• Umuyobozi wa ICK avuga ko gusangira ubumenyi mu itangazamakuru bizafasha abiga uyu mwuga.

    Kaminuza Gatulika zo muri Afrika zirifuza kuzamura ubumenyi bw’abanyamakuru

    Intumwa z’ibihugu 11 bya Afrika bifite kaminuza zigisha ibijyanye n’itangazamakuru n’itumanaho ziteraniye mu karere ka Muhanga kugirango ziganire uburyo zazamura ireme ry’uburezi mu mashuri yigisha ibijyanye n’itangazamakuru rya Afurika.



  • Irakoze Patience wabaye uwa mbere ku rwego rw

    Yatunguwe no kuba uwa mbere mu gihugu

    Patience Irakoze wo mu karere ka Gisagara, wabaye uwa mbere ku rwego rw’igihugu mu bizamini bisoza icyiciro rusange mu mashuri yisumbuye (tronc commun), aratangaza ko n’ubwo yari yiyizeye ko azatsinda yatunguwe n’uyu mwanya wa mbere.



  • Abanyeshuri ba Wisdom School babonye Grade ya mbere n

    Imitsindire y’umwana mu bizamini bya Leta ngo ni uruhererekane rw’abantu bane

    Umuyobozi wa Wisdom School, ishuri ryaje ku mwanya wa kabiri nyuma ya Kigali Parents School mu bizamini bya Leta bisoza amashuri abanza, yemeza ko imitsindire y’umwana ituruka ku bantu batandukanye barimo umwana, umubyeyi, umwarimu n’ishuri ubwaryo.



  • Amanota bayatangarije mu kiganiro kigenewe abanyamakuru, cyanitabiriwe n

    Uburyo bw’amanota yo gutsindiraho bwarahindutse ariko ntiburasobanurwa

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) iratangaza ko uburyo bwo kureberaho amanota fatizo y’umunyeshuri mu bizamini bya Leta byahindutse, aho ubu hakoreshwa ikitwa aggregate ariko uburyo iboneka ntiburasobanurwa.



  • Abaturage biyemeje gutanga umusanzu wabo ngo abana babo babone aho bigira.

    Nyagatare: Polisi iri gufasha abaturage kubaka ibyumba by’amashuri

    Ku bufatanye bwa Polisi y’igihugu n’abaturage b’Akarere ka Nyagatare hagiye kubakwa ibyumba by’amashuri 24 ndetse n’ubwiherero.



  • Icyiciro cya mbere cy

    Ishuri ry’umuziki ryo ku Nyundo ryafashe abandi banyeshuri 30

    Ishuri ry’umuziki ryo ku Nyundo ryafashe abanyeshuri 30 bashya bagiye kwigishwa amasomo ajyanye n’ubuhanzi bw’ubunyamwuga, riboneraho no kumurika urwego rushimishije abamazemo umwaka umwe batangiye bamaze kugeraho.



  • WDA niyo muterankunga mukuru w

    Gatsibo: Urubyiruko ruritabira ku bwinshi amasomo y’imyuga

    Rumwe mu rubyiruko rwo mu mirenge itandukanye igize Akarere ka Gatsibo rwemeza ko kwitabira amasomo y’imyuga bizarufasha kwiteza imbere mu buryo butandukanye, kandi ko mu gihe ruzaba rurangije aya masomo ruzaba rutandukanye n’ubushomeri burundu kuko ruzahita rutangira kubyaza umusaruro ubumenyi rukuye mu bigo by’imyuga.



  • Icyumba kigishirizwamo amashanyarazi.

    Ngororero: Babonye amashuri ry’imyuga afite ibikoresho bigezweho

    Nyuma y’igihe kirekire abakeneye kwiga imyuga mu karere ka Ngororero bajya kuyigira ahandi naho abadafite amikoro bakayiga ku buryo bwa gakondo, mu mwaka wa 2014 habonetse amashuri abiri anafite ibikoresho bigezweho.



  • Ishuri ry

    Nyaruguru: Amashuri y’inshuke aracyari make

    Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Nyaruguru bavuga ko kuba muri aka karere nta mashuri y’inshuke ahagije ahari ngo bituma abana bagejeje igihe cyo kwiga babura icyo bakora bakirirwa bazerera.



  • Murama: Ishuri ryahoze ricumbikira abanyeshuri rirasabirwa guhindurwa iryimyuga ngo rifashe urubyiruko

    Abatuye umurenge wa Murama ho mu karere ka Ngoma,barasaba ko ishuri ryahoze ricumbikira abanyeshuri rya ES.Rukira,ryahindurwa ishuri ry’imyuga kuko inyubako ziri shuri ziri kononekara kubera amashuri atagikoreshwa yose kandi yaratwaye ingufu ababyeyi na leta yubakwa.



  • Ababyeyi n

    Ruhango: Ihuriro ry’abanyeshuri ryitezweho kuzamura ireme ry’uburezi

    Ubuyobozi bw’Ishuri ribanza rya Centre Scolaire Turere ibibondo riri mu mujyi wa Ruhango ryashinze ihuriro ry’abanyeshuri bagiye bahiga ariko ubu biga ku bindi bigo rigamije gukomeza guhuriza hamwe uru rubyiruko, ari nako bagaruka kwita kuri barumuna babo hagamijwe guteza imbere ireme ry’uburezi.



