Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
TURASHIMIRA ABASHINZWE UBUREZI MU MIRENGE YO MU KARERE KA NYABIHU KO BITA KU NSHINGANO ZABO,UKO BASHOBOYE ZO GUTEZA IMBERE IREME RY’UBUREZI MU BIGO BYO MU MIRENGE BASHINZWE NUBWO BIBAGORA KUBERA IMITERERE Y’AKARERE,AHANINI IGIZWE N’IMISOZI MIREMIRE
Nyaruguru, ibisambo gusa gusa, AGATSIKO kahanze akabari munzu za Leta, gakoreshwamo isuku abakozi bakora isuku mu karere n’ibikoresho.... Agatsiko katangiye kurya imyanya no gutegura abo kwirukana uko kiboneye ngo refom yaje!! Agatsiko karica kagakiza. ese iyo reform ntana mashuri azagenderwaho!!!
Ubusambo bwo burahari mu bayobozi ntibababeshyera!!! Reba akabari kagatsiko mu nyubako z’Akarere!! Kandi kagasukurwa nabasukura akarere, kakararirwa n’abararira akarere, gakoresha bimwe mubikoresho by’akarere. Ibyo byose simari ya Leta mu mifuko y’AGATSIKO? Noneho numviseko ako gatsiko ngo kamaze kwitegura reforme karya ibyarubanda ngo bazashyirwe mu myanya!!!! Nzaba mbarirwa, abagoka biga bararushwa nubusa nibikundwakaze kugatsiko kuko karaje kajye gakomeza kirukane uko kishakiye kugirango kirire imyanya!!! LETA YARAGIKEMUYE IHA UBUSHOBOZI4 KWICA NO GUKIZA MU KARERE. Nibirire kbsa.
Mukigocyamashuri Cya G S Ruheru. A. Cyo Mumurenge Wakanjongo Mukarere Ka Nyamasheke Abarimubaho Ntago Batang,amasomo Nkuko Biteganyijwe Nkubu Tumaze Ibyumweru .3.Ntakintutwiga Nyabuneka nimudutabarize Abashinzwe Uburezi
Esekotwizihiza umunsiwokwibohora ews yoyatubohoye ikaduha umurirokoko ndavuga satreyubucuruziya munini mumurengewa rangiro mukarereka nyamasheke mutuvanemubwiguge nihohasigayicuraburindipe kdi dukunditerambere.
Turifuza ko abafite ubumuga bose bokoroherezwe mu bijyanye no kwivuza. Kuko usanga umuntu ufite ubumuga yirirwa ahagaze kwa muganga kandi ubumuga afite butabimwemerera. Ikindi nuko INYUBAKO Z’IBIGO NDERABUZIMA ZITUBAHIRIZA GUSHYIRAHO UTUYIRA TW’ABANTU BAFITE UBUMUGA. TURASABA KO RERO IBYO BYAKORWA VUBA. KUBERA KO HARI AHO BATABASHA KUGERA NGO BAHABWE SERVICE ZIBAGENEWE.Urugero: Jye ntuye mu mugi wa kigali, Ariko nasuye ikigo nderabuzima cya MAYANGE ho mu BUGESERA. mbona inyubako zaho ntacyo zifasha abafite ubumuga. Nkiyo winjira aho bakirira abantu (kuri reception)hari za Escarien gusa bivuga ko umuntu ufite Igare atabona uko yinjira barinda kumuterura. Kimwe n’inyubako batangiramo ibizamini(Laboratoire)nayo niko iteye. Mudusabire icyo kibazo gikemuke kimwe nahandi hose biri. MURAKOZE
NI BYO NIBI CYEMURE
EWS NI NJYERA NJYEZE GUCYE MURA IBIBAZO BYABATU RAGE MURAKOZE YARI ISHIMWE
NIMUTUBARIZE EWS IMPAMVU BATANGA UMURIRO KURIBAMWE ABANDITUKAWUBURA’NKOKUGASATREKUBUCURUZIKA MUNINI MUMURENGEWA RANGIRO MUKAREREKANYAMASHEKE AHAGW INDEGE ABADEPITENIHOBIYAMAMARIZA BADUHAYUMURIROKOHAKORERWABYISHIBIKENERA UMURIRO EWSNITURWNEHOPE
Muraho Nshuti Zanjye. Nejejwe No Kubatangarizako Imana Igenderera Umuntu Umwuka Wayo Ukamwemeza Ububi Bwe Ikamurondora Ikamwereka Ubunyacyaha Bwe Ukuntu Bwabambishije Umwana W’imana Nyuma Yukwicuza Kudasubirwaho Ikamuha Amahoro Y’umutima. Ikamubabarira Ibyaha Byo Mugihe Cyashize, Ndumugabo W’ibyo.
