Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1377 )

Abobajura bibisha imbunda ubwo ntibahemukira umuntu? Aha! Police yacu ibahane kabisa

Eliezel ndikumana yanditse ku itariki ya: 25-11-2015

Abobajura bibisha imbunda ubwo ntibahemukira umuntu? Aha! Police yacu ibahane kabisa

Eliezel ndikumana yanditse ku itariki ya: 25-11-2015

Turabashimacyane abayobozibacu ukomudahwemakutwitahope!
ariko natwemumurenge wa Mururu mukagarikatara mutwibuke nkurubyiruko muduhugure ukotwakwihangira imirimo umuyoboziwakagarikacu arashoboye ee murakoze.

Eliezel ndikumana yanditse ku itariki ya: 25-11-2015

Turabashimacyane abayobozibacu ukomudahwemakutwitahope!
ariko natwemumurenge wa Mururu mukagarikatara mutwibuke nkurubyiruko muduhugure ukotwakwihangira imirimo umuyoboziwakagarikacu arashoboye ee murakoze.

Eliezel ndikumana yanditse ku itariki ya: 25-11-2015

mbese ko ntamakuru y’umurenge wa mutuntu tujya tumenya twasabaga mutuvuganaire naho bazahageze umuhanda umuriro kuko nabyo biracyenewe nyuma yo kubona ko uRwanda ari ntamakemwa twashakiye hamwe icyateza mutuntu imbere nkurubyiruko dushyirho itsinda ryo kwizigamira none twasabaga niba bishoboka natwe bazaduhe nguzanyo dukore imishinga kuko byaba ari ingira kamaro mbese nkabayobozi bayobora mutuntu niki bakora kumuhanda wangirika bawureba ntibagire icyo babaikoraho?banwe mubikorera bashyize hamwe bakoresha igice cyimwe ariko abayobozi bacu batereye agati muryinyo kanadi haca imodoka zikoreye ibicuruzwa mutuvuganire natwe tuzagezwe ho umuriro hano mu kagari ka byogo umurenge wa mutuntu murakoze

niyomayira yanditse ku itariki ya: 25-11-2015

Ndabashimiye kubw’ubuvugizi mwakoreye abatuye umurenge wa MBUYE k’umuriro w’amashanyarazi ubu turacana kubwubuvugizi mwadukoreye.Mbonereho no gushimira president wacu ko atica umugambi, ariko yanakadufashije k’umuhanda NTENYO -KINAZI -BUGESERA ubundi infrastrcture tukaba twuruzuye ubundi muminsi mike iterambere turi naryo abanyebuye pepepe!!!!
MURAKOZE kuwo ariwe wese witangira iterambere ry’igihugu cyacu!

IRANKUNDA CLEMENT yanditse ku itariki ya: 24-11-2015

mukarere ka kayonza umurenge wa Rukara IRWIMISHINYA umuriro mugihe cyamatora yabadepite nubu amaso yaheze mukirere nibaza ahantu nkahariya uburyo ntamuriro nkibaza icyo abayobozi bakarere ndetse numurenge icyo bagikora kikanyobera barangiza bakabaha amanota 75 ukibaza abayabaha icyo bakurikiza kikanyobera

alias yanditse ku itariki ya: 18-11-2015

DUFITE IKIBAZO CYOKUTAGIRA UMURIRO NTANIGITEKEREZO GIHARI CYOKUZAWUBONA MUTUBARIZE NIBANAHO ARIMURWANDA NTUTUBIZI MURAKOZE

NITWA KAYITARE UMURENGE WAKABARE AKAGARI KA RUGUNGA 2 yanditse ku itariki ya: 13-11-2015

NANJYE UMUBYEYI WACU PAUL KAGAME NDAMWEMERA NI IMANA YAMUDUHAYE.

ALIAS yanditse ku itariki ya: 30-10-2015

Muraho ntuye karere ka rwamagana umurenge wa muyumbu umudugudu kampigika natwe muzehe turamwera kwiyo ngingo 101 imaze kuzugururwa aho twavuye naho tugeze twiyubaka turahashima kandi tugeze ku ntera ishimishize niyiyamamaze tumuri inyuma .murakoze

Niyitegeka yanditse ku itariki ya: 29-10-2015

Mwakongeye mugasimbukira imbuye mukarere ka RUHANGO ko amapoto n’insiga bimanitse ariko umuriro wapi, kdi twabwirwaga ko mukwakarindwi aribwo twagombaga kuba ducana.
MURAKOZE

IRANKUNDA CLEMENT yanditse ku itariki ya: 28-10-2015

Kuringe mbona aur persident arimpano God yatwihereye.thx j’luc gatsibo gasange viro.

Ndayishimiye j’luc yanditse ku itariki ya: 27-10-2015

umusaza turamwemera cyane.ahubwo kuki batinda ntibashaka kudukereza mwiterambere ese ubundi ukenewe ninde nabeyihanganye umusaza yara biharaniye banyarwanda murabe maso

Gaston yanditse ku itariki ya: 22-10-2015

MURAHonijbaptiste i NYARUGURUUWOMUSAZA TURAMWEMERA NAKOMEZE

JBAPTISTE yanditse ku itariki ya: 21-10-2015

nukuri mukarere kakirehe hakomeje kwiganzamo ubwicanyi bukabije tukaba twasabagako ababishinzwe bakomeza kutugenzurira amarondo kuko byose bikorwa mwijoro nkaba nasabagako mwajya mutugezaho amakuru yo murikaritsiye murakoze!

ntawukuriryayo geovanie yanditse ku itariki ya: 16-10-2015

Mutwibukirize gitifu w’akagali ka KIGASHA gukemura ibibazo byabaturage atabakereje kuko dukeneye kwihuta mwiterambere.

MUGABO yanditse ku itariki ya: 16-10-2015

Turamushakako,atuyobora

Turabishaka yanditse ku itariki ya: 11-10-2015

umusaza;nyakubahwa present.ndamushimira yadukuye mu bujiji yatubaye hafi abantu bafite umutekano usesuye biratize maze tumutore 100/100

Nsengiyaremye jean cloude yanditse ku itariki ya: 11-10-2015

umusaza’nagume’ayobore’atugezakuribyinshi’tumurinyuma’tumurinyuma

KWIZERA’ERKE yanditse ku itariki ya: 7-10-2015

ukotwamutoye’nikotuzonge’rakumutora’100.100’yatugejeje’kuribyishi’nayobere’imwaka10’tumurinyuma

KWIZERA’ERKE yanditse ku itariki ya: 7-10-2015

Turashimira umubyeyi wacu nyakubahwa president uburyo adahwema kudushakira ibyateza imbere abanyarwanda nka gira inka nibindi ,ariko nyabuneka abo bayobozi banyaruguru basobanure neza iryo tegeko rishya kubijyanye n ubutaka koko abaturajye ntibapfa kubyumva mubabe hafi kbs bizagenda biza.

Jean Pierre Bizimana yanditse ku itariki ya: 2-10-2015

mwadufasha ko natwe dufite impano yo kwiga name inyamaswa?

abizera eiyse yanditse ku itariki ya: 1-10-2015