Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1428 )

mwaramutse neza mwatubwira niba aba depoje muri musanze kumyanya y’ubucungamutungo mu mashuri igihe bizamini byanditse bizakorerwa murakoze

gaspard yanditse ku itariki ya: 22-02-2017

ejo Kuwa gatatu mayor wakarere ka muhanga azasura umurenge wa rongi.

paul yanditse ku itariki ya: 21-02-2017

Dukeneyumuriromurinyagakombe

Eliad yanditse ku itariki ya: 20-02-2017

ishuriririhehe
bigisha icyongereza

ndayishimiye erize yanditse ku itariki ya: 18-02-2017

Mwatubarizi impamvu abantu basabye kwemererwa gukora ibizamini byabanyamabanga nshingwa bikorwa butugali ni Mirenge hama bamwe ntibasohoke? kurutonde rwabazakora ibizami ? cg nuko ntaburambe kkazi dufite arokose bibabaye aribyo wbwira ute kuntu waramba mukazi mbere yo kugakora?

simeon nzacahayo yanditse ku itariki ya: 17-02-2017

KUKI BADUSHYIRIYEHO AMASHURI YOROHEREZA ABATISHOBOYE Nine yeas education arikowajyakwiyandikishya ugacibwa ibihumbi 35000bbirababaje ubutwarivuyemo mutubarize abashinzwe

Alia yanditse ku itariki ya: 17-02-2017

mutubwire ibyu mwarimu ukekwaho gusambanya umwana yigishaga

hahirwabayo Jean gilbert yanditse ku itariki ya: 16-02-2017

KIBUNGO NIYATERA IMBERE BATARETSE NGO INKARAKARA ZIKORESHWE BYIBUZE KURE Y,UMUHANDA KABEZA YO HEPFO GATORE

ELIAS yanditse ku itariki ya: 11-02-2017

Umurenge wa Gashonga ho mu karere ka Rusizi akagari ka Karemereye mudufashe kukibazo cyu muriro twebwe kbs twararenganye mudufashije mwahagera mukadufasha. njye ndi ikigali

Alias yanditse ku itariki ya: 4-02-2017

natwe i jomba nibatugezeho umuriro kko president wacu yabitwemereye

alias yanditse ku itariki ya: 2-02-2017

mukarere kanyamagabe umurenge wagasaka akagari karemera umudugudu wa gitwa .duhangayikishijwe nicyibazo cyumuriro .kuko abaturajye bavuye mumanejyeka .ariko bahangayicyishijwe nicyibazo cyumuri . turasaba nyakubahwa perezida ware pupurika yurwanda . kobaduha umuriro muruwo mudugudu wa gitwa .murakoze.

ntawubiheza eric yanditse ku itariki ya: 2-02-2017

Ikarongi turinubira kutagira sitade na gare murakoze

ALIAS yanditse ku itariki ya: 22-01-2017

Rubavu na karere keza cyane njye mbona ariwo mushyi wi ntara yi burengera zuba

Kwitonda Kwitopacifique yanditse ku itariki ya: 20-01-2017

Mumbwire amakuru ya diamond

Josue yanditse ku itariki ya: 12-01-2017

Kureba amanota

alias yanditse ku itariki ya: 9-01-2017

Gatsibo umugabo yagiye gusura abana bee kwa sebukwe,sebukwe aramukubita? polisi iramufunga

vaile the secrate yanditse ku itariki ya: 8-01-2017

MUKAREREKA NYABIHU UMURENGE WAJENDA RUSWA IRAVUZA UBUHUHA MUMUDUGUDU WAKIBUYE uwitwa Nizeyi Abudurukarimu,aratujambije Canecane Abanyerondo.

ALIAS yanditse ku itariki ya: 5-01-2017

Mu tubwire ibyinka yabyaye umuntu

Alias yanditse ku itariki ya: 3-01-2017

Ariko Abayobozi bacu ntabwo baziko umwami atica hica rubanda mbese umukozi udashoboye yashyizwe ahagaragara hakurikijwe administration kndi mu mu cyo akabona akeguzwa, naho uwabangamiye umuyobozi we gukora amafuti aramuhimbira ibyaha amwihimureho, abasigayemo bagire ubwoba bo bahinduke ’’yego mwidishyi’’ ibi mwarimukwiye kubisuzumana ubwitonzi Ndahamya ko abegura ataribo bakora nabi ahubwo abenshi barikuzira akagambane ka Nyobozi yahawe ububasha kndi barimo inkundamugayo

Makenga yanditse ku itariki ya: 1-01-2017

Numvise mukorera ubuvugizi abantu cyane cyane muri service y’imibereho myiza, none Iwacu nyagatare, mu murenge wa Rwimiyaga, akagali Ka Rwimiyaga, umudugudu wa rebero hari umwana urwaye umeze nabi rwose, ababyeyi baragerageje ntabitaro batagezemo ariko ubu ubushobozi bwararangiye ari murugo gusa, mwadukorera ubuvugizi Imana ibahe imigisha. Murakoze

aimable HABARUREMA yanditse ku itariki ya: 31-12-2016

Numvise ubuvigizi kigali today ikorera Abaturaage cyane cyane mubuvuzi, none nkuko Imana Ibakoresha ibikorwa nkibyo byiza ino Iwacu, nyagatare mu murenge wa Rwimiyaga akagali Ka Rwimiyaga Umudugudu wa rebero dufite umwana urwaye cyane ababyeyi ubushobozi bwarabashiranye,nukuri ameze nabi bofatika

Aimable yanditse ku itariki ya: 31-12-2016

Ndanega Gitifu Wu Murenjye Wa Nyamabuye, Gusenyera Abantu Siko Kubengera Ndore Ko Yahawe Imondoka Ndanega Umuyobozi Umwe Undateza Abaturenge Imbere Uwo Ni Mundugundu Wa Nyakabingo Ho Mu Murejye Wa Nyamabuye Mukagari Ka Remera Arangwa Na Ruswa Pe! None Ngo Ruswa Iracika Oya Nukutubeshya Ubuse Aho Zingarara Cyane Sikubayobozi Ndashimira Aferi Sosiyare Wacu Mu Kagari Karemera Yingisha Abaturange Neza Imana Imuhe Umugisha

Eugene yanditse ku itariki ya: 28-12-2016