Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1426 )

Kugaragaza ibitagenda ni byiza ariko gusobanura neza igihe Etat Civil Busoro yaba yaratse ruswa n’ icyo yayakiye byaba byiza kugira ngo tuve mu rujijo kuko dusanzwe tumugana kandi akadufasha ntakiguzi.

Murakoze

mwubahamana beata yanditse ku itariki ya: 24-04-2013

Turashimira leta yacu,ariko Uyu muntu ushyize ahagaragara Etat civil Charles NKUNDAKOZERA na affaire social janvier bakorera kumurenge wa Busoro mu karere ka nyanza,arakoze kuko baranyunyuza abaturage cyane kdi tuzi ko service zose zitangwa zitakagombye gutangirwa inyoroshyo(bituga ukwaha)cyane cyane mu kwishyuriza abacitse ku icumu imitungo yabo yangijwe muri jenoside no gutanga ibyangombwa biva muri affaire social.turasaba mayor wacuWA NYANZA kudukurikiranira imikorere yabo bantu babiri bakorera muri Busoro.niba atati ibyo baravangira gahunda za nyakubahwa perezida wa repubulika y’uRwanda.niba mushaka kumenya amakuru neza muzabaze abaturage bose abantu bishe UMURENGE WA BUSORO,Bazababwira abo biyita abayobozi .

yanditse ku itariki ya: 23-04-2013

Umwe mubayobozi b’umurenge wa BONEZA mu karere ka RUTSIRO yahitanywe n’impanuka y’imodoka.

Raymond DUSABE yanditse ku itariki ya: 23-04-2013

Ndatabaza abaturage baturiye inkambi ya Kigeme bishwe n’inzara kubera kudahinga kuko babujijwe gukorera mu
asambu yabo ngo bazabagurira.

yanditse ku itariki ya: 23-04-2013

Mayor wacu wa nyanza,turamushima ariko nadukize abayobozi barya ruswa kugirango babone gutanga service.ba etat civilecyane cyane Charles Nkundakozera na affaire social witwa janvier bo mumurenge wa BUSORO.nta muntu ugihabwa service atabanje kugira icyo abaha ,twabarambiwe kdi turabamaganye.

yanditse ku itariki ya: 23-04-2013

meya wa rurindo na twishyurize rwiyemezamirimo witwa natani wambuye abaturage naho ubundi azageraho asdebe

prudent yanditse ku itariki ya: 20-04-2013

uavuga ngo rurindo ooye kdi meya yatanze kwishyuriza aba koze mumuhanda Kigali musanze,

prudent yanditse ku itariki ya: 19-04-2013

Ndatabaza kuko intore za NYARUGURU dukomerewe no kuyoborwa n’umutahira UMULISA Josiane wari ubishoboye ariko ingeso yo gukunda umugayo asenya urwe n’urw’abandi ikaba yaramunaniye.

Yashenye urwe na Aplhonse arusenyera mu rwa GITIFU none umugore wa Gitifu yaramubishije.

Mwatabaye koko ntagomeze gutatira umuco w’ababyeyi. Muzumva twabisakuje rero abayobozi mwese nimudafata icyemezo

Rurasamuheto syrille yanditse ku itariki ya: 18-04-2013

RULINDO oyeeeeeee

marie grace ndayiragije yanditse ku itariki ya: 18-04-2013

Urakoze kuri iyi ngingo nziza,imiyoborere myiza tuyikesha ubuyobozi bwiza.Irindi torwa rya Mzee wacu ntacyo ryaba rimaze, umutoza mwiza ateganya abaza musimbura,kdi ikipe yatoje ifite abahanga mukwesa imihigo mushimire Mzee wacu kuko nta cyo atakoze afashijwe ni Imana imikomereze mu biganza byayo urubyiruko tumuri inyuma.

Nzamwita Amulam yanditse ku itariki ya: 17-04-2013

Urakoze kuri iyi ngingo nziza,imiyoborere myiza tuyikesha ubuyobozi bwiza.Irindi torwa rya Mzee wacu ntacyo ryaba rimaze, umutoza mwiza ateganya abaza musimbura,kdi ikipe yatoje ifite abahanga mukwesa imihigo mushimire Mzee wacu kuko nta cyo atakoze afashijwe ni Imana imikomereze mu biganza byayo urubyiruko tumuri inyuma.

Nzamwita Amulam yanditse ku itariki ya: 17-04-2013

i speak english my mum and dad speak kinyurwanda tho

ndongozi yanditse ku itariki ya: 9-04-2013

Nibyo koko Rulindo,ikomeje kwesa imihigo,ariko ibanga nta rindi n’imiyoborere myiza n’uburyo ubuyobozi bwegera abaturage.Imana ikomeze ibafashe.

HABIYAMBERE JEAN BAPTISTE yanditse ku itariki ya: 3-04-2013

This is a very good tip particularly to those new to the blogosphere. Simple but very precise information… Appreciate your sharing this one. A must read article!

yanditse ku itariki ya: 3-04-2013

Natwe i kansi twategereje umuriro none amaso yaheze mukirere sinzi niba haricyo mwatwizeza?

Hyacinthe yanditse ku itariki ya: 31-03-2013

NIBYIZA MUJYE MUGANIRA NEZA

MUKUNDE yanditse ku itariki ya: 29-03-2013

ndintirengantya nomumashurimujyemuduraaaaaaaaaaaaaa

calpso yanditse ku itariki ya: 27-03-2013

mudusabire maire wa Nyarugenge abwirere abayobozi b Umurenge wa MUHIMA batange service nziza ahere kuri GUTIFU niba adashoboye bamuhindurire imirimo kandi KIGALI TODAY yohereze umunyamakuru

yanditse ku itariki ya: 27-03-2013

What is the difference between Computer Engineering and Computer Science?

yanditse ku itariki ya: 26-03-2013

Umunyamakuru wa kigali to day ukorera i nyanza yabuze amakuru.

misago jean pierre yanditse ku itariki ya: 26-03-2013

IGIHE BAVUGIYE UMUHANDA RUTSIRO RUBAVU NANUBU NTIBARIBAWUKORA!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!

yanditse ku itariki ya: 26-03-2013

Muraho neza basomyi?ese ye,ngire icyo mbibariza,kuki mwihutira kwandika inkuru kuri uru rubuga muziko ruhurirwaho na bose,mukandika musebya bamwe mubayobozi hari ubwo mwaba mwarafashe umwanya wanyu ngo mujye kubaganiriza ndetse mubagire n’inama mbere yo kwandika musebanya?mugire ubushishozi mubyo muvuga.murakoze

Umuhuza Evryne yanditse ku itariki ya: 26-03-2013