  • Namanya yemeza ko bazakora ubushakashatsi ku mbogamizi zituma imiyoborere myiza itagerwaho.

    Nyagatare: Urubyiruko rufite inshingano yo kwimakaza imiyoborere myiza

    Urubyiruko nk’imbaraga z’igihugu n’abayobozi b’ejo rufite uruhare mu kwimakaza no guteza imbere amahame y’imiyoborere myiza, bityo bakore ubushakashatsi bugamije kongera umusaruro n’imibereho myiza y’umunyarwanda.



  • Aba banyeshuri bavuga ko bahakuye ubumenyi buzabafasha kwihangira imirimo.

    Abarangije muri KCCEM biyemeje kwihangira imirimo

    Abanyeshuri barangije amasomo mu ishuri rikuru ryigisha ibijyanye no kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima no kurengera ibidukikije rya KItabi (KCCEM), baremeza ko ubumenyi bahakuye butazabafasha gukora neza imirimo gusa ahubwo ko bahakuye n’imishinga yo kurengera urusobe rw’ibinyabuzima izatanga n’akazi.



  • Aba bana banigishijwe indangagaciro na Kirazira by

    Ngoma: Gahunda yo gukundisha abana imyuga yageze ku ntego

    Ubuyobozi bw’ishuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyingiro mu ntara y’Iburasirazuba IPRC-EAST buratangaza ko gahunda yo gukundisha abana umwuga yageze ku ntego zayo.



  • Imyumvire y

    Gakenke: Imyumvire y’ababyeyi niyo ituma batajyana abana ku ishuri

    Bamwe mu babyeyi batuye mu karere ka Gakenke bemeza ko hari bagenzi babo bakora imirimo y’ubuhinzi bityo bakumva ko n’abana babo bakuze aribyo bakora ntacyo byaba bitwaye bigatuma batabajyana ku ishuri.



  • Ntahonkiriye ubu arangije umwaka wa mbere kandi yatangiye gushyira mu bikorwa ibyo yiga.

    Hindiro: Ku myaka 47 yasubiye mu ishuri ngo yiteze imbere

    Ntahonkiriye Epimaque wo mu Murenge wa Hindiro mu Karere ka Ngororero avuga ko yafashe icyemezo cyo gusubira mu ishuri nyuma yo gusanga kutiga byaradindije iterambere ry’urugo rwe, kandi akaba afite ubutaka butoya bwo guhinga.



  • Aba banyeshuri basobanuriwe ko imyuga n

    Abafashwa n’imbuto foundation beretswe impamvu hashyizwe ingufu mu mashuri y’imyuga

    Abana biga mu mashuri yisumbuye barihirwa n’Imbuto Foundation basuye ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro (IPRC-South) tariki ya 07/12/2014, mu rwego rwo kubereka agaciro n’impamvu Leta y’u Rwanda ishyira ingufu mu kwigisha amasomo y’ubumenyingiro.



  • Bahuguwe ku mikorere y

    Her2Voice irashaka abakobwa benshi muri siyansi, tekiniki n’ikoraranabuhanga

    Umuryango w’abanyarwandakazi b’impuguke mu by’ubumenyi n’ikoranabuhanga witwa Her2voice uri gukangurira abakobwa bakiri mu mashuri gutinyuka kwiga amasomo ya siyansi, ikoranabuhanga, imyuga, ubumenyingiro n’imibare; ubusanzwe yafatwaga nk’ayigwa n’abantu b’igitsina gabo.



  • Abayobozi batandukanye bavuga kumikorere yicyiciro cya 3 cya kaminuza y

    Rusizi: Kaminuza y’u Rwanda izanye icyiciro cya gatatu cya kaminuza i Rusizi

    Abaturage batuye akarere ka Rusizi n’ubuyobozi bw’Akarere basanga ko kuba Hagiye gutangizwa Ishami ry’icyiciro cya gatatu rya Kaminuza y’u Rwanda Mu ntangiro za 2015 ari amahirwe kuribo yaba mu iterambere ry’aka Karere kimwe no guhendukirwa ku bifuzaga gukomeza amasomo yabo dore ko bakoraga ingendo bagana hirya no hino (...)



  • Abafatanyabikorwa b

    Mount Kenya University igiye gufungura ishami mu Karere ka Ngororero

    Mu ntangiro z’umwaka utaha wa 2015 Kaminuza ya Mount Kenya University izafungura ishami rizigisha ibijyanye n’ishoramari hamwe n’uburezi mu karere ka Ngororero.



  • Iki ni kimwe mu bihangano aba banyeshuri bakoze.

    Ruhango: Ubumenyi bungutse ngo bazabusangiza abandi

    Urubyiruko rumaze umwaka rwiga ubugeni n’ubukorikori mu ishuri rya Coin d’Art mu Murenge wa Byimana mu Karere ka Ruhango, ruravuga ko ubumenyi ruhakuye rugiye kubukoresha rwiteza imbere ndetse rukanafasha bagenzi barwo.



