My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1423 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Mutubarize amakuru yumudugudu umwe mu kagari ka bukwashuri wasigaye udahawe umuriro
Turaba shimira cyane amakuru mutugezaho umunsi kuwundi nukuri murabo gushimwa muba mwahatubereye mukomeze kugubwaneza
Turaba shimira cyane amakuru mutugezaho umunsi kuwundi nukuri murabo gushimwa muba mwahatubereye mukomeze kugubwaneza.
Turabakunda ndi ngororero kaseke kabeza muburengerazubabwigihugumutubarize abayobozi tujya kudekarara ibyiciro byamitueli badusizemo bakadusiragiza ngo uwemerewe kujurira nuwo bahaye 20000 kumuntu umwe murakoze
Ni emmry ndi uganda Turama ko mutugezaho amakuru ashushe
UZAKIRA MARCER IBURERA TWISHIMIYE AMAKURUMEZA MUTUGEZAHO KANDITURABAKUNDAMUKOMEREZEAHO
Intama yabamotari banyamagabe
Intama yabamotari banyamagabe
Abamotari ba nymagabe tumerewe nabi
Turabakurikira
Twese dukomeze kwibuka jenocide yakorewe abatutsi 1994 twibuke twiyubaka
Mukomerezaho mukutugezaho amakuru yo hirya nohino kd meza