Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1348 )

Gusaba uburenganzira bwo gusubiza Bwana Dr Bizimana Jean Damascene, kugushishikariza abaturage ba Nyamasheke na Rusizi kungirira nabi,byatambutse muri Kagali today.Murakoze.

Rutihunza Theobald yanditse ku itariki ya: 21-10-2024

Ndashaka amakuru yo mukarere

Nzayihimbaza yanditse ku itariki ya: 17-10-2024

bjr rubona -kabatasi- agasharu mwadufashije kubona amashanyarazi plse

habimana yanditse ku itariki ya: 11-10-2024

Abantu bo mu Umurenge wa Masaka/Kigali, akagari ka GAKO, turasaba ubuyobozi bwa KICUKIRO buhagarariwe na Antoine Mutsinzi, kudutekerezaho kubyerekeye imihanda yo muri Quartier.
Rwose, hari abaraza imodoka munzira, bakagenda kumaguru mu ibishanga n’ibyondo birimo ubunyerere buteye ubwoba. Ntidusaba Kaburimbo, turifuza ko imashini ihakora, maze natwe tugashyiraho akacu.
Tubaye tubashimiye

RUBERWA RUGAZIRA Mathias yanditse ku itariki ya: 10-10-2024

Twebwe abaturabjye bomukarere ka kirehe twarahohotewe nabayobozi bomukagari kanunini umurenjye wamahama twatanze mituweri ya 2024 barayirira bafatanyije numukozi wirembo ukorera murikaritiye watanganga inyemezabwishyu none uwomukozi wirembo yaratorotse none nanjyi tifu wakagari ka munini ari gusezera akazi ngo anjyiye kwi korera murakoze muza turenganure twararenganye pe

Runaka yanditse ku itariki ya: 2-10-2024

Ndashaka amakuru arikuvugwa muri Kigali mubijyanye numutekano

Alias yanditse ku itariki ya: 2-10-2024

Ndashaka amakuru ya kirehe

Nzayisenga sudi nasho yanditse ku itariki ya: 1-10-2024

Dushakagukurikirana amakuru yomukarere

Patrick yanditse ku itariki ya: 28-09-2024

Natwemukarerekagasaboturabakuricyiye

MUKANOHELI DONATHA yanditse ku itariki ya: 21-09-2024

Ndashaka amakuru avungwa mukarere kakirehe

Ngoga alias yanditse ku itariki ya: 21-09-2024

Ndashaka amakuru arikuvugwa muri kamonyi mubijyanye n’uburezi nibindi...

Elias yanditse ku itariki ya: 17-09-2024

Ndashaka amakuru Arikuvugwa muri kamonya

Elias yanditse ku itariki ya: 17-09-2024

mwakoze kuduha amakuru yizewe avugwa murwanda mumakipe yacu.

anasitanse yanditse ku itariki ya: 13-09-2024

Amakuru kurugerero rwabanyeshuri barangije 2024

Mwizerwa placide yanditse ku itariki ya: 13-09-2024

Gukurikirana amakuru yo mu karere

Uwizera cyusa victoire yanditse ku itariki ya: 8-09-2024

Turabashimiye kubwa makuru mutugezaho.

Joseph yanditse ku itariki ya: 1-09-2024

Alias turabashimiye.
Mperereye mu karere ka Nyagatare
Mumurenge wa Rukomo.
Umudugudu wa Kabusunzu.

Ikibazo dufite nkabaturage b’Umudigudu wa Kabusunzu twaguze Ibibanza biri kumuhanda munini tubiguze nabari barahahawe na leta nabo batujwe aho hantu kubera ikibazo cy’umutekano muke waruhari muricyo gihe. Arko twatangajwe nuko munama uherutse, ubuyobozi bw’ umurenge bwadutegetse kuva muri ubwo butaka bwo bita ibisigara bya leta buvugako ngo bwabitumwe n’Akarere Kandi rwose amazu amwe yubatswe kera, arashaje andi nimasya, ndetse tunubaka murubwo butaka, land less w’ umurenge yakugeragaho akakwa ka 10;000 Rwf na ngali akakwaka5000Rwf.None rwose Mudukorere ubuvugizi, cyangwase Muzaze muhagere. Igiteye agahind a nuko umudugudu tuturanye nawo bobahawe ibyangombwa Kandi twari duhuje ikibazo. Iyo tubajije, impamvutwe tudahabwa ibyango mbwa by’ ubutaka nkabandi badusubizako ngo twe twabuze abatuvuganira.

Sindayigaya Louis yanditse ku itariki ya: 29-08-2024

ndabashimira ariko nagirango mbasbabe mutuvugire hano muntara y’amagepfo gisagara nyanza umudugudu w’akayange natwe batugezeho umuriro kuko kuba ahantu hahora hatabona rwose bitarambiye murakoze

nifabie yanditse ku itariki ya: 27-08-2024

Mwadugafasha mukajya me shyitahi update buri munsi

Kagiraneza GENERAS yanditse ku itariki ya: 20-08-2024

Turabashimira kumakuru nezaudahwem kutugezaho

Thierry yanditse ku itariki ya: 19-08-2024

Have problem everything from Musanze district we can not help me deaf have orphan one full time.

MURWANASHYAKA Emmanuel yanditse ku itariki ya: 14-08-2024

Respect up Sir and madam.
I will visit you with us president in Kigali Rwanda. I have deaf name is Emmanuel MURWANASHYAKA respect high follow the rules.

MURWANASHYAKA Emmanuel yanditse ku itariki ya: 14-08-2024