Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
Amasoko mu karere ka Musanze arimo ruswa ikabije,n’abantu bamwe gusa bayahabwa,ubuyobozi ntacyo bumaze
mwaramutse nshuti zitadutererana!mutubarize ubuyobozi bya ewsa impamvu badaha abakozi babo umushahara wemwnje mu igazeti ya leta guhera mu07/2012 batubeshya kugeza ubu!mudusesengurire ibibera muri iki kigo cyacu kuko birarambiranye
Ni byiza ko ngororero itera imbere ariko ewasa iri kubasondeka matara yo kumuhanda none se nawe uragera kumuhanda ugasanga hari kwaka jmatara 2 mu matara 50 nayo kandi yaka nka twa dutara twa economique duto mbese nitara rimurika ipoto gusa ahaa! iyi visio yincinwa
kubera umutekano wacu ntitubashije kwivuga izina ariko twasaga ko mukarere ka gatsibo umurenge wa kiziguro, akagali ka mbogo wadusabira amazi meza kuko tunywa amazi yo mumuferege niho hantu tugikoresha amazi yo kudasha intoki mugishanga.
munyarukire i cyarwa urenze ku mukoni gato, ahapimirwa nyirantare hitwa kwa KIBWA bakubise umuntu aba indembe, ubu ari mu bitaro ibutare, ubuyobozi bw’umurenge bwafunze ako kabare none karimo karakora kandi umurenge uzi ko gakopra. BATWICE BAKOMEZE BAPIME BYA NYIRANTARE BYABO?? MURAKOZE!!!!
NDI J.PIERRE NDI MU KAGALI KA KABUGA UMURENGE WA MBAZI ABAYOBOZI BOMU KAGALI KAGABUGA NIBAKIRA ABAGANA NEZA KANDI BAGERA KU KAGARI SAA YINE
mutubarize MADAMU MUTAKWASUKU YVONNE;ese abantu batabonye ibyangobwa by’ubutaka bya burundu muri NYAMABUYE bamwandikiye umwaka ukaba ushize ntagisubizo bazasiragira muri service y’ubutaka kugera ryari?(ubaza muri service y,ubutaka ngo muzategereze umwanzuro w’akarere)
Mutubarize Muzuka impamvu yatanze atatanze ibirarane by’abarimu bagiye baha bamwe abandi barabareka? bakurukije iki kandi MINEDUC iba yatubwiye ko twese bazayaduha???Birababaje ntakuvamvura abana kandi bose aba ari bamwe?
Mutubarize muri GENERATIONRWANDA Ko badusaba ibyangombwa tukabitanga twujuje nibisabwa ngo duhabwe promotion yo kwiga baba batangaje ubwabo kandi bikanaduhenda kugirango tu deposer ariko nta yego nta na oya tujya tubona kandi criteres zose tujujuje
NASABAGA ABANA BIGAKU KIGO CY’ABYIMANA KO BIRINDA IGIKORWA CYUBUGIZI BWANABI CYO GUTWIKA AMASHURI BIGIRAMO BAZAJYEGUKORERA AMAHUGURWA KUKIGO CYA CIKUKIRO IPRC KIGALI TSS.
Mudutabarize natwe EWSA mu karere ka BUGESERA Centre ya BATIMA dukeneye umuriro kandi birakwiye.
nibyiza ko tunga tv bayitekere gusa niba dukangurirwa gukora 24/24 ndabo bamwe bashobora kwiherera mumakuru bareba ntibakore kd abana no gukunda amashusho sinzi niba batazimurira ibyumba by’amashuri mumadirishya hahengeza aho kwiga bikoramwe ubushishozi.
Ndatabaza kuri EWASA nimudutabare mu murenge wa Ngeruka mukarere ka Bugesera twabuze amazi inzara igiye kutwica none n’amatungo yacu amerewe nabi.
ESE NIBATICUGIRA UMUTEKANO BAWUCUNGIRWA NANDE?NIBAFASHE INGABO Z’IGIHUNGU NA POLCE Y,U RWANDA KUBABERA AHO BATARI
MUREBE KO TUDATURA MU RWATUBYAYE NEZA TWICUNGIRA UMUTEKANO EREGANAWE UMUTEKANO WI GIHUGU URAKUREBA KUKO NTAMUTEKANO NAWE NTIWARYAMA CYANGWA NGO UGIREN ICYO WABA WAKORA NGO KIGUTEZE MBERE.
Bjr! Cip nanubu twarumiwe abantu bayigagamo. So wda ibyigeho badusubize.
Bjr! Cip nanubu twarumiwe abantu bayigagamo. So wda ibyigeho badusubize.
Dushimishwa nukuntu Igihugu cyacu kirimo cyihuta mu iterambera,haba mubikorwa remezo n,ibindi.Ariko hari uduce tumwe natumwe usanga kuzabona ibyo bikorwa remezo arihatari kandi byitwa ko bafite umuhanda nyabagendwa.Aha ndashaka kuvuga nko kubona Amazi n,umuriro. Aha ni mukarere ka Gisagara, Umurenge wa Save, Akagali ka Zivu, Umudugudu wa Ryarubayi. bivugango abaturage batuye mw,uyu mudugudu kubona amazi mw,iyimpeshyi ni ikibazo kibabangamiye cyanee.Aba baturage babonye amazi cyane cyane byarushaho kuba byiza cyane.
Akarere ka Gisagara, Umurenge wa Save, Akagali ka Zivu. Umudugudu wa Ryarubayi. Twashimishijwe nuko tubonye umuhanda uva muri Ndora wambuka muri Save ariko kurubu duhangayikishijwe namazi agiye kuzadusenye bitewe nuko abantu barikudukorera umuhanda batashakiye inzira ubu akaba ayoboka mungo z,Abaturage bomw,uwo mudugudu. byarushaho kuba byiza mutubarije.
duherereye mukarere ka ruhango twiga mwishuli rikuru rya ISPg,dufite ikibazo kubijyanye numuhanda uva kirengere-buhanda-gitwe murebe uko mwatugenza kabisa.murakoze
duherereye mukarere ka Gasabo,umurenge wa Nduba,akagali ka Sha,ewasa yaratubeshye rwose iturira amafaranga ngo nayo kuzatuzanira amapoto nyuma yuko twikusanyirije asaga milions2,5 none amaso yaheze mukirere mumfashe kugeza ikibazo cyacu kubabishinzwe,Murakoze.
mu murege wa gikonko wo mukarere ka gisagara rdb yaduhaye ikigo kitwigisha ikorana buhanga kitwa gikonko acceess point ariko ntwasabye connection ariko amaso yaheze mukirere mutuba rize icyo baduteganyirije
Abantu bahishije inzu y’ubucuruzi i muhanga barababaje cyaneeeee kuko n’ibyo bacuruzaga byahiriyemo byose,ubwo ni ukuvugako hatagize igikorwa byaba bibabaje cyane