  • Aha ni mu mujyi wa Nyanza ubwo abanyeshuri bo mu bigo bitandukanye byaho bakoraga siporo ihuriweho n

    Nyanza: Abarimu n’abayobozi b’amashuri batyaje ubwenge ku kamaro ka siporo

    Abarimu n’abayobozi bo mu bigo by’amashuri abanza n’ayisumbuye byo mu Karere ka Nyanza baributswa ko siporo mu bana bakiri bato ifite akamaro ndetse bagasabwa kuyishyiramo ingufu kimwe n’andi masomo yose.



  • Gasherebuka asanga iri shuri rikuru rizahindura byinshi mu burezi.

    Nyabihu: Ishuri ry’imyuga bemerewe na Perezida rizaba igisubizo ku byifuzo byabo

    Nyuma y’uruzinduko rwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagiriye mu karere ka Nyabihu mu kwezi kwa Kamena uyu mwaka wa 2014 akabemerera ishuri rikuru ry’imyuga, abaturage baravuga ko ari igisubizo ku buyobozi n’ababyeyi bahoranaga ikifuzo cy’uko muri aka karere hakubakwa kaminuza cyangwa ishuri rikuru.



  • Mu mashuri amwe n

    Kayonza: GS Rwimishinya ngo ntiyigeze igira imbogamizi mu kugaburira abana

    N’ubwo ku mashuri amwe n’amwe gahunda yo kugaburira abana ku mashuri igenda ihura n’imbogamizi zituma ishyirwa mu bikorwa rya yo rigorana, ubuyobozi bw’ishuri rya Rwimishinya ryo mu murenge wa Rukara wo mu karere ka Kayonza buvuga ko butigeze buhura n’ikibazo kuri iyo gahunda.



  • Ministiri w

    Korea y’Epfo yatanze inguzanyo ya miliyoni 51$ zo gufasha kaminuza y’u Rwanda

    U Rwanda rwakiriye inguzanyo ingana na miliyoni 51$ z’amadolari y’Amerika yatanzwe n’igihugu cya Korea y’epfo (akabakaba miliyari 36 z’amafaranga y’u Rwanda), agamije kubaka ibikorwaremezo bitandukanye by’uburezi muri Kaminuza y’u Rwanda (UR).



  • Imwe mu myuga yigishirizwa mu ishuri IPRC-South.

    IPRC-South igiye guhugura ababishaka ku buntu

    Guhera mu mpera z’uku kwezi za Ugushyingo 2014, ishuri rikuru ryigisha imyuga n’ubumenyingiro IPRC-South riri mu karere ka Huye rizatangira guhugura abantu mu myuga itandukanye mu gihe cy’amezi atatu kandi nta mafaranga bazatanga.



  • Abana basobanuriwe zimwe mu mashini za IPRC East zifashishwa mu kwigisha imyuga n

    IPRC East yatangije gahunda yo gukundisha abana umwuga bakiri bato

    Ishuri rikuru ryigisha imyuga n’ubumenyingiro mu ntara y’iburasirazuba (IPRC East ) ryatangije ku mugaragaro gahunda yiswe urubuga rw’abana (Space for Children ) aho abana biga amashuri abanza mu biruhuko bazajya bahabwa amasomo ku myuga itandukanye.



  • Rusizi: Abana 200 bagarutse mu ishuri kubera kugaburirwa

    Uburyo bwo kwita ku bana bagaburirwa ku bigo by’amashuri bigaho bwatumye muri uyu mwaka w’amashuri urangiye abana bagera kuri 200 bo ku ishuri ribanza rya Mihabura riri mu Kagari ka Nyange, mu Murenge wa Bugarama mu Karere ka Rusizi bagaruka mu ishuri, mu gihe abagera kuri uwo mubare buri mwaka bataga ishuri bakajya (...)



  • Ian ngo aje gufatanya n

    Nyamasheke: Nje gufatanya n’abandi guteza imbere iri shuri- Ian Higginbotham

    Umuyobozi w’ikirenga w’ishuri rikuru rya Kibogora (KP), Ian Higginbotham aratangaza ko aje gutanga umusanzu mu gutuma iri shuri ritanga abanyeshuri b’intangarugero. Ibi yabitangaje kuwa gatandatu tariki ya 08/11/2014 ubwo yimikwaga ku mugaragaro nk’umuyobozi w’ikirenga (chancellor) wa KP.



  • Abize imyuga muri za EAV bagomba gukomereza amashuri muri IPRC

    Théodore Habimana, umuyobozi ushinzwe amahugurwa mu kigo k’igihugu gishinzwe guteza imbere ubumenyi ngiro (WDA), avuga ko abize iby’ubuhinzi ubworozi n’amashyamba (EAV) mu mashuri yisumbuye, bagomba gukomereza amasomo yabo muri IPRC kugira ngo bongere ubumenyi mu myuga baba bize, bityo babashe gufasha Abaturarwanda.



Izindi nkuru: