My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1423 )

Mutubarize amakuru yumudugudu umwe mu kagari ka bukwashuri wasigaye udahawe umuriro

Alias yanditse ku itariki ya: 1-06-2026  →  Musubize

Turaba shimira cyane amakuru mutugezaho umunsi kuwundi nukuri murabo gushimwa muba mwahatubereye mukomeze kugubwaneza

Ntivuguruzwa vivence yanditse ku itariki ya: 22-05-2026  →  Musubize

Turaba shimira cyane amakuru mutugezaho umunsi kuwundi nukuri murabo gushimwa muba mwahatubereye mukomeze kugubwaneza.

Ntivuguruzwa vivence yanditse ku itariki ya: 22-05-2026  →  Musubize

Turabakunda ndi ngororero kaseke kabeza muburengerazubabwigihugumutubarize abayobozi tujya kudekarara ibyiciro byamitueli badusizemo bakadusiragiza ngo uwemerewe kujurira nuwo bahaye 20000 kumuntu umwe murakoze

Elias yanditse ku itariki ya: 20-05-2026  →  Musubize

Ni emmry ndi uganda Turama ko mutugezaho amakuru ashushe

Iradukunda emmanuel yanditse ku itariki ya: 11-05-2026  →  Musubize

UZAKIRA MARCER IBURERA TWISHIMIYE AMAKURUMEZA MUTUGEZAHO KANDITURABAKUNDAMUKOMEREZEAHO

UZAKIRA MARCER yanditse ku itariki ya: 30-04-2026  →  Musubize

Intama yabamotari banyamagabe

Kenzo yanditse ku itariki ya: 30-04-2026  →  Musubize

Intama yabamotari banyamagabe

Kenzo yanditse ku itariki ya: 30-04-2026  →  Musubize

Abamotari ba nymagabe tumerewe nabi

Kenzo yanditse ku itariki ya: 30-04-2026  →  Musubize

Turabakurikira

Uwamungu Gildas yanditse ku itariki ya: 30-04-2026  →  Musubize

Twese dukomeze kwibuka jenocide yakorewe abatutsi 1994 twibuke twiyubaka

Nizeyimana yanditse ku itariki ya: 28-04-2026  →  Musubize

Mukomerezaho mukutugezaho amakuru yo hirya nohino kd meza

Nizeyimana yanditse ku itariki ya: 28-04-2026  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka