Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1366 )

Mwiriwe neza arikose komwateguye mock zizakorwa nabanyeshuri bitegura gukora ikizamini cya leta mwi Tangazo mwasohoye ko, namafranga 1000rwf mwashyizemo ngo naya paper ibizamibiza print ngoho none abayabuze babitwimye ubwo se tuzatsindagute tutarabonye uburyo bwimibarize buzakoreshwa, ibyo byabaye mukarere ka Nyagatare umurenge wa Rwimiyaga. G.s Rwimiyaga. Mutubarize nukuri???

Alias yanditse ku itariki ya: 19-05-2025

Murahoneza tubashimiye amakuru meza mudahwema kutugezaho Murakoze.

Constantin yanditse ku itariki ya: 11-05-2025

NDASHAKA AMAKULU YAVATICAN

DIDIE yanditse ku itariki ya: 7-05-2025

Muzatuvaganire, bazadukorere icyibuga cyumupira w’Amaguru.

Giherereye kumurenge wa BUNGWE uri mukare ka BURERA.

UGIRANEZA Pacifique yanditse ku itariki ya: 7-05-2025

Ndabakunda cyane.

UGIRANEZA Pacifique yanditse ku itariki ya: 7-05-2025
[email protected] yanditse ku itariki ya: 6-05-2025

KIGALI TODAY TURABAKUNDA CYANE HANO GICUMBI

TUYISENGE PATRICK yanditse ku itariki ya: 5-05-2025

Muzajye mushyiraho amakuru menshi

Alias yanditse ku itariki ya: 4-05-2025

umugoroba mwiza kuri mwese.

Ingabire sylivie yanditse ku itariki ya: 2-05-2025

Nshaka amakuru arambuye ku bwicanyi bwabereye mu kagari ka Ruyenzi ku wa 22/04/2025.
Murakoze

Alias K yanditse ku itariki ya: 24-04-2025

ndashaka amakuru ya nyanza

ndagijimana charles yanditse ku itariki ya: 8-04-2025

mukomere cyane

ndagijimana charles yanditse ku itariki ya: 8-04-2025

Ndabasuje mugire amahoro.

MASABO yanditse ku itariki ya: 30-03-2025

Dufite ikibazo mukarere ka gasabo umurenge wa gisozi.ababyeyi turerera mukigo gihari cya GS ntora.abayobozi dutabgiza abana batwatse lame de papier turazitanga .none muri iki gihembwe cya 2 batwatse amafarañga 1000 ngo y,ibi copy ese ko ibi bintu byabangamiye ababyeyi tuharerera mwadufasha iki??ubu ho school fees ngo ni 26500frw kd ahandi bishyura 19500frw mudukurikiranire ibyo bibazo bihari rwose.ubukene dufite nanafaranga dusabwa byaturenze.ngo ntibazatuma abana bakora exam ibyo bitaraboneka.murakoze 🙏mudufashe pe

Makenga aimé yanditse ku itariki ya: 9-03-2025

Ndashaka amakuru yo mukarere kaburera murakoze.

Janvier yanditse ku itariki ya: 4-03-2025

NDABASHUHUJE

JIRIBER yanditse ku itariki ya: 3-11-2024

ABATURAGEBOSE BAKURWE MUMANEGEKA BAGEMUBANDI

KIZA JACKSONE FROM UGANDA KIZINGA yanditse ku itariki ya: 24-10-2024

ABOBATURAGE NIBAGURE INKAZUMUKA MONABO BITEZE IMBERE

KIZA JACKSONE yanditse ku itariki ya: 24-10-2024

Gusaba uburenganzira bwo gusubiza Bwana Dr Bizimana Jean Damascene, kugushishikariza abaturage ba Nyamasheke na Rusizi kungirira nabi,byatambutse muri Kagali today.Murakoze.

Rutihunza Theobald yanditse ku itariki ya: 21-10-2024

Ndashaka amakuru yo mukarere

Nzayihimbaza yanditse ku itariki ya: 17-10-2024

bjr rubona -kabatasi- agasharu mwadufashije kubona amashanyarazi plse

habimana yanditse ku itariki ya: 11-10-2024

Abantu bo mu Umurenge wa Masaka/Kigali, akagari ka GAKO, turasaba ubuyobozi bwa KICUKIRO buhagarariwe na Antoine Mutsinzi, kudutekerezaho kubyerekeye imihanda yo muri Quartier.
Rwose, hari abaraza imodoka munzira, bakagenda kumaguru mu ibishanga n’ibyondo birimo ubunyerere buteye ubwoba. Ntidusaba Kaburimbo, turifuza ko imashini ihakora, maze natwe tugashyiraho akacu.
Tubaye tubashimiye

RUBERWA RUGAZIRA Mathias yanditse ku itariki ya: 10-10-2024