Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
Mwiriwe neza.Ndashimira abayobozi bacu,barakoze rwose.Ariko bibuke ko abaturage batuye akagari ka Rwotso I Kibirizi duheze mu icuraburindi.bgerageze natwe tubone umuriro nkuko bahora babitwizeza.Murakoze.
Mwiriwe neza.Ndashimira abayobozi bacu,barakoze rwose.Ariko bibuke ko abaturage batuye akagari ka Rwotso I Kibirizi duheze mu icuraburindi.bgerageze natwe tubone umuriro nkuko bahora babitwizeza.Murakoze.
Mwiriwe neza.Ndashimira abayobozi bacu,barakoze rwose.Ariko bibuke ko abaturage batuye akagari ka Rwotso I Kibirizi duheze mu icuraburindi.bgerageze natwe tubone umuriro nkuko bahora babitwizeza.Murakoze.
Mwiriwe neza.Ndashimira abayobozi bacu,barakoze rwose.Ariko bibuke ko abaturage batuye akagari ka Rwotso I Kibirizi duheze mu icuraburindi.bgerageze natwe tubone umuriro nkuko bahora babitwizeza.Murakoze.
Nibyiza ko kuruyu munsi dusigasira ibyo intwari zacu zagezeho.
Ese abikorera nkabacuruzi baratangira imirimo yabo sangahe kuruyumutsi wintwari
Uyumutsi abikorera baratangira imirimo yabo ayahe masaha
Murakoze kumakuru meza mutugezaho.
Ndifuza kuzafatira amahugurwa muri TTC SAVE mu karere ka. HUYE Kandi kuva itangazo ryasohoka narabikoraga bikanga mwamfasha murakoze
Mwandangiye akazi kokuri internet
tubakurirana twicecekeye
Gushaka ukonatsindira perime
nitwa Ukubeleyimfula Emmanuel mfite ikibazo nabuze akazi none inzara igiye kunyica-ndumufundi rk nabuze akazi ndumusore rk rwose byarancanze-umuntu wumva yamfasha ampe akazi cg akandangire-nuwumva yampa ikintungira umubiri nkabona amaramuko yab’akoze-nkodesha inzu mukarere kabugesera umurenge wanyamata akagari ka cyugaro umudugudu wa kingabo rk nayo nabuze ahonkura amafaranga yokuyishyura mbambona amaherezo nyirinzu azanyirukana/rwox ndabinginze mumfashe\mbashimiye uburyo mwakiriye ubusabe bwange uwumva wese yamfasha number igendanwa niyi 0781723395 murakoze.
Nasabye umukobwa,muri 2011.ndakwa,dusezerana mumurenge,no murusengero.tumaranye,imyaka11,tubyaranye abana4,none uwo mugore we nase,bagiye guporotika muri rib,ngo namurongoye imyaka itageze,nkibaza ngo umubyeyi yariye inkwano,umwana adakuze!Ndasaba kurenganurwa murakoze.
Ni jmv hano mumurenge wa miyove akagal kamiyove akarere kagicumbi dufite ikibazo cyamazi yabuze.
Ni gilbert ntuye imusebeya akagari rugano dufite ikibazo cyamashanyarazi
dutuye mukarere kakayonaz mumurenge wamwiri mukagari kanyamugari mumudugudu warwazana dufikibazo cyumuriro wamashanyarazi turasaba perezida por kagame koyatugezaho iryoterambere murakoze?
Ntuye mu mudugudu wa buroha imyaka 2ans irashize Dufite ikibazo cyo kuba LEG yaratwimye umuliro w’amshanyarazi kandi twegereye ibikorwa Remezo bya LETA.
Mudufashe baduhe imodoka bakozaho carte ligne Nyabugogo-Gaseke-kajevuba-Rusine-Marenge.
Gutega biratugora.
Murakoze.
Ntuye Ntarabana (Rulindo)kuva COVID yaza ligne yacu ntigira ibiciro bizwi(Nyabugogo-Gaseke,kajevuba,Rusine,Marenge)twishyura nkabagiye Byumba(Gicumbi)umuntu ukorera kgli na ticket ntivamo,urebye nuko ibiciro biriho bimeze.
Mwatuvuganira bakaduha za modoka bakozaho carte?
Murakoze.
mukarere ka HUYE dufite ikibazo kimvura kabisa
Ndashimira abayobozi ubwitonzinubushishozibakoresheje
Natwemuzadutumiredufiteabakobwabeza murakoze.