Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
kuki komisiyo y’abadepite (pak)ikurikirana abanyereje umutungo warubanda yemera ibyo abayobozi basobanura,bamwe babesha ngo n’ubuswa bw’abakontabure;abandi ngo ntibazi za logiciel;ubwo se abo baswa ko buri munsi bakoresha ibizamini bafata abatabizi kubera iki?bazadusobanurire amafaranga bamaze kugaruza.fdl igomba gukurikiranwa aho itera iva muri congo;turambiwe intambara n’uduteroshuma.
WISHIMAGIZA GICUMBI,UZIKO HASHIZE HAFI AMEZI ABIRI YARANANIWE GUSHYIRA ABA CANDIDATES BARENGA 20 MUMYANYA YABO KANDI AMANOTA YOSE YARASOHOTSE.
INKURU ZANYU TURAZISHIMIRA ARIKO BISHOBOTSE MWAGABANYA AMAKOSA M’UBURYO ZIBA ZANDITSWE.Thank you very much.
Porisi yigihu turashimira umutekano mumuhanda arko zebra closing abamotari bameze nabi kko ahokuguha akayira ucyizwa nogusimbuka hakaba igihe ugwa mumodoka ihaguru kire akokantu murakoze
nyamasheke bahisemo neza pe. urebye ukuntu amashyirahamwe yateje umugi wa karongi imbere munyubakire mugihe gito birashimishije.babirahure
turatabariza ubuyobozi bwite bwa leta kugarukira abaturage batuye umurenge wa bugarama mu karere ka rusizi bitewe nimvura yaguye yangiza umuhanda ndetse nimiceri mu gishanga cya bugarama!!
ndashimira abateye inkuga igikorwa cyo gufasha abasenyewe na Burehe.
Iri soko rya Bikingi mu murenge wa Bigogwe ubanza uwize iryo soko atari yabitekerejeho kuko yarishyize hirya cyane ya kaburimbo ahubwo azana iry’inka arishyira kumuhanda bazabigurane inka zijye hirya isoko nrize kumuhanda rizahita ryitabirwa.Nibitabako bazihanganire igihombo cy’amafranga yaryubatse
imbaraga nyinshi mubijya nye nubuta ka
zirakenewe cyane pe
mushyiremo imbaraga pe!
akarere ka burera muzagerageze mudusure dufite igitekerezo tugomba kubagezaho ;kubyerekeye isuku muri rusange,
akarere kagatsibo karakoze cyane ayo naya project yinka zifatirwa mucyigo cyagabiro
ayomafaranga akarere kagatsibo katanze kazayitirire abaturage banyazwe inkazabo zafatiwe mucyigo cyagisirikare cy’IGABIRO kuko barayarengeje muruyumwaka
ndashimira police y,igihugu idahwema kurwanya ikibi cyose mugihugu.murakoze.
umuyobozi w’akarere ka gicumbi Mvuyekure Alexandre n’abamwungirije bigaragara ko bafite ubushake bwo kuzamura aka karere,ariko ;abashinzwe gutanga serices baravanga.Nkawe se buriya muri Mwalimu Sacco! Education! Secretariat! aha!!
ndumva mwatubariza impamvu abarimu ba primaire batongejwe muri nyakanga kandi ministre w’ umurimo yari yavuze ko bazongezwa.turabemera.kandi abarimu bafite impamyabumenyi ya A2 bigisha muri secondaire nine years ntibitabwaho.murakoze