niba EWSA idashoboye gukemura ibibazo by’abaturage izegure kuko isigaye itanga servise zitabanogeye kandi amafranga ari ayabo
kwihangirimirimo mu rubyiruko bahora bavuga niki? hazagirumuyobozi uzaza atwereke umwana we wayihangiye?
NDIMUKARERE KA RUHANGO UMURENGE RUHANGO AKAGALI KA BUHORO MWATUBARIZA EWAS IKABA YATUGEZAHO AMAZI KUKO UMURIROWO WATUGEZEHO KDI TURASHIMIRA PEREZIDA WACU KUKO YUMVA IBYIFUZO BYACU NIKI AKITUREBERE KUKO AMAZI AGARUKIRA KUNTENYO ,MURAKOZE
mutubarize REB imamvu itasohoye ibizamini byumwaka wabibiri na cumi nagatatu [2013] aho abana twese twigaga mukigo cyamashuri abanza cya nkondo I mutubarize impamvu batabisohoye murakoze
Twe twasabaga ewsa ko yatugezaho amazi kuko ntamazi tugira aho ni mumurenge wa Nyamirama mumudugudu wa Ntinnyi akagali Rurambi mudufashe kuko nubashije kubona amazi ijerekani ayigura amafaranga ma 250f murakoze.
niba ubuyobozi budufatakimwe nigutebwasenyera umaze imyaka ibiri yubatse nbwo ntabyemezo bugasiga umaze iminsi itatu kandinawe nta byemezo mutubarize uyumuyoboziwumuduguduwakagarama ikagugu kandi anabikora kucyumweru bene amazu badahari
njye ntuye mu karere ka RULINDO, nasabaga EWSA ifatanyije n’abayobozi bacu ko nkatwe duturiye umuhanda kuva mu centre ya NYANGE ugana Pensez-y Ko yatworohereza kandi ikadufasha tukabona umuriro vuba dufite ubushake.
Nitwa Ndaruhutse Jean de Dieu Ntuye Ngoma,kibungo,Gahima Ariko Ndashima Cyane Mayor Wacu Nambaje Apfrodise Kuko Numuyobozi ujya inama cyane kdi Akegera abaturage akanabakemurira Ibibazo ukobikwiye Imana Izamudukomereze Kugera Hejuru kuko aratuvuganira Cyane.
police nidufashe
NDIMANIZABAYO KAMPAL EWASA IYAMBE ABADAFITE AMASHANYARAZI MUBATUBARIZE
Uko ba Mayors bimura abakozi bikaba byarabaye businesi; bo bagiye bimurwa akavanwa mu Karere amaze mo igihe; akajya mu kandi bamwe basigaye birirwa barongora abagore ba bandi bitwaje ububasha bafite.
Akavuyo Kuri gare ya KABUGA karakabije wagirango ntihagira uhayobora .mumarembo yagare niza moto amagare abakarani abajujura abakarasi mbese urwo ruvange rose rubangamiye aba shoferi binjira muriyo gare tutibagiwe abagenzi bibwa burimunsi .muta are.