nurukundo,kwicisha bugufi n’ubuntu.

Joyful yanditse ku itariki ya: 29-03-2014

burera turabashima ariko bagabanye ironda karere mubuyobozi kuko hayobora umurenge yumwe gusa abandi ntibamenya aho ibizaminimbyakorewe murakoze

SAGAHUTU Israel yanditse ku itariki ya: 28-03-2014

Nshimiye iyigahundamwashizeho y okugaragarizamo icyo umuntu atekereza nkabamboneyeho umwanya w ogushimira maiya w akarere ka rubavu uburyo agumya kwita kubibazobyabaturage kandi akababonera ibisubizobibanyuze :

Aprodisi yanditse ku itariki ya: 28-03-2014

Turishimira sec ex wa Bugarama twamaze kumenyako ari umugabo wukuri,turamusaba kutwibagiza akarengane na munyangire Gatera adusigiye!kdi yihutire gukurikirana ibyo umuyobozi w’ikigo cy’urwunge rw’amashuri cya Muko kko nyuma yo kwirenza uwari amwungirije ushinzwe amasomo,n’ushinzwe umutungo yamaze gukora icyo yise liste noir y’abarimu atiyumvamo,kdi abandi arikubahuriza mukabari vip buri mugoroba (means udutsiko)kdi arigamba gushora imari(y’ikigo)mugushakisha uwo ariwe wese watanze amakuru y’ibibera mukarima ke yarazwe na Egide(ajya kujya i Giheke)yasize avuzeko azirenza uwo ashatse wese atitaye kuburezi nuburere bw,abana ashinzwe!!our new leader burizamo impamvu yose yatuma udashyika kunshingano wemereye mayor wacu,gira uruhare rukomeye mugufasha mayor gusubiza Rusizi mu myanya ya mbere kurwego rw’igihugu tubikesha umurenge wacu.kigali to day hari abaje gushakira identification yacu aho!

Gitimujisho yanditse ku itariki ya: 27-03-2014

ARIKO IGIHE TWATAKAMBIYE NGO MUTUBARIZE AKARERE KA MUHANGA ICYO GAKORA NGO ABATURAGE BAMBUWE NA CT MUHANGA AMAFARANGA YABO HASHIZE IMYAKA ITATU BAYABONE KO BAHEZE MU GIHIRAHORO MWABAFASHA MUKABAGIRA INAMA KO AKARERE KICECEKEYE BIZAGENDA BITE KOKO?UBWO ICYO KIBAZO NACYO KIZATEGEREZE MUZEHE WACU PEREZIDA KO YAGOWE?

KIGINGI yanditse ku itariki ya: 27-03-2014

college urumuri tumaze imyaka 2 tudatangirwa CSR,no Kubona Umushahara Ninduru.Mutubarize

Alias yanditse ku itariki ya: 27-03-2014

Akarere ka Gatsibo ariko kanjye ndagashimira cyane k,uburezi bufite ireme kakomeje kugeza kubana babanyarwanda,utundi turere turebereho,uburezi bw,abana babakobwa ntago turinyuma cyane usibyo kowenda kazareba niba hari abatajya kwiga bakamenya impamvu zabo,Gatsibo yacu komerezaho.

Ayirwanda yanditse ku itariki ya: 26-03-2014

Muri nyabihu umurenge wa Rugera tumaze amezi atatu nta muriro mutubarize ewasa,uko tuzawubona.

ALIAS yanditse ku itariki ya: 25-03-2014

Turibaza twe abaturage bo mumurenge wa jomba ho mukarere ka nyabihu akarere katihutisha gahunda yo kuduha umuriro kd baraje gupima aho bazashyira amapoto arko amaso yaheze mukirere mutubarize ni mukagari ka gasura kuko barikutundindiza cyane!thx

Alias yanditse ku itariki ya: 25-03-2014

Umuvunyi yongere imbaraga mukazi ke ndabona ifi nini zatsembyeho udutoya nugutabara amagi zitarayamira bunguri!Icyo wakibaza niki gitumye mu karere ka Rusizi haduka akarengane no kunyereza ibya rubanda?mwibutse Mayor discour yavuze nyuma yo kwegura(kweguzwa)kwa Francoise na Marcel.Mayor don’t forget your speech please!Kigali to day thanks for your careful.

