Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
Twipfuza mudushitseho amakuru ajyanye n’urukundo.MURAKOZE.KUNKUMI N’IMISORE MWIKIGIHE KIRANGIZA ISI.
Akarere kakayonza umurenge wakabarondo akagari kacyinzovu gukomeza murizarundu turasaba mutuvuganire tumenyeshwe impamvu tudahabwa umuriri wamashanyarazi nyuma yigihe kunin tubeshywa guhabwa umuriro
Murigashora ngohaje ibitaro bya barwayi ba covide19 mutubwire
Mwiriwe,mutubarize ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali,Akarere ka Kicukiro by’umwihariko igihe umuhanda uhuza Rwamagana (Inyakaliro) na Kicukiro (Imasaka)uzakorerwa.
Abaturajye dutuye Igishore Nyakaliro nitwe dukunze kwitanga amafaranga ngo dusane umuhanda nibura tubine uko tuhanyura ark intege zacu ntizibe nyinshi nkuko bikenewe.
ese uyu muhanda nibura waba uzakorwa ryari??
Kigali tudeyi
Mwaramutse nda shaka kumenya icyaraye cyanzuwe munama yo gufungura ingendo muntara
Kuzagya menya amakuru ya turere du tandukanye
Murwanda
mutubarize meya wa gisagara aho gahunda yo kubaka umuhanda save-gisagara aho bigeze cg niba ubushobozi ntabwo kuko bimaze igihe kinini cyane murakoze
murakoze cyane
Gushaka akazi
Mutubarize Meya wa Rusizi
Impamvu utundi turere badufungurira injyendo Rusizi bigakomeza kuba icyibazo kuko sinako karere
Ko nyine gakora kumi paka kuburyo ariko gahaha indwara nyinshi kdi arahemukira abaturajye bahahiraga hanze ya karere
Mwaramutse?mubyukuri nagahinda ni shavu kuka Rere ka Rusizi kumva katava mukato abaturage bitugiraho ingaruka;Zikomeye cyane none rero reta nikiteho. Byumwihariko gafashwe gufata ingamba zitanga igisubizo kubaturage murakoze.
Mutubarize meya wa kayonza impamvu aba maso bubatse amashuri yo murisite yakageyo rwisirabo na ndago muka wa2015 2017 zirimumurenge wa mwili impamvu batishyurwa
Mutubarize uwitwa Claudine Uri Ku acting kumwanya w’ushinzwe abakozi mu karere ka Karongi hamwe na executif w’akarere ukuntu abantu bakoze examen z’akazi murwego rw’ubuzima results zikaba zarasohotse kuwa 06/03/2020 abatsinze bagasabwa gutanga dossiers none bakaba bagejeje iki gihe nta mabaruwa barahabwa ahubwo barangiza bagasohora itangazo mukwezi kwa gatandatu bavuga ngo habaye ikibazo mumashusho .kuki badafata umwanzuro ngo birangire?numero za Claudine ni 0788512257.murakoze
Nkeneye kubona shortliste yi myanya kukazi kubwarimu muri primary murakoze 🙏🙏
Gukubita no gukomeretsa Ni icyaha si igihano,ntabwo witwaza ububasha nyafite ngo bahohotere Abo bashinzwe,nibahamwa nicyaha bazabihanirwe rwose,n’abandi bibabere isomo.Murakoze!
NDIFUZA KUMENYA MUNARA YIBURASIRAZUBA MUKARERE KANGOMA
Ndashimira mayor wa Karere kacu ka Bugesera na Gitif w’umurenge wa Nyamata kuruhare rukomeye n’imbaraga bakoresha mugukumira covid 19 .
karongi harabarwayi ba covid 19 ngo bahabonetse kuruyumunsi?
Muraho,hari inkuru nasomye kurubuga rwanyu, ivuga hejuru y’ubuhinzi nubutubuzi bw’imbuto bukorwa na FAIM Rwanda mukarere ka Rwamagana, nifuza kuhakorera urugendo shuri, nkaba mbasaba kumfasha mukampa contact zabo cg basi mukampuza nano. Mbaye mbashimiye murakoze.
Theophile
Murakoze cyane ko mudahwema kutugezaho amakuru y’Akarere kacu, mutubarize aho umushinga wo kugeza amashanyarazi mu murenge wa Kibangu ugeze.
Mu by’ukuri abanyakibangu turi mu icuraburindi, ntitubasha kubona aho twacaginga telefone zacu, kwiyogoshesha, gufotora ibyangombwa,.....
Muturwaneho kuko dukeneye kwiteza imbere.
Mukarere ka ngoma nagobubahiriza gahunda yagapfuka munwa.