Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1377 )

Ishimwe chrispin uzwi kwizina nka chrrispin. N’umwana ukiri muto W’umunyarwanda wavutse kuwa 18th April 2005.akaba yaratangiye gukunda umuziki akiri muto bitewe nogukunda kubyina ibyino nyamahanga.

Uyu chrrispin ni umuhanzi uririmba ijyana ikunzwe kw’isi yoso izwi nka R&B. Ikindi uyu chrrispin ni umuhanzi, umwanditsi w’indirimbo, umubyinnyi kandi akaba n’umukinnyi wa filime.

Uyu chrrispin yakunze ibinyu byose bishamikiye kumuziki nko kwandika indirimbo zabandi bahanzi yabitangiye kera agifite imwaka 8 y’amavuko bityo akura akunda umuziki ndetse nibiwushamikiyeho byose

Inzozi Ze nukubanza akarangiza amashuri yisumbuye yarangiza agatangira gukora umuziki kinyamwuga akabasha kuba yakiteza imbere we nabavandimwe be uko bavuka ari 4 chrrispin akaba arinawe muko iwabo mumuryango w’abana Bane.

INTEGO ZA Chrrispin.
Chrrispin afite intego yo gufata umuziki nyarwanda akawuzamura. Agafata umuziki nyarwanda akawuvana k’urwego rwo murwanda na East-Africa gusa ahubwo akawushyira kurwego rwo Kwisi yose.

IMPANVU CHRRISPIN YAHISEMO KUBA UMUHANZI.
Chrrispin yahisemo kuba umuhanzi kuberako ni impano ye cyanecyane ko we abikora abikunze kandi uyu chrrispin yabishyize kumutima we anahora abisengera ngo bizacemo.

Chrrispin yanditse ku itariki ya: 20-08-2023

Muraho neza turashimira nyakubahwa Perezida wacu aho agejeje igihugu cyacu cyu Rwanda.gusa harikibazo fite kurubyiruko rwabashomeri ntako government itagize ngo igabanye ubushomeri gusa mugihe habonetse ibiraka byimisi mike barya bareba kubashomeri aho kureba mubafite akazi gahoraho murakoze.

Alias yanditse ku itariki ya: 17-08-2023

Ndimukare ka Gakenke naho mu murenge wa COKO nonehe ubuyobozi bwacu bukomeje kutuberamaso budushakira Ibyiza .ariko haracyagarara bamwe mubaturage badafite umuriro wamashanyarazi ariko barikubikurikirana mu minsi mike biraba byaciyemo

Tuyemere alphonse yanditse ku itariki ya: 9-08-2023

Ndabakund cyan

Mugishe yanditse ku itariki ya: 8-08-2023

Turashima perezida wa repuburika we watumye nyaruguru yacu imera uko imeze kugenza nubu

tuyisengejeandamascene yanditse ku itariki ya: 31-07-2023

Muzaduhe urutonde rwabakunyi burwanda namakipe bakinira bifuzwa namavubi cg abobashaka guha ubwene gihugu.

Alias, yanditse ku itariki ya: 30-07-2023

turabamenyesha ko RUTSIRO mu murenge wa RUSEBEYA Nta mfashanyo z’abahuye n’ibiza twabonye mutuvuganire

SAMUEL NZABONIMANA yanditse ku itariki ya: 14-07-2023

Turabamenyesha ko RUTSIRO _RUSEBEYA nta mfashanyo zabahuye n’ibiza mutubarize perezida wa repubulika icyo twazize

SAMUEL NZABONIMANA yanditse ku itariki ya: 14-07-2023

Dukomeze kwiteza imbere mumikorere yacu yaburimunsi Kandi abayobozi mukomeze kudushyigikira

Ignace nshimiyimana yanditse ku itariki ya: 20-06-2023

Mfite umushinga nateguye wogukumira inda ziterwa abangavu , kwiyahura amakimbirane,hifasjishijwe terefone none nabuze ubufasha mwamfasha

Francine yanditse ku itariki ya: 22-05-2023

Dukeneye kumenyekanisha impano zacu

Rukundo Eric yanditse ku itariki ya: 15-05-2023

Mwiriwe neza kodukenerj gukora sport tukabura ahotuyikorera.kandi dufite impano ya sport ari volleybool.footbool.nibindi mwatuvuganira tukabona equipe yakarere nkuko numva gicumbi fc.musanze fc.natwekukagira burera fc murakoze

NSENGIYUMVA Dieu Donne yanditse ku itariki ya: 5-04-2023

Mwaramutse. Maze gusoma inkuru ya Riziki Uwimana. None nabasabaga niba mwamenyesha umuntu wanditse iyi nkuru ye kugira ngo tube twaganira birenze ho.
Murakoze

Jeanne d’Arc Habarugira yanditse ku itariki ya: 27-03-2023

MWIRIWE NEZA MFITE IMPANO YO GUKINA UMUPIRA W’AMAGURU NKENEYE UMUTERANKUNGA

TWIZERIMAN ELISSA yanditse ku itariki ya: 25-03-2023

Mwiriwe neza. ndi Jackson i Musanze nkaba ndi umushoferi mfite categories " B " nkaba kandi mfite uburambe muri uwo murimo ariko kubera ikibazo nahuye nacyo cyo kuvunikisha umwana akavunika amagufa yukuguru agacika byatumye ntabona akazi kubwo kumuvuza ariko ubu ariga ni muri urwo rwego habonetse ahakenewe umushoferi mwamfasha rwose. murakoze kuntega amatwi, 0788782213

Jackson yanditse ku itariki ya: 13-03-2023

Mwiriwe neza.
Ndi Jackson nkaba ndi Musanze,
Mubuzima busanzwe ndi umushoferi mfite categories "B".
Mfite uburambe muri uwo murimo ariko kubera ikibazo nahuye nacyo cyo kuvunikisha umwana akavunika amagufa yukuguru agacika byatumye ntabona akazi kubwo kumuvuza ariko ubu ariga ni muri urwo rwego habonetse ahakenewe umushoferi mwamfasha rwose.
Murakoze kuntega amatwi 👂

Jackson yanditse ku itariki ya: 13-03-2023

Thanks for your help.

Nsengiyumva Joseph yanditse ku itariki ya: 28-02-2023

Mwiriwe ndi umukinyi wa frime nyarwanda nepline TV nkaba ncaka umutera nkunga

Manishimwe yanditse ku itariki ya: 12-02-2023

Mwiriwe neza ni manishimwe herso nkaba ndi umukinyi wa frime nkabancaka umuterankunga 0789176663

Manishimwe yanditse ku itariki ya: 12-02-2023

Mwiriweneza nukuri mufanshije mukambonerakazi mwabamukoze kuko kubaho gutyandabirambiwe akazikose nagakora agasabimbaraga & nakadasabimbaraga mwabamukoze kuko inzara nidanger 0722149552

Alias yanditse ku itariki ya: 10-02-2023

Mwiriwe neza.Ndashimira abayobozi bacu,barakoze rwose.Ariko bibuke ko abaturage batuye akagari ka Rwotso I Kibirizi duheze mu icuraburindi.bgerageze natwe tubone umuriro nkuko bahora babitwizeza.Murakoze.

Nzayino innocent yanditse ku itariki ya: 9-02-2023

Mwiriwe neza.Ndashimira abayobozi bacu,barakoze rwose.Ariko bibuke ko abaturage batuye akagari ka Rwotso I Kibirizi duheze mu icuraburindi.bgerageze natwe tubone umuriro nkuko bahora babitwizeza.Murakoze.

Nzayino innocent yanditse ku itariki ya: 9-02-2023