Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
KARONGI Muzaturebere impamvu yaba itera umurenge wa twumba utagira umuriro, mutugari twose nikibura kugirango uhagere bumwihariko mutugasi twa; kavumu na Rutabi .ese abayobozi butugari ntabwo bahembwa. kuburyo burimuturage service yagahawe kubuntu abanza kuyishyura muzadusobanurire.
BURERA, insiriri y’ibibazo bishingiye ku miyoborere mibi y’akazu n’itoneshwa byubatswe n’uwari FED Burera ZARADUHAYE Joseph aho yubatse akazu k’abahoze ari aba BUTARO na CYERU none Nyobozi bikaba byarayicanze kuko idashoboye gusenya ako kazu ntinashobore gutekinika nk’uko byahoze none henshi mu mirenge ya BURERA byarazambye, abaturage twibera m’urujijo n’igihirahiro; Ibikorwa remezo byarasenyutse; Inzara niyose naho indwara ziterwa n’umwanda ziratwugarije, bityo kubufatanye n’inzego zitandukanye mufashe Umuyobozi w’Akarere arananiwe. Isaranganya kuri revenue sharing mu mirenge ikora kuri Paliki y’ibirunga ni ikibazo, aho ba gitifu b’imirenge ikoze ku birunga bishiriraho amashirahamwe azitira inyamaswa bakayaha abayobozi babafasha kurya amafaranga agenewe abaturage ubundi bagatanga amasoko m’uburiganya hubakwa ibyumba by’amashuri, ugasanga igikorwa cyakozwe ntaho gihuriye n’amafaranga yatanzwe. Mu mirenge imwe nimwe kdi hari za Clubs zirwanya abagaragaza ukuri zubatswe na ZARADUHAYE abifashijwe na BOSENIBAMWE.
Mudufashe i rwambogo mumurenge wa butare kuko abana bata amashuri bamwe bitewe ningendo ndende bakora bajya kwiga
amakuru kumuyobozi wakarere bimezebite?
mutuvugire baduca amafranga menshi yu mutekano kandi ntawo bakoraraaaaaa
turabashimira.amakuru.mutujyezaho
igitecyerezocyanjye.nukubashimira
Muzaze Mudusure Murebe Ukuntu Tutagira Umuriro Kandi Dufite Igishanga Cyurugezi Gatare Cell,
madam talon azasure urwibutso rwantarama buesera naho amenye amateka yaho
madam talon azasure urwibutso rwantarama buesera naho amenye amateka yaho
turashima umukuru wakarere kacu konoza guhunda zareta akaba ahashya ruswa
perezid warepuburi ka yadukoreye
burikime. nakomez agubwe neza kuko twamuhawe na RUREMA. uwamutaka ntiya murangiza imana nikomeze imuhekuramba.maze igihugu cyacu kikomereze iterambere
mboneyeho nogushimira mayor wa karere ka burera kubera igikorwa cyo gushira kaburimbo mpumuhanda batangiye
Amakuru Yabayobozi Butugali Bahagaritwse Mukarere Ka kicukiro
Turashimira Mayor wa nyagatare kuko arashoboye yanga akarengane, ruswa,n’ibindi byose bitajyanye n’icyerekezo igihugu cyacu gifite tuzakomeza gushyigikira H.E Paul Kagame.
AMAKURU Y’AKAZI N’ABAYOBOZI B’UTUGALI BIMEZE BITE?
muri kongo, mumaja ruguru ya kivu ,intaqa ya masisi, mu karere ja RUBAYA, ubujura burarenze, aho bakingura n’inzu nyirayo ariyo
Munyemerere banyamakuru mutugezaho amakuru buri munsi mwongeremo imbaraga mujye mushyiraho inkuru zijyanye n’ igihe Ku turere( districts) kuko usangaho inkuru zimaze iminsi. mbashimiye imbaraga n’ impinduka mugiye gushyiramo.
TURABASHIMRA
few ward the student too gs nyanza dig dog nyamasheke arashoboye muguhimbaza ibigwi tmukuru wacu yatugejejeho too!!!
Umukobwa yiyahuye nyuma yo kumenya ko atwite mu murenge wa BUTARO akagari ka MUBUGA akarere ka BURERA
Nyakwigende Nyandwi Yari Umubyiyi Imana Imwakire Mubayo Turababaye Nkabana Bato Twari Tutaramumenya Kandi Aruwi Iwacu Ikaduha
NTIBYO NGO SE MUDUHA AMAKURU DUSHAKA MURAKOZE?