Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
Ndashimira ubuyobozi bwiza bw’igihugu cyacu buyobowe na nyakubahwa perezida wa repubulika Paul KAGAME imana ijye imuha umugisha kukoarashoboye tumuri inyuma ntituzamutererana mu guteza imbere urwanda rwacu
murakoze
Invura yagiye muduhaye ibiti byohutera byaba byabonetse
Mwiriwe neza ni fabien wimurunda ndabasuhuza gusa ntakindi
Ndashak akazi kubu waitter cyangwa ubu customercare mfite A2 nkaba mfite number ariyo 0781148271
Ndumujyanamaw’ubuzima kukigonderabuzima cya nyange A mukarere ka ngororero umurenge wa ngororero mudufashije mwazadukorerara ubugenzuzi muri koperative dukoranenigihe yacu abayobozi barayihombeje kuburyo numugabane w’umunyamuryango utakiboneka nkiyo umuntu atakiri munshingano isanduka ibereyaho kandi umugabane waburi munyamuryango yagiye atanga ni 25000 kubanawe nabantu 124 ariko iyo tubajije abayobozibacu ntabisobanuro baduha mudukorere ubuvugizi
Mana turagusabye murikongo intambara ihagarare kandi wazarendo iri gushotora urwanda kuburyo bweruye burimuturege aryamire amajanja kandipe dukwiye kubamaso nkabanyarawa tugasengera kumugozi umwe
abarimu inyagatare basubijwe akarere kandi bamwe muriba bagasaziyemo ngo nta masomo bafite kubigo bahawemo akazi nyamara mwe nk’ijwi ry’umuturage mwahagera mukiyumvira ako karengane
abarimu inyagatare basubijwe akarere kandi bamwe muriba bagasaziyemo ngo nta masomo bafite kubigo bahawemo akazi nyamara mwe nk’ijwi ry’umuturage mwahagera mukiyumvira ako karengane
banyamakuru mumanuke mwumve ibiri kubera i nyagatare muburezi abarimu basubijwe akarere
Mugihe urugerero rw’abanyeshuri ruri mu bikorwa byo kubakira abatishoboye abaturage barishimira ubufasha bwabo. Abanyeshuri sibyo bakora gusa kuko banakangurira abaturage kwitabira ejo heza.
Mugihe urugerero rw’abanyeshuri ruri mu bikorwa byo kubakira abatishoboye abaturage barishimira ubufasha bwabo. Abanyeshuri sibyo bakora gusa kuko banakangurira abaturage kwitabira ejo heza.
Amakuru kuyabonera kugihe nibyiza cyane
Amakuru neza cyane
Kureabastinze bacahe.
Gusabakureba amanotanagize
ikibazo fite cy ndagamunu indahuye na diplome fite nabuze uko najya kwiga kad amasom abiri nyafitemo B,D ark indangamunu nayirutseho ibyaka 10 yose byaranze ndasaba ubufasha,nkava mubushumeri mazemo ibyaka10 yose :indagamunu hariho ntigirinzingo sibomana jean damascene naho diplome hariho sibomana jean damascen nkeneye umunu wese wafasha murikibazo jye narananiwe,pe.!mufashe nadekaraye ishoro2 isohoka ntacyo yahidutseho nubu yasubiyeyo imaz ibyaka 3 ntayibona,..narashumereye kubera indagamun mufashe number 0791403834
kutwohereza amakuru arikumwe navideo
Mwiriweho,mutubarize Barwiyemezamirimo basarura ibiti bikuza byareta byo kumihanda Huye-Nyanza, cyangwa nahandi mugihugu iyo batemye ibiti bikangiza imyaka y, abaturage niba ntangurane ihari? Abaturage barikuharenganira murakoze.
Ishimwe chrispin uzwi kwizina nka chrrispin. N’umwana ukiri muto W’umunyarwanda wavutse kuwa 18th April 2005.akaba yaratangiye gukunda umuziki akiri muto bitewe nogukunda kubyina ibyino nyamahanga.
Uyu chrrispin ni umuhanzi uririmba ijyana ikunzwe kw’isi yoso izwi nka R&B. Ikindi uyu chrrispin ni umuhanzi, umwanditsi w’indirimbo, umubyinnyi kandi akaba n’umukinnyi wa filime.
Uyu chrrispin yakunze ibinyu byose bishamikiye kumuziki nko kwandika indirimbo zabandi bahanzi yabitangiye kera agifite imwaka 8 y’amavuko bityo akura akunda umuziki ndetse nibiwushamikiyeho byose
Inzozi Ze nukubanza akarangiza amashuri yisumbuye yarangiza agatangira gukora umuziki kinyamwuga akabasha kuba yakiteza imbere we nabavandimwe be uko bavuka ari 4 chrrispin akaba arinawe muko iwabo mumuryango w’abana Bane.
INTEGO ZA Chrrispin.
Chrrispin afite intego yo gufata umuziki nyarwanda akawuzamura. Agafata umuziki nyarwanda akawuvana k’urwego rwo murwanda na East-Africa gusa ahubwo akawushyira kurwego rwo Kwisi yose.
IMPANVU CHRRISPIN YAHISEMO KUBA UMUHANZI.
Chrrispin yahisemo kuba umuhanzi kuberako ni impano ye cyanecyane ko we abikora abikunze kandi uyu chrrispin yabishyize kumutima we anahora abisengera ngo bizacemo.
Muraho neza turashimira nyakubahwa Perezida wacu aho agejeje igihugu cyacu cyu Rwanda.gusa harikibazo fite kurubyiruko rwabashomeri ntako government itagize ngo igabanye ubushomeri gusa mugihe habonetse ibiraka byimisi mike barya bareba kubashomeri aho kureba mubafite akazi gahoraho murakoze.
Ndimukare ka Gakenke naho mu murenge wa COKO nonehe ubuyobozi bwacu bukomeje kutuberamaso budushakira Ibyiza .ariko haracyagarara bamwe mubaturage badafite umuriro wamashanyarazi ariko barikubikurikirana mu minsi mike biraba byaciyemo
Ndabakund cyan