Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
mutugezaho amakuru meza mukomereze aho kandi nifurije abanyarwanda bose umwaka mushya muhire wa 2015
inama zanyu ziranyubaka cyane nkaba mbasaba amakuru ya karere ka kamonyi.
jyewe ndifuriza abanyarwanda bose umwaka mushya muhire wa 2015 ,dushimira kigali to day ku bwamakuru itugeazaho
MUKOMEREZE AHO KANDI MWIRINDE IBIHUHA. MURAKOZE CYANE!
Iminsi mikuru ntidusesagure kuberako ntamusi tutishima .ahubwo dushimire lmana yoyaturinze murububuzima’tunayisaba gutangira undimwaka mubyishimo’nomumahoro.
Iminsi mikuru ntidusesagure kuberako ntamusi tutishima .ahubwo dushimire lmana yoyaturinze murububuzima’tunayisaba gutangira undimwaka mubyishimo’nomumahoro.
Mwaramutse Mwese Nshuti Za Kigalitoday! Nohel Nziza N’umwaka Mushyamuhire, Ndasaba Aba Pasteur Bamatorero Namadini Bomukarere Ka Nyagatare Bongere Agakiza Mubakristo Kuko Birababaje Aho Kuri Nohel Wasangaga Insengero Zifunze Arko Utubari,mutubyiniro Harihapfukiye Murumva Nikibazo Murakoze.
uwo muntu wibye ayo matungo koko bega igisebo. igitekerezo natanga nuko iyo atarinda ahubwo yarigutuza naho ubundi nishyure izo hene agorwe amezi3 murakoze.
Mwaramuste noel nziza nu mwakamushya na girango nibuste abatwara ibinyabizigako barinda ubuzimabwabo.
mwiriwe neza,noel nziza n’umwaka mushya muhire wa 2015!ngewe ndasaba abayobozi b’akarere kanyarugenge m’umurenge wa MUHIMA AKAGARI KA KABEZA UMUDUGUDU Wa SANGWA KO badufasha tugasubizwa inzu y’umubyeyi wacu yibarujweho n’umuvandimwe we none bikaba binatuvirama kubara aho kuba kandi hari inzu yasizwe n’ababye bacu!ndi kwishuri huye campus.
MWARAMUTSE!DUKENEYE TAX MINI BUS MU MUHANDA NGORORERO-KAVUMU-RUTSIRO,LETA NIDUTABARE
aturange bo mumurenge wa ruhango niryari tuzakemurirwa ibibazo reba iyisaha umurenge harimo umuntu umwe nkubu mpaje inshuro 5 nkababura aho baziye igisubizo ni jyenda uzagaruke tugiye muri poze nimubatubwirire bikubite ashyi.
ndashima exectife wahoze ayobora umurenge wa kigoma (kajyambere patrick)ko yakoze ibikorwa by,intashyikirwa mumurenge wacu kd nakomereze aho imana imurinde
Mwiriweneza Nasabaga Leta Yurwanda Koyadufasha Kukibazo Cyumuhanda Wagasetsa Mukarere Kangoma Umurenge Remera Kumuhanda Wangiritse Cyane Leta Izadufashe Murakoze.
INYAMASHEKE;MWADUKORERA UBUVUGIZI AMASHURI AMWE YA NAYINI MUKAHAGEZA AMAZI MEZA N’ AMASHANYARAZI KUKOTURI MUBWIGUNGE.
Muraho turashimira reta yubumwe irikutugeza ku iterambere 1 ikoranabuhanga so nibindi twebwe bomubyaro turashimira perezida kagame ko yadufunguriye amagare murikaburimbo nkamoto zomucyaro mwaduhe poromosiyo yaperime turazivomesha nokwahira ntidukata muri kaburimbo
MWARAMUTSEHO NEZA N’UKUTUBARIZA IKIBAZO CY ’UBUSHUMERI K’URUBYIRUKO RW’URWANDA ICYO G.V.T, IBIVUGAHO murakoze
NI BYIZA KUNGAMBA ZAFASHWE ZO GUKUMIRA UBUJURA BW’ INKA ARIKO IBYO NTIBIHAGIJE KUKO ABARINZI BAJYA INAMA N’ INYONI ZIJYA IZINDI. MURI IYI MINSI MIKURU NTAKURYAMA KUKO ABASHERETSI BAZACA MURIHUMYE ABARINZI.
HARI IGITEKEREZO CYO GUKUMIRA UBUJURA BW’ INKA MFITE NIMARA KUCYANDIKA NEZA NZACYOHEREREZA UMUYOBOZI W’INTARA Y’ AMAJYEPFO ,KUKO INGAMBA Z’ INTARA YOSE ZARUTA IZ’ UMURURENGE UMWE CYANGWA AKARERE KAMWE. <>
NI BYIZA KUNGAMBA ZAFASHWE ZO GUKUMIRA UBUJURA BW’ INKA ARIKO IBYO NTIBIHAGIJE KUKO ABARINZI BAJYA INAMA N’ INYONI ZIJYA IZINDI. MURI IYI MINSI MIKURU NTAKURYAMA KUKO ABASHERETSI BAZACA MURIHUMYE ABARINZI.
HARI IGITEKEREZO CYO GUKUMIRA UBUJURA BW’ INKA MFITE NIMARA KUCYANDIKA NEZA NZACYOHEREREZA UMUYOBOZI W’INTARA Y’ AMAJYEPFO ,KUKO INGAMBA Z’ INTARA YOSE ZARUTA IZ’ UMURURENGE UMWE CYANGWA AKARERE KAMWE. <>
ok aho hantu abaganga nibumve ko arubuzima bwaturage nibikosore so thank you iam fionna
ndasaba ko mwazashyiraho mwazateza imbere ikoranabuhanga ryo mucyaro
jyewe ndasaba reta koya twubakira imiyanda yibitaka vuba kuko ibitaka bitumereye nabipe ndi kuri mirongo ine muri rwezamenyo