Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1357 )

mu murege wa gikonko wo mukarere ka gisagara rdb yaduhaye ikigo kitwigisha ikorana buhanga kitwa gikonko acceess point ariko ntwasabye connection ariko amaso yaheze mukirere mutuba rize icyo baduteganyirije

nsengiyumva jonathan yanditse ku itariki ya: 10-06-2013

Abantu bahishije inzu y’ubucuruzi i muhanga barababaje cyaneeeee kuko n’ibyo bacuruzaga byahiriyemo byose,ubwo ni ukuvugako hatagize igikorwa byaba bibabaje cyane

Uwamahoro yanditse ku itariki ya: 9-06-2013

Abantu bahishije inzu y’ubucuruzi i muhanga barababaje cyaneeeee kuko n’ibyo bacuruzaga byahiriyemo byose,ubwo ni ukuvugako hatagize igikorwa byaba bibabaje cyane

Uwamahoro yanditse ku itariki ya: 9-06-2013

Mu ntara yamajyaruguru iGICUMBI mu murenge wa kaniga urukiko ruhakorera abacamanza baho kurya ruswa babigize akamenyero, mutabare abaturage abo bantu bahindurirwe ahandi.Iyo utatanze akantu ntacyo ugeraho.

yanditse ku itariki ya: 7-06-2013

twasabagako muriyigahunda ya vision2025 nibura buri kagari kagira poste desate kukoharahabaturage kugerakwamuganga bibagorakuberaimiterere yuturere nkomujaruguru rurindo gakenke nahandi cg byaba bidashoboka mukarebako hakorwa imihanda

nshakirahe henerco yanditse ku itariki ya: 6-06-2013

Ese?i NYABIHU haba abayobozi munyarukireyo mu Murenge wa Jenda .Akagari ka Nyirakigugu,Umudugudu wa Nteranya mwiyumvire ukuntu ubujura bwo kwiba Inka nijoro hanyuma bakazibagira kugasozi ese? kuki bidatangazwa kandi aborozi barembye?

MANISHIMWE SAMUEL yanditse ku itariki ya: 6-06-2013

Ese?i NYABIHU haba abayobozi munyarukireyo mu Murenge wa Jenda .Akagari ka Nyirakigugu,Umudugudu wa Nteranya mwiyumvire ukuntu ubujura bwo kwiba Inka nijoro hanyuma bakazibagira kugasozi ese? kuki bidatangazwa kandi aborozi barembye?

MANISHIMWE SAMUEL yanditse ku itariki ya: 6-06-2013

amakuru yintore zo mukarere ka rusizi zi mezegute?

yanditse ku itariki ya: 4-06-2013

Ndabaza abayobozi b’akarere ka Nyanza igituma iteme rya Mpanga ridakorwa.Harabura iki koko?

mahirwe Aime yanditse ku itariki ya: 31-05-2013

mutubarize SFAR impamvu umuntu yohabwa amafaranga yicumbi ukwezikumwe gusa akagira umwaka atarabona andi kandi acumbikiwe na sfar,ayomafaranga yumwakawose ntabonye bizagendabite?murakoze kumbariza

byiringiro yanditse ku itariki ya: 26-05-2013

MUTUBARIZE KIE IMPAMVU YANZE KUDUSUBIZA AMAFARANGA YACU YA CAUTION YA LIBRARY N’AYO TWARISHYE TWENDA KU GRADUA MU MWAKA WA 2012 NUBU TWARAHEBYE

ombeni yanditse ku itariki ya: 24-05-2013

ABAKOZI BIBIGO NDERABUZIMA TURASABAKO MWADUHINDURIRA ABA TITULAIRE KUBERAKO HARI ABAMAZE KUBIGIRA AKARIMA KABO,BIRUKANA ABAKOZI UKO BISHAKIYE HANYUMA BIKAGIRA INGARUKA KUBANDI BAKOZI BASIGAYE,URUGERO NI NKO KUKIGO NDERABUZIMA CYA NTARUKA ABAKOZI BASIGAYE BAHEMBWA BIGORANYE KUBERA KWISHYURA ABAKOZI BIRUKANWE KUMAHERERE BAJYA KUREGA BAGATSINDA NONE NUBU ICYO KIBAZO KIRAHARI,NIYO MPAMVU TWASABAGA ABAYOBOZI KO BAKWIHUTITA GUKEMURA ICYO KIBAZO,ABAKOZI NTIBAKIVUGA KUBERAKO UMUYOBOZI,ABATERA UBWOBA CYANE MUTABARE

yanditse ku itariki ya: 24-05-2013

urubyiruko rw’u rwanda bararufungira éducation vaste?!burya nta kitagira resultat(action)

yanditse ku itariki ya: 22-05-2013

urubyiruko rw’u rwanda bararufungira éducation vaste?!

