Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1377 )

Mubigogwe Muzadusure dufite ikibazo. ugera kumure ugiye gushaka indangamuntu wagerayo ugasanga inywaka iri murangamwimere itandukanye niyo ufite. nkubu navutse2003 ariko murangamwimerere ngona navutse 2009? urumva ni ikibazo gikomeyecyaneep. mudufashe mutuvuganire turababaye murakoze{}

Uwiringiyimana +nyabihu+bigogwe+kora yanditse ku itariki ya: 6-01-2024

TURABASHIMIE

J DAMOUR yanditse ku itariki ya: 15-12-2023

Ngororero+kageyo+kageshi+ruganda

Ikindi twifuza ko harinkunga muduhaye yarya ica kuri simucard yumuntu.kandi dufite nikibazo cyuko bajogoye abaturage bagiye guha amafaranga ni nka kandi arabakire.gusa.bahora babakorera inama twabaza ba midugudu abayobozi .bakatubwira ngo ni MaCHINE yabajogoye i kigali.muzatubarize murakoze

Fabien yanditse ku itariki ya: 10-12-2023

Muraho,nshuti z`u Rwanda

abaturage bo murenge wa ka kageyo -kageshi-ruganda :baratwambuye rwiyemeza mirimo wakoresheje amatarasi mutuvuganire,ikindi badutereye imigano batubwira ko bazaduha amafaranga none nayo.kandi ibitaro bya kageyo nago bitanga (service) urahagera ukirirwa utegereje.banatubeshye ngo bazaduha miliyoni yinguzanyo twarayibuze ngo dukore umushinga nkatwe rubanda rugufi.murakoze muzage mutuvuganira

Fabien yanditse ku itariki ya: 10-12-2023

Ndashimira ubuyobozi bwiza bw’igihugu cyacu buyobowe na nyakubahwa perezida wa repubulika Paul KAGAME imana ijye imuha umugisha kukoarashoboye tumuri inyuma ntituzamutererana mu guteza imbere urwanda rwacu

murakoze

ndagijimana charles yanditse ku itariki ya: 5-12-2023

Invura yagiye muduhaye ibiti byohutera byaba byabonetse

Nyombayire yanditse ku itariki ya: 23-11-2023

Mwiriwe neza ni fabien wimurunda ndabasuhuza gusa ntakindi

Nshimiyimana fabien yanditse ku itariki ya: 22-11-2023

Ndashak akazi kubu waitter cyangwa ubu customercare mfite A2 nkaba mfite number ariyo 0781148271

alias yanditse ku itariki ya: 15-11-2023

Ndumujyanamaw’ubuzima kukigonderabuzima cya nyange A mukarere ka ngororero umurenge wa ngororero mudufashije mwazadukorerara ubugenzuzi muri koperative dukoranenigihe yacu abayobozi barayihombeje kuburyo numugabane w’umunyamuryango utakiboneka nkiyo umuntu atakiri munshingano isanduka ibereyaho kandi umugabane waburi munyamuryango yagiye atanga ni 25000 kubanawe nabantu 124 ariko iyo tubajije abayobozibacu ntabisobanuro baduha mudukorere ubuvugizi

Elias yanditse ku itariki ya: 2-11-2023

Mana turagusabye murikongo intambara ihagarare kandi wazarendo iri gushotora urwanda kuburyo bweruye burimuturege aryamire amajanja kandipe dukwiye kubamaso nkabanyarawa tugasengera kumugozi umwe

TUYISENGE ETIENE yanditse ku itariki ya: 22-10-2023

abarimu inyagatare basubijwe akarere kandi bamwe muriba bagasaziyemo ngo nta masomo bafite kubigo bahawemo akazi nyamara mwe nk’ijwi ry’umuturage mwahagera mukiyumvira ako karengane

uc yanditse ku itariki ya: 18-10-2023

abarimu inyagatare basubijwe akarere kandi bamwe muriba bagasaziyemo ngo nta masomo bafite kubigo bahawemo akazi nyamara mwe nk’ijwi ry’umuturage mwahagera mukiyumvira ako karengane

uc yanditse ku itariki ya: 18-10-2023

banyamakuru mumanuke mwumve ibiri kubera i nyagatare muburezi abarimu basubijwe akarere

uc yanditse ku itariki ya: 18-10-2023

Mugihe urugerero rw’abanyeshuri ruri mu bikorwa byo kubakira abatishoboye abaturage barishimira ubufasha bwabo. Abanyeshuri sibyo bakora gusa kuko banakangurira abaturage kwitabira ejo heza.

Hazakorimana yanditse ku itariki ya: 12-10-2023

Mugihe urugerero rw’abanyeshuri ruri mu bikorwa byo kubakira abatishoboye abaturage barishimira ubufasha bwabo. Abanyeshuri sibyo bakora gusa kuko banakangurira abaturage kwitabira ejo heza.

Hazakorimana yanditse ku itariki ya: 12-10-2023

Amakuru kuyabonera kugihe nibyiza cyane

Bizimana jean claude yanditse ku itariki ya: 16-09-2023

Amakuru neza cyane

Kadafi yanditse ku itariki ya: 15-09-2023

Kureabastinze bacahe.

niyibizi yanditse ku itariki ya: 14-09-2023

Gusabakureba amanotanagize

Niyigena leonille yanditse ku itariki ya: 12-09-2023

ikibazo fite cy ndagamunu indahuye na diplome fite nabuze uko najya kwiga kad amasom abiri nyafitemo B,D ark indangamunu nayirutseho ibyaka 10 yose byaranze ndasaba ubufasha,nkava mubushumeri mazemo ibyaka10 yose :indagamunu hariho ntigirinzingo sibomana jean damascene naho diplome hariho sibomana jean damascen nkeneye umunu wese wafasha murikibazo jye narananiwe,pe.!mufashe nadekaraye ishoro2 isohoka ntacyo yahidutseho nubu yasubiyeyo imaz ibyaka 3 ntayibona,..narashumereye kubera indagamun mufashe number 0791403834

sibomana jean damascne yanditse ku itariki ya: 4-09-2023

kutwohereza amakuru arikumwe navideo

NAHIMANA yanditse ku itariki ya: 2-09-2023

Mwiriweho,mutubarize Barwiyemezamirimo basarura ibiti bikuza byareta byo kumihanda Huye-Nyanza, cyangwa nahandi mugihugu iyo batemye ibiti bikangiza imyaka y, abaturage niba ntangurane ihari? Abaturage barikuharenganira murakoze.

Alias yanditse ku itariki ya: 20-08-2023