My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
Akarengane muri KAYONZA DISTRICT, KABARONDO SECTOR, CYINZOVU CELL, CYINZOVU VILLAGE.aho abaturage 7 bikururije umuriro w’amashanyarazi wa EUCL 2 muri bo bari bamaze hafi amezi2 bacana. Ejo le 17/5/2017 manager wa EUCL KAYONZA araza abambura ama cash power abandi 5 baribatarazibona barazishyuye muri EUCL KAYONZA, Manager avuga ko uwo muriro bawubonye kuburyo budakurikije amategeko kandi ari we wawubahaye. YItwaje ko batishyuye umukecuru 50000 frw ngo yo gufatira ku ifoto ye. Bigaragara ko harimo akagambane k’umukobwe witwa Mutoni na Manger wa EUCL kugira ngo abo bafatabuguzi bashya bahombe kandi byarabatwaye amafranga menshi no guhera mu kizima. Turasaba kurenganurwa byihuta ninzego zose bireba, iz EUCL HEADQUATER, IZA lETA, IZ’UBUCAMANZA kugira ngo iterambere ryihute kandi Abanyarwanda bose basangire ibyiza Leta yacu ishaka kutugezaho.
mwaramutse mwiterambere nibyiza nkunda ikipeyagicumbi nifuzakwabayobozibayo bayegerahafi ntisubire mucyiciro cya 2 murakoze.
mwaramutse mwazadusuye mu karere ka gisagara mu murenge wa gikonko mu kagari ka gasagara.ko hari ibibazo bikeneye ubuvugizi bwanyu
Mwaramutse Ben! ibiyobyabwenge bidinza iterambere. Duhe indirimbo " nzoga iroshya" ya....,..kugira ngo dukomeze turwanye ibiyobyabwenge.
Turashima cyane ibikorwa bya RPF/INKOTANYI byokutugezaho ibikorwa remezo bitandukanye iwacu i GIKUNDAMVURA.
Turashimira Akarere Kanyabihu Ibikorwa Byiza Birimo Ndetse Nimihanda Irimogukorwa.Ikindi Abantubenshi Bavuga Umuriro Wamashanyarazi Ko Wabageraho Barabikeneye
Ndashimira Ubuyobozibwakarere Ka Nyabihu
Rutagarama Emmanuel
murakoze ariko mujye mutugeza n,amakuru yakazi.
turashimira umuyobozi wacu wakarere udahwema muguteza akarere kacu imbere
TURASHIMIRA UBUYOBOZI MWITAYE KUBATURAGE MUKABASHYIRIRA poster de sent twe mukagari ka bwenda mu murenge wakibumbwe mukarere ka nyamagabe
Turashimira abo bose bandika bagaragaza icyateza umunyarwanda imbere.Turasaba ubuyozi ko bwakemura ikibazo cy’abantu badafite ibyemezo by’amashyamba yabo mu murenge wa nyamugali mu karere ka kirehe
Murakoze!