yanditse ku itariki ya: 22-05-2013

MURAHO!NYAMARA NUBWO BAVUGANGO TWE GUSIMBUKA IMYAKA IMWE NIMWE YAMASHURI HARI ABAFITE ISHINGIRO AHA NDAVUGA ABIGA MU ISHURI RYSUMBUYE RYA GASENYI /KARONGI/ MUTUNTU SECTOR KUKO HABA ABARIMU BASHEKEJE CYANE UWITWA MUKAMANA ZELDA KUKO UBUYOBOZI BURAMUKUNDWAKAZA BUKANMUHA AMASOMO YINGENZI YOSE ATYABISHOBOYE, ATABONEKA TWABAZA BATI MUZAGE KUREGA AHO MUSHAKA NUKO UGAHITAMO KWIGENDERA UDATAYE IGIHE CYAWE.MUDUTABARE

anice yanditse ku itariki ya: 22-05-2013

NYAMARA UWO MUPADIRI UWAMUKWEGEREZA URI UMUPOLICE YAKUBWIRAKO ATONGERA KWIRUKA,YAGERA KUBANDI ATI BURYA POLICE IRABANGAMYE!SIWE GUSA NABANDI BIYUMVEMO KO ICYOREZO GITWARA BENSHI NA BYINSHI ARI UMUVUDUKO WABATWARA.TURABYAMAGANYE PE!

IVAN yanditse ku itariki ya: 21-05-2013

ahaa!! uwo gitifu wi BUSORO nuwo mukagali ka Munyinya imiyoborere yabo irakabije

yanditse ku itariki ya: 18-05-2013

Ndashimira ibitaro bya polisi uburyo bikora ariko ndasaba ubuyobozi bwabyo ko bwareba imvune abakozi bahakora bahura nazo barebe uko bakongera abakozi kuko nibitaba ibyo ibyo twashimaga bizaba bibi kuko ntamuntu wakora nkuko nabonye bakora imyaka 5 niyo yayikora amafaranga akorera ntacyo yamumarira.murakoze bayobozi amanota muhabwa mwibuke ko muyakesha abakozi kdi mubahe agaciro kabakwiye .basomyi namwe muzigerereyo murebe.

yanditse ku itariki ya: 14-05-2013

UMUTEKANO WO MU MUHANDA N’UBUNGAWBUNGWE NEZA KUKO BITABAYE IBYO PADIRI MUTO WA PARUWASE YA RAMBURA YA ZAMARA ABANTU KUKO YIRUKA CYANE SINZI NIBA ARIJYE UBIBONA GUSA NAHANYU KUBIGENZURA N’ABISHINZWE.

Kayumba yanditse ku itariki ya: 13-05-2013

Mbanje kubasuhuza,mboneyeho gutabariza umuhanda wa masaka,abahantu bafite imodoka zarahashiriye pe.mutubwirire Paul Jules

murera mathias yanditse ku itariki ya: 12-05-2013

MURAHO BANYANYANZA,JYE NDASHIMA IMIKORERE YA BA EXECITIVES BA BUSORO ,KIGOMA NA MUYIRA.ARIKO NIBADUTABARE BASHYIRE HAMWE BAKORE IMIHANDA BAHURIRAMO KUKO NIZO NZIRA ZITUNZE BENSHI MU BUZIMA BUSANZWE.URUGERO ITEME RYA BUDUBI(KIGOMA) RITEYE IMPUNGE KWA KAJYAMBERE PATRICK,UMUHANDA UVA I BUSORO UJYA I NYAMURE KWA GASORE CLEMENT WARANGIRITSE CYANE,NIBADUKORESHE TWEBWE ABATURAGE KUKO BIDUFITIYE INYUNGU,(ESE IGIHE TIG ITABONETSE IBIKORWA REMEZO BIDUPFANE? NIMWIBAZE BAYOBOZI BACU.

KANYAMIHANDA yanditse ku itariki ya: 9-05-2013

TURASABA USHINZWE UBUREZI MU KARERE KO YANJYA AGENZURA IMYANDIRE YABANA BABONA IMISHINGA MURI BURI MURENGE KUKO USA ABANDIKWA BABA BAFITE ABABYEYI BISHOBOYE MURAKOZE NIGA MATIMBA T.T.C

MUVURIRA yanditse ku itariki ya: 8-05-2013