Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1428 )

mubwire ibijyanye na
msganyarazi mukarere.bijyezehe mumirenjye thank you

kuryayo fabien yanditse ku itariki ya: 28-12-2016

mubwire ibijyanye nubuurezi mukarere kanyamagabe kubijyanye nakaaizi kubarimu ri primere ibijyanye noku depoza akazi. mubueezi mubwire ?

kuryayo fabien yanditse ku itariki ya: 28-12-2016

murakoze kumakuru muduha.

cloudine yanditse ku itariki ya: 24-12-2016

BURERA! Nk’ikimodoka kinini giparitse mu ikirosi ribi ahamanuka nka Buranga, nta terambere ryubakira ku kinyoma "Gutekinika". Abayobozi bamwe ariko benshi bicunganira no kubona ibyo biba ubundi bagategereza ukwezi ngo bahembwe, bigize abahanga bo guheza abandi m’urujijo n’igihirahiro; Gusiragiza bashira ku cyizere "ku Stress" umuturage.
Iyo witegereje neza ubona ibintu bitatu: "Ubuswa; Ubwirasi n’Ubugome". Bimwe mu bibazo:
1. AKARENGANE: Abaturage bibanira n’ibibazo nko "Gutotezwa (Ménaces); Gukora ntibishurwe; Gusenyerwa nta ngurane no gukubitwa;
2. IBIKORWA_REMEZO: Ibyubatswe byasaziye imburagihe, nk’isoko rya GAHUNGA n’irya NYAGAHINGA ndetse n’umuhanda w’itaka wubakwa Kidaho _ Gahunga, bigaragara ko nta myaka ibiri uzamara bitewe n’itaka ribi bashiramo;
3. IMIBEREHO MIBI: a. Inzara bitewe no kwokesha imyaka; b. Indwara ziterwa n’umwanda "Amavunja; Inda; Uruheri na Fievre typhoide.
Umuyobozi agomba kurangwa no Gukunda Igihugu, akagira impuhwe n’mbabazi agaha umuturage uburenganzira n’amahirwe "Opportunity".

MANIRAGUHA Ladislas yanditse ku itariki ya: 23-12-2016

KAMONYI BIMEZE GUTE KUBASHAKA GUSABA AKAZI KO KWIGISHA?

ALIAS yanditse ku itariki ya: 22-12-2016

RUHANGO IBIZAMI BIZAKORWA RYARI KUBASABAKAZI KO KWIGISHA?

ALIAS yanditse ku itariki ya: 22-12-2016

ESE I MUHANGA IMYANYA YOGUSABA AKAZI KO KWIGISHA BIMEZE GUTE?

ALIAS yanditse ku itariki ya: 22-12-2016

IBIZAMI BIZAKORWA RYARI? ESE HAKENEWE ABARIMU BANGA IKI?

ALIAS yanditse ku itariki ya: 22-12-2016

twasabagako mwajya muduha amakuru meshya buri munsi nkuko ariToday

bosco yanditse ku itariki ya: 20-12-2016

Amakuru kuri,gitifu wumurege wamuhororo

% yanditse ku itariki ya: 19-12-2016

NITWA FRANCOIS, I RUSIZI mu murenge wa Butare turibaza ko badupimiye umuriro w’amashanyarazi kuva aho muri uwo murenge kugera BWEYEYE ariko igitangaje ni uko ubu ntawe wakumva agira icyo abivugaho.Ikindi kandi mu gihe mu gihugu cyacu iterambere rikataje birababaje kumva ku gira ngo ugere ku centre de sante bisaba kuba nibura ufite amafranga 6000F mutubarize abashinzwe aho hantu impamvu utwo duce tudatera imbere nk’ahandi? Why?Murakoze.

FRANCOIS yanditse ku itariki ya: 17-12-2016

mukomeze muduhe amakuru yo muturere niyo aba aziritse amakuru

niyonsenganga valens yanditse ku itariki ya: 15-12-2016

Amakuru avuga ko mukarere ka Nyabihu haba heguye aba Gitifu b’Imirenge bimeze bite

nyabihu yanditse ku itariki ya: 15-12-2016

mwaduhaye amakuru kuri ba gitifu b’imirenge beguye I nyamasheke!murakoze !

jean yanditse ku itariki ya: 14-12-2016

ndi irusizi mumurenge wa gitambi tweturibaza mukagari ka cyingwa mumurenge wagitambi ni irusizi akagari kose ntamuriro wa mashanyarazi ntamuhandatugira wagirango ntabwo arimurwanda kbs mutuvuganire cq muzadusure? ni icyingwa gitambi rusizi murakoze!!

ni emmy yanditse ku itariki ya: 7-12-2016

Nifuzaga Ko Mwaza Mutugezaho Ibintu Byo Mu Murenge Wanyange Murakoze

Iradukunda Eric yanditse ku itariki ya: 5-12-2016

Jye ntuye mu Murenge wa Mugesera ahita I Nyange; ese umukozi w’i Kigo nderabuzima warashwe na bagize ba nabi bya hereye he?

Mapyaka yanditse ku itariki ya: 5-12-2016

Turihanganisha umuryango wa nshimiyimana warumusitari mu centre ya butete murenge wa cyanika burera yitabyimana azira amarozi Imana imwakire mubayo twamukundaga none aragiye ubitse ni ntakirutimana kinoni mwiko nyanga

Ntakirutimana bingo Gs butete yanditse ku itariki ya: 3-12-2016

Ibure duke neye ikipe nkabandi kbs mutuvuganire

Ntakirutimana mwiko yanditse ku itariki ya: 3-12-2016

RAYON SPORT TUYIRINYUMA

MANZI ERIC yanditse ku itariki ya: 2-12-2016

Umurejye Wa Kijyembe Uyoborwa Nade?

Ntezimana Joseph yanditse ku itariki ya: 1-12-2016

imbaraga z’urubyiruko ningombwa ko zikoreshwa muguteza imbere imibereho ya baturage,
nkumuturuge utuye mukarere ka kayonza, ubuyobozi nibwite kumbaraga zurubyiruko nkimbaraga ,
zirambye.

mudaheraranwa anaclet yanditse ku itariki ya: 29-11-2016