My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1370 )

Rutagarama Emmanuel

rutagarama Emmanuel yanditse ku itariki ya: 29-04-2017  →  Musubize

murakoze ariko mujye mutugeza n,amakuru yakazi.

faustin nsanzimana yanditse ku itariki ya: 27-04-2017  →  Musubize

turashimira umuyobozi wacu wakarere udahwema muguteza akarere kacu imbere

Nzafashyanimana Didier yanditse ku itariki ya: 26-04-2017  →  Musubize

TURASHIMIRA UBUYOBOZI MWITAYE KUBATURAGE MUKABASHYIRIRA poster de sent twe mukagari ka bwenda mu murenge wakibumbwe mukarere ka nyamagabe

God yanditse ku itariki ya: 23-04-2017  →  Musubize

Turashimira abo bose bandika bagaragaza icyateza umunyarwanda imbere.Turasaba ubuyozi ko bwakemura ikibazo cy’abantu badafite ibyemezo by’amashyamba yabo mu murenge wa nyamugali mu karere ka kirehe
Murakoze!

Kamarade yanditse ku itariki ya: 22-04-2017  →  Musubize

TURBAKUNDA

ndacyayisengasylvain yanditse ku itariki ya: 20-04-2017  →  Musubize

murakozekuduhaI.Dmukarerekamusanze

ndacyayisengasylvain yanditse ku itariki ya: 20-04-2017  →  Musubize

Mumurenge Wa Mimuli Akagari Ka Mimuli Baciwe Amande Angana Nibihumbi Bitanu Byo Gukererwa No Gusiba Mubiganiro Byo Kwibuka Genocide Yakorewe Abatutsi Bamwe Babifashe Nkakarengane Kuburyo Nta Muntu Numwe Byashimishije Nonese Umuyobozi Utarumva Impamvu Bwite Ahaaa!

Alias yanditse ku itariki ya: 19-04-2017  →  Musubize

Turifuza kumenya amakuru twumvise yinzirakarengane zishwe kicukiro na gisozi mana y,, irwanda!!!!!

josee yanditse ku itariki ya: 14-04-2017  →  Musubize

njye ndumva police yagomye kujya ikira akazi kayo ariko bakabanza gushaka ibimenyetso bifatika kuko hari ubwo abatangabuhamya bahimba pe. Nko kuvuga ngo yabwiye umuntu gutya.., nta kimenyetso nakimwe. Ntawutaziko hashobora kuzamo amashyari n’ibindi. So mujye mufunga mwabanje kubona facts. Gacaca ni nde utazi ko hari abayirenganiyemo nubu bafunze

Dada yanditse ku itariki ya: 11-04-2017  →  Musubize

Umwanda ubangamira ibintu byinshi mu buzima bwa muntu bw’imibereho ye ya buri munsi. Abayobozi n’abayoborwa nibahurize hamwe imbaraga zabo maze tuwurwanye twivuye inyuma duce ukubiri n’indwara ziwukomokaho.

NIYOTUBIKESHA JEAN NEPOMUSCENE yanditse ku itariki ya: 4-04-2017  →  Musubize

twakoze mukigo cya a.c.e.k bihembe nshira baratwambuye ikigo.baragifunze. iyo tubishuje batubwirako ntamafarangabafite. kandi baturimo amezi arenga muratanu(5) none banyakubahwa mutugiriyeneza mwadukurikiriranira ikikibazo.nukari mwabamugize nezacyane

turabakozi.barenga.icumi(10)... yanditse ku itariki ya: 3-04-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka