Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1377 )

mutugezaho amakuru meza mukomereze aho kandi nifurije abanyarwanda bose umwaka mushya muhire wa 2015

Aminadab yanditse ku itariki ya: 29-12-2014

inama zanyu ziranyubaka cyane nkaba mbasaba amakuru ya karere ka kamonyi.

JADO yanditse ku itariki ya: 27-12-2014

jyewe ndifuriza abanyarwanda bose umwaka mushya muhire wa 2015 ,dushimira kigali to day ku bwamakuru itugeazaho

safari eugene yanditse ku itariki ya: 27-12-2014

MUKOMEREZE AHO KANDI MWIRINDE IBIHUHA. MURAKOZE CYANE!

NKUNDUMUKIZA J.BOSCO yanditse ku itariki ya: 27-12-2014

Iminsi mikuru ntidusesagure kuberako ntamusi tutishima .ahubwo dushimire lmana yoyaturinze murububuzima’tunayisaba gutangira undimwaka mubyishimo’nomumahoro.

hategekimana joseph yanditse ku itariki ya: 26-12-2014

Iminsi mikuru ntidusesagure kuberako ntamusi tutishima .ahubwo dushimire lmana yoyaturinze murububuzima’tunayisaba gutangira undimwaka mubyishimo’nomumahoro.

hategekimana joseph yanditse ku itariki ya: 26-12-2014

Mwaramutse Mwese Nshuti Za Kigalitoday! Nohel Nziza N’umwaka Mushyamuhire, Ndasaba Aba Pasteur Bamatorero Namadini Bomukarere Ka Nyagatare Bongere Agakiza Mubakristo Kuko Birababaje Aho Kuri Nohel Wasangaga Insengero Zifunze Arko Utubari,mutubyiniro Harihapfukiye Murumva Nikibazo Murakoze.

Ndikubwimana Valens yanditse ku itariki ya: 26-12-2014

uwo muntu wibye ayo matungo koko bega igisebo. igitekerezo natanga nuko iyo atarinda ahubwo yarigutuza naho ubundi nishyure izo hene agorwe amezi3 murakoze.

ishimwe olivier yanditse ku itariki ya: 25-12-2014

Mwaramuste noel nziza nu mwakamushya na girango nibuste abatwara ibinyabizigako barinda ubuzimabwabo.

Elias Nshimiyimana yanditse ku itariki ya: 25-12-2014

mwiriwe neza,noel nziza n’umwaka mushya muhire wa 2015!ngewe ndasaba abayobozi b’akarere kanyarugenge m’umurenge wa MUHIMA AKAGARI KA KABEZA UMUDUGUDU Wa SANGWA KO badufasha tugasubizwa inzu y’umubyeyi wacu yibarujweho n’umuvandimwe we none bikaba binatuvirama kubara aho kuba kandi hari inzu yasizwe n’ababye bacu!ndi kwishuri huye campus.

MUHIRE Robert yanditse ku itariki ya: 24-12-2014

MWARAMUTSE!DUKENEYE TAX MINI BUS MU MUHANDA NGORORERO-KAVUMU-RUTSIRO,LETA NIDUTABARE

CLAUDE SHIMIYE yanditse ku itariki ya: 23-12-2014

aturange bo mumurenge wa ruhango niryari tuzakemurirwa ibibazo reba iyisaha umurenge harimo umuntu umwe nkubu mpaje inshuro 5 nkababura aho baziye igisubizo ni jyenda uzagaruke tugiye muri poze nimubatubwirire bikubite ashyi.

alias yanditse ku itariki ya: 16-12-2014

ndashima exectife wahoze ayobora umurenge wa kigoma (kajyambere patrick)ko yakoze ibikorwa by,intashyikirwa mumurenge wacu kd nakomereze aho imana imurinde

NUBUHORO JEAN de DIEU KADAFI yanditse ku itariki ya: 16-12-2014

Mwiriweneza Nasabaga Leta Yurwanda Koyadufasha Kukibazo Cyumuhanda Wagasetsa Mukarere Kangoma Umurenge Remera Kumuhanda Wangiritse Cyane Leta Izadufashe Murakoze.

shema patrick yanditse ku itariki ya: 9-12-2014

INYAMASHEKE;MWADUKORERA UBUVUGIZI AMASHURI AMWE YA NAYINI MUKAHAGEZA AMAZI MEZA N’ AMASHANYARAZI KUKOTURI MUBWIGUNGE.

NSANZIMANA Eduard yanditse ku itariki ya: 9-12-2014

Muraho turashimira reta yubumwe irikutugeza ku iterambere 1 ikoranabuhanga so nibindi twebwe bomubyaro turashimira perezida kagame ko yadufunguriye amagare murikaburimbo nkamoto zomucyaro mwaduhe poromosiyo yaperime turazivomesha nokwahira ntidukata muri kaburimbo

HAGENIMANA PACIFIQUE yanditse ku itariki ya: 9-12-2014

MWARAMUTSEHO NEZA N’UKUTUBARIZA IKIBAZO CY ’UBUSHUMERI K’URUBYIRUKO RW’URWANDA ICYO G.V.T, IBIVUGAHO murakoze

THOMAS. B yanditse ku itariki ya: 7-12-2014

NI BYIZA KUNGAMBA ZAFASHWE ZO GUKUMIRA UBUJURA BW’ INKA ARIKO IBYO NTIBIHAGIJE KUKO ABARINZI BAJYA INAMA N’ INYONI ZIJYA IZINDI. MURI IYI MINSI MIKURU NTAKURYAMA KUKO ABASHERETSI BAZACA MURIHUMYE ABARINZI.

HARI IGITEKEREZO CYO GUKUMIRA UBUJURA BW’ INKA MFITE NIMARA KUCYANDIKA NEZA NZACYOHEREREZA UMUYOBOZI W’INTARA Y’ AMAJYEPFO ,KUKO INGAMBA Z’ INTARA YOSE ZARUTA IZ’ UMURURENGE UMWE CYANGWA AKARERE KAMWE. <>

MANIRAFASHA Theogene yanditse ku itariki ya: 6-12-2014

NI BYIZA KUNGAMBA ZAFASHWE ZO GUKUMIRA UBUJURA BW’ INKA ARIKO IBYO NTIBIHAGIJE KUKO ABARINZI BAJYA INAMA N’ INYONI ZIJYA IZINDI. MURI IYI MINSI MIKURU NTAKURYAMA KUKO ABASHERETSI BAZACA MURIHUMYE ABARINZI.

HARI IGITEKEREZO CYO GUKUMIRA UBUJURA BW’ INKA MFITE NIMARA KUCYANDIKA NEZA NZACYOHEREREZA UMUYOBOZI W’INTARA Y’ AMAJYEPFO ,KUKO INGAMBA Z’ INTARA YOSE ZARUTA IZ’ UMURURENGE UMWE CYANGWA AKARERE KAMWE. <>

MANIRAFASHA Theogene yanditse ku itariki ya: 6-12-2014

ok aho hantu abaganga nibumve ko arubuzima bwaturage nibikosore so thank you iam fionna

Tuyisenge fionna yanditse ku itariki ya: 4-12-2014

ndasaba ko mwazashyiraho mwazateza imbere ikoranabuhanga ryo mucyaro

kubwimana nuldin yanditse ku itariki ya: 3-12-2014

jyewe ndasaba reta koya twubakira imiyanda yibitaka vuba kuko ibitaka bitumereye nabipe ndi kuri mirongo ine muri rwezamenyo

alias yanditse ku itariki ya: 1-12-2014