
Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
|
mwaramutse neza mwatubwira niba aba depoje muri musanze kumyanya y’ubucungamutungo mu mashuri igihe bizamini byanditse bizakorerwa murakoze
ejo Kuwa gatatu mayor wakarere ka muhanga azasura umurenge wa rongi.
Dukeneyumuriromurinyagakombe
ishuriririhehe
bigisha icyongereza
Mwatubarizi impamvu abantu basabye kwemererwa gukora ibizamini byabanyamabanga nshingwa bikorwa butugali ni Mirenge hama bamwe ntibasohoke? kurutonde rwabazakora ibizami ? cg nuko ntaburambe kkazi dufite arokose bibabaye aribyo wbwira ute kuntu waramba mukazi mbere yo kugakora?
KUKI BADUSHYIRIYEHO AMASHURI YOROHEREZA ABATISHOBOYE Nine yeas education arikowajyakwiyandikishya ugacibwa ibihumbi 35000bbirababaje ubutwarivuyemo mutubarize abashinzwe
mutubwire ibyu mwarimu ukekwaho gusambanya umwana yigishaga
KIBUNGO NIYATERA IMBERE BATARETSE NGO INKARAKARA ZIKORESHWE BYIBUZE KURE Y,UMUHANDA KABEZA YO HEPFO GATORE
Umurenge wa Gashonga ho mu karere ka Rusizi akagari ka Karemereye mudufashe kukibazo cyu muriro twebwe kbs twararenganye mudufashije mwahagera mukadufasha. njye ndi ikigali
natwe i jomba nibatugezeho umuriro kko president wacu yabitwemereye
mukarere kanyamagabe umurenge wagasaka akagari karemera umudugudu wa gitwa .duhangayikishijwe nicyibazo cyumuriro .kuko abaturajye bavuye mumanejyeka .ariko bahangayicyishijwe nicyibazo cyumuri . turasaba nyakubahwa perezida ware pupurika yurwanda . kobaduha umuriro muruwo mudugudu wa gitwa .murakoze.
Ikarongi turinubira kutagira sitade na gare murakoze
Rubavu na karere keza cyane njye mbona ariwo mushyi wi ntara yi burengera zuba
Mumbwire amakuru ya diamond
Kureba amanota
Gatsibo umugabo yagiye gusura abana bee kwa sebukwe,sebukwe aramukubita? polisi iramufunga
MUKAREREKA NYABIHU UMURENGE WAJENDA RUSWA IRAVUZA UBUHUHA MUMUDUGUDU WAKIBUYE uwitwa Nizeyi Abudurukarimu,aratujambije Canecane Abanyerondo.
Mu tubwire ibyinka yabyaye umuntu
Ariko Abayobozi bacu ntabwo baziko umwami atica hica rubanda mbese umukozi udashoboye yashyizwe ahagaragara hakurikijwe administration kndi mu mu cyo akabona akeguzwa, naho uwabangamiye umuyobozi we gukora amafuti aramuhimbira ibyaha amwihimureho, abasigayemo bagire ubwoba bo bahinduke ’’yego mwidishyi’’ ibi mwarimukwiye kubisuzumana ubwitonzi Ndahamya ko abegura ataribo bakora nabi ahubwo abenshi barikuzira akagambane ka Nyobozi yahawe ububasha kndi barimo inkundamugayo
Numvise mukorera ubuvugizi abantu cyane cyane muri service y’imibereho myiza, none Iwacu nyagatare, mu murenge wa Rwimiyaga, akagali Ka Rwimiyaga, umudugudu wa rebero hari umwana urwaye umeze nabi rwose, ababyeyi baragerageje ntabitaro batagezemo ariko ubu ubushobozi bwararangiye ari murugo gusa, mwadukorera ubuvugizi Imana ibahe imigisha. Murakoze
Numvise ubuvigizi kigali today ikorera Abaturaage cyane cyane mubuvuzi, none nkuko Imana Ibakoresha ibikorwa nkibyo byiza ino Iwacu, nyagatare mu murenge wa Rwimiyaga akagali Ka Rwimiyaga Umudugudu wa rebero dufite umwana urwaye cyane ababyeyi ubushobozi bwarabashiranye,nukuri ameze nabi bofatika
Ndanega Gitifu Wu Murenjye Wa Nyamabuye, Gusenyera Abantu Siko Kubengera Ndore Ko Yahawe Imondoka Ndanega Umuyobozi Umwe Undateza Abaturenge Imbere Uwo Ni Mundugundu Wa Nyakabingo Ho Mu Murejye Wa Nyamabuye Mukagari Ka Remera Arangwa Na Ruswa Pe! None Ngo Ruswa Iracika Oya Nukutubeshya Ubuse Aho Zingarara Cyane Sikubayobozi Ndashimira Aferi Sosiyare Wacu Mu Kagari Karemera Yingisha Abaturange Neza Imana Imuhe Umugisha