Abo turibo
Kigali Today ni ikinyamakuru gikorera kuri Interineti cya sosiyete yigenga “Kigali Today Ltd”.
Iki kinyamakuru kihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bagisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Kugira ngo ibyo bigerweho, Kigali Today ikoresha abanyamakuru babyize kandi babifitiye uburambe, bubahiriza kandi bakaba banasobanukiwe n’amahame (deontological code) agenga umwuga wabo.
Tuzajya tubagezaho inkuru zanditse, izo mu majwi, mu mashusho, mu bishushanyo ndetse dukoreshe n’ubundi buryo bwose bwakoreshwa mu gutanga amakuru, kwigisha, kuvuganira ndetse no gushimisha abasura urubuga rwacu.
Aho icyicaro gikuru giherereye: CHIC building / First floor
"Amamaza ibikorwa byawe hamwe natwe"
Waba wifuza kwamamaza ibikorwa byawe kuri Kigali Today?
Isanzure utwandikire kuri [email protected] utumenyeshe ibikorwa byawe, natwe turabisakaza muri buri karere ku Rwanda no hanze y’igihugu!
Waba wifuza kwamamaza ibikorwa byawe kuri KT Radio 96.7 & 107.9FM, KT Press?
Waba wifuza ko dukurikirana ( Live ) ibikorwa byawe? Waba wifuza ko twandika inkuru ku bikorwa byawe, " bikamenyekana hirya no hino "?
Isanzure utwandikire:
Sales Department
Tel: +250 788351366
Email: [email protected], [email protected]
Murakoze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
BAZAFOTORA RYARI
Iyi radio ko tutayumva mu cyaro?