My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1370 )
Ohereza igitekerezo
|
Rutagarama Emmanuel
murakoze ariko mujye mutugeza n,amakuru yakazi.
turashimira umuyobozi wacu wakarere udahwema muguteza akarere kacu imbere
TURASHIMIRA UBUYOBOZI MWITAYE KUBATURAGE MUKABASHYIRIRA poster de sent twe mukagari ka bwenda mu murenge wakibumbwe mukarere ka nyamagabe
Turashimira abo bose bandika bagaragaza icyateza umunyarwanda imbere.Turasaba ubuyozi ko bwakemura ikibazo cy’abantu badafite ibyemezo by’amashyamba yabo mu murenge wa nyamugali mu karere ka kirehe
Murakoze!
TURBAKUNDA
murakozekuduhaI.Dmukarerekamusanze
Mumurenge Wa Mimuli Akagari Ka Mimuli Baciwe Amande Angana Nibihumbi Bitanu Byo Gukererwa No Gusiba Mubiganiro Byo Kwibuka Genocide Yakorewe Abatutsi Bamwe Babifashe Nkakarengane Kuburyo Nta Muntu Numwe Byashimishije Nonese Umuyobozi Utarumva Impamvu Bwite Ahaaa!
Turifuza kumenya amakuru twumvise yinzirakarengane zishwe kicukiro na gisozi mana y,, irwanda!!!!!
njye ndumva police yagomye kujya ikira akazi kayo ariko bakabanza gushaka ibimenyetso bifatika kuko hari ubwo abatangabuhamya bahimba pe. Nko kuvuga ngo yabwiye umuntu gutya.., nta kimenyetso nakimwe. Ntawutaziko hashobora kuzamo amashyari n’ibindi. So mujye mufunga mwabanje kubona facts. Gacaca ni nde utazi ko hari abayirenganiyemo nubu bafunze
Umwanda ubangamira ibintu byinshi mu buzima bwa muntu bw’imibereho ye ya buri munsi. Abayobozi n’abayoborwa nibahurize hamwe imbaraga zabo maze tuwurwanye twivuye inyuma duce ukubiri n’indwara ziwukomokaho.
twakoze mukigo cya a.c.e.k bihembe nshira baratwambuye ikigo.baragifunze. iyo tubishuje batubwirako ntamafarangabafite. kandi baturimo amezi arenga muratanu(5) none banyakubahwa mutugiriyeneza mwadukurikiriranira ikikibazo.nukari mwabamugize nezacyane