Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1377 )

KARONGI Muzaturebere impamvu yaba itera umurenge wa twumba utagira umuriro, mutugari twose nikibura kugirango uhagere bumwihariko mutugasi twa; kavumu na Rutabi .ese abayobozi butugari ntabwo bahembwa. kuburyo burimuturage service yagahawe kubuntu abanza kuyishyura muzadusobanurire.

Elias yanditse ku itariki ya: 24-11-2016

BURERA, insiriri y’ibibazo bishingiye ku miyoborere mibi y’akazu n’itoneshwa byubatswe n’uwari FED Burera ZARADUHAYE Joseph aho yubatse akazu k’abahoze ari aba BUTARO na CYERU none Nyobozi bikaba byarayicanze kuko idashoboye gusenya ako kazu ntinashobore gutekinika nk’uko byahoze none henshi mu mirenge ya BURERA byarazambye, abaturage twibera m’urujijo n’igihirahiro; Ibikorwa remezo byarasenyutse; Inzara niyose naho indwara ziterwa n’umwanda ziratwugarije, bityo kubufatanye n’inzego zitandukanye mufashe Umuyobozi w’Akarere arananiwe. Isaranganya kuri revenue sharing mu mirenge ikora kuri Paliki y’ibirunga ni ikibazo, aho ba gitifu b’imirenge ikoze ku birunga bishiriraho amashirahamwe azitira inyamaswa bakayaha abayobozi babafasha kurya amafaranga agenewe abaturage ubundi bagatanga amasoko m’uburiganya hubakwa ibyumba by’amashuri, ugasanga igikorwa cyakozwe ntaho gihuriye n’amafaranga yatanzwe. Mu mirenge imwe nimwe kdi hari za Clubs zirwanya abagaragaza ukuri zubatswe na ZARADUHAYE abifashijwe na BOSENIBAMWE.

MANIRAGUHA Ladisilas yanditse ku itariki ya: 23-11-2016

Mudufashe i rwambogo mumurenge wa butare kuko abana bata amashuri bamwe bitewe ningendo ndende bakora bajya kwiga

murwanashyaka jonas yanditse ku itariki ya: 19-11-2016

amakuru kumuyobozi wakarere bimezebite?

Danier yanditse ku itariki ya: 19-11-2016

mutuvugire baduca amafranga menshi yu mutekano kandi ntawo bakoraraaaaaa

alias yanditse ku itariki ya: 18-11-2016

turabashimira.amakuru.mutujyezaho
igitecyerezocyanjye.nukubashimira

manirarora yanditse ku itariki ya: 16-11-2016

Muzaze Mudusure Murebe Ukuntu Tutagira Umuriro Kandi Dufite Igishanga Cyurugezi Gatare Cell,

elias yanditse ku itariki ya: 13-11-2016

madam talon azasure urwibutso rwantarama buesera naho amenye amateka yaho

aimable yanditse ku itariki ya: 8-11-2016

madam talon azasure urwibutso rwantarama buesera naho amenye amateka yaho

aimable yanditse ku itariki ya: 8-11-2016

turashima umukuru wakarere kacu konoza guhunda zareta akaba ahashya ruswa

Evode yanditse ku itariki ya: 5-11-2016

perezid warepuburi ka yadukoreye
burikime. nakomez agubwe neza kuko twamuhawe na RUREMA. uwamutaka ntiya murangiza imana nikomeze imuhekuramba.maze igihugu cyacu kikomereze iterambere

BUTOYI yanditse ku itariki ya: 3-11-2016

mboneyeho nogushimira mayor wa karere ka burera kubera igikorwa cyo gushira kaburimbo mpumuhanda batangiye

yambabariye jean claude yanditse ku itariki ya: 2-11-2016

Amakuru Yabayobozi Butugali Bahagaritwse Mukarere Ka kicukiro

Alias yanditse ku itariki ya: 28-10-2016

Turashimira Mayor wa nyagatare kuko arashoboye yanga akarengane, ruswa,n’ibindi byose bitajyanye n’icyerekezo igihugu cyacu gifite tuzakomeza gushyigikira H.E Paul Kagame.

EVARISTE yanditse ku itariki ya: 27-10-2016

AMAKURU Y’AKAZI N’ABAYOBOZI B’UTUGALI BIMEZE BITE?

EVARISTE yanditse ku itariki ya: 27-10-2016

muri kongo, mumaja ruguru ya kivu ,intaqa ya masisi, mu karere ja RUBAYA, ubujura burarenze, aho bakingura n’inzu nyirayo ariyo

HAKUZIMANA ndagijimana samuel yanditse ku itariki ya: 26-10-2016

Munyemerere banyamakuru mutugezaho amakuru buri munsi mwongeremo imbaraga mujye mushyiraho inkuru zijyanye n’ igihe Ku turere( districts) kuko usangaho inkuru zimaze iminsi. mbashimiye imbaraga n’ impinduka mugiye gushyiramo.

Egide yanditse ku itariki ya: 25-10-2016

TURABASHIMRA

GURB yanditse ku itariki ya: 21-10-2016

few ward the student too gs nyanza dig dog nyamasheke arashoboye muguhimbaza ibigwi tmukuru wacu yatugejejeho too!!!

Fw ward yanditse ku itariki ya: 20-10-2016

Umukobwa yiyahuye nyuma yo kumenya ko atwite mu murenge wa BUTARO akagari ka MUBUGA akarere ka BURERA

Ndizihiwe Isidore yanditse ku itariki ya: 17-10-2016

Nyakwigende Nyandwi Yari Umubyiyi Imana Imwakire Mubayo Turababaye Nkabana Bato Twari Tutaramumenya Kandi Aruwi Iwacu Ikaduha

Michel yanditse ku itariki ya: 15-10-2016

NTIBYO NGO SE MUDUHA AMAKURU DUSHAKA MURAKOZE?

Dusingizimana Jeadamasen yanditse ku itariki ya: 13-10-2016