Soso yanditse ku itariki ya: 24-03-2014

Muhorane Imana!turasaba ubuvugizi Mayor w’akarere ka Rusizi munyungu z’uburezi n’uburere yamanutse mubushishozi bwe ko twiteguye kumuha ukuri kw’ibivugwa ku rwunge rw’amashuri rwa mutagatifu pawulo Muko:ibyifuzwa_1gukurikirana amafranga ya computers,2 inyerezwa ry’amafranga y’inkunga yari yatewe ishuli ry’incuke 3 akarengane kakorewe ushinzwe amasomo nushinzwe umutungo 4 imyitwarire idahwitse y’umuyobozi wicyo kigo.N.B amakuru yaboneka neza hubahirijwe umutekano wuyasabwe,mudutabare

Umurezi yanditse ku itariki ya: 24-03-2014

NTUYEMUKAREKAYONZA DUFITE IKIBAZO UMUYOBOZIWIKIGOCYABU BAHIZIFOKASIYATWIMYERAPUTORUKANDIBARAZIMUHAYENGOTUJYETUZIGIRAHO MURAKOZEBANYAKUBAWA

KABEBE yanditse ku itariki ya: 23-03-2014

Abarimu bakora mu murenge wa nkungu/rusizi [ college de matare] twabuze amafaranga twakoreye kuva 9 kugeza 12 muwa 2013 hamwe na prime zumwaka wose N B:Ubwo ni bwo burezi bufite ireme ? MUDUTABARIZE

Amaganya yanditse ku itariki ya: 23-03-2014

Turabashimira kudatenguha tubasaba kuzadusura!Muduhere VIATEUR kalibu mu murenge wa Bugarama,akurikirane akarengane kari kuhavugwa cyane cyane ku kigo cy’amashuli cya groupe saint paul muko ninyerezwa ry’akayabo k’amafranga yakwa ababyeyi yitwa ko agura computers ubu akaba ntayaguzwe hari izo MINEDUCyatanze gusa,amakuru aboneka aruko hitawe kumutekano wuyatanze!

Welcome yanditse ku itariki ya: 22-03-2014

Mukomere cyane!impamvu imihigo igora abayobozi benshi ni akarengane na munyangire. ba Mayors mukurikiranire hafi amabaruwa yandikwa mu izina ryanyu agasinywa n’abungirije,kko abaturage barengana ntiwababonamo imihigo!Bigire kuri Nyamasheke

Soso yanditse ku itariki ya: 22-03-2014

murakoze kubuvugizi mukora ku babiyambaje! Muri Rusizi akarengane karabica mwatubariza mayor ko amabaruwa yandikwa mu izina rye agasinywa n’abungirije ayakorera suivi! ingero;akarengane kakorewe-ushinzwe amasomo kuri groupe saint paul(muko)bugarama,nushinzwe umutungo ubwo bagambaniwe numuyobozi w’ikigo yitwaje Gatera egide(gitifu) bizwiko bibanira nk,inshoreke na seo waho.byabayehe ko umubyeyi twakoranye neza tukazamura umubare w’abana batsinda tukaba abambere mu karere yiturwa gutabwa kugasozi ninda y:amezi 8,nyuma yigenzura ryakozwe na Bazile (mayor social)ryarangiye ari umwere,ntibyabuza ko ariwe wamusinyiye ngo ashingiye ku ibaruwa ya padiri wabyihishe inyuma ashakira uwo biganye gukora hafi basinyira umutegarugori guta urugo n’abana ninda y,imvutsi?ese umukozi uhembwa na leta padiri amufataho icyemezo ntategeko yishe gute akarere ko ari aka mayor?nyamara kuri icyo kigo hariwe 15millions,nibindi byinshi.twe abarimu mudukomye munkokora turabona gukoraneza bigiringaruka

gitimujisho yanditse ku itariki ya: 22-03-2014

TURANENGA UBURYO SEC.EX.NYABIHU ARIMO ARENGANA YARUMUNTU URWANIRA ISHAKA AKARERE.

NKURUNZIZA yanditse ku itariki ya: 21-03-2014

Kamonyi EWSA itumereye nabi kutwima umuriro kumanwa naninjoro buri munsi nuko bimeze pe! mudutabarize murakoze

Alias yanditse ku itariki ya: 20-03-2014

Ndashimira ubuyobozi bw’Akarere ka Ngoma uburyo barimo bagerageza guteza imbere umugi wabo nubwo bigaragara ko hagikenewe gukorwa byinshi ngo Ngoma ijye kuri standards z’indi mijyi imaze gutera imbere mu Rwanda.

GAUCHEE yanditse ku itariki ya: 20-03-2014

turashimira ikinyamakuru cya Kigali today kuko amakuru arimo n’ibitekerezo ari ibyubaka.
ndashimira igitekerezo cya Kagabo Joseph koko kuki hari abadaha agaciro gahunda ya NDI UMUNYARWANDA kubitwibutsa ni ngombwa nkuko umuntu atagira aho yibagirwa izina rye

RUTAGANIRA Bernard yanditse ku itariki ya: 18-03-2014

ndanshimira meya wa karere ka kayonza kubera igisushanyo mbondera cyu mugi,ubushobozi byumuntu nibwo bumuha gutura ahantu adashoye kubaka umugi bajye mucyaro, murakoze.

kansiime janet yanditse ku itariki ya: 14-03-2014