My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1368 )

Amakuru y’umutekano

Kwizera j.bosco yanditse ku itariki ya: 7-06-2025  →  Musubize

MURAHO NEZA, turabakunda cyane hano i Muhanga, mumurenge wa Shyogwe, akagari ka Ruli , umudugudu wa Murambi.Turasaba muzadukorere ubuvugizi badutunganyire amatara yo mumuhanda Cyakabiri Mizizi. Arimo yaka igice kimwe gusa. nibisaba imbaraga z’abaturage ndetse n’urubyiruko turahari ntakibazo.

Mugire amahoro!!

NIYIBIZI Caleb yanditse ku itariki ya: 4-06-2025  →  Musubize

Mwiriwe neza arikose komwateguye mock zizakorwa nabanyeshuri bitegura gukora ikizamini cya leta mwi Tangazo mwasohoye ko, namafranga 1000rwf mwashyizemo ngo naya paper ibizamibiza print ngoho none abayabuze babitwimye ubwo se tuzatsindagute tutarabonye uburyo bwimibarize buzakoreshwa, ibyo byabaye mukarere ka Nyagatare umurenge wa Rwimiyaga. G.s Rwimiyaga. Mutubarize nukuri???

Alias yanditse ku itariki ya: 19-05-2025  →  Musubize

Murahoneza tubashimiye amakuru meza mudahwema kutugezaho Murakoze.

Constantin yanditse ku itariki ya: 11-05-2025  →  Musubize

NDASHAKA AMAKULU YAVATICAN

DIDIE yanditse ku itariki ya: 7-05-2025  →  Musubize

Muzatuvaganire, bazadukorere icyibuga cyumupira w’Amaguru.

Giherereye kumurenge wa BUNGWE uri mukare ka BURERA.

UGIRANEZA Pacifique yanditse ku itariki ya: 7-05-2025  →  Musubize

Ndabakunda cyane.

UGIRANEZA Pacifique yanditse ku itariki ya: 7-05-2025  →  Musubize
[email protected] yanditse ku itariki ya: 6-05-2025  →  Musubize

KIGALI TODAY TURABAKUNDA CYANE HANO GICUMBI

TUYISENGE PATRICK yanditse ku itariki ya: 5-05-2025  →  Musubize

Muzajye mushyiraho amakuru menshi

Alias yanditse ku itariki ya: 4-05-2025  →  Musubize

umugoroba mwiza kuri mwese.

Ingabire sylivie yanditse ku itariki ya: 2-05-2025  →  Musubize

Nshaka amakuru arambuye ku bwicanyi bwabereye mu kagari ka Ruyenzi ku wa 22/04/2025.
Murakoze

Alias K yanditse ku itariki ya: 24-04-2025  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka