My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1368 )
Ohereza igitekerezo
|
Amakuru y’umutekano
MURAHO NEZA, turabakunda cyane hano i Muhanga, mumurenge wa Shyogwe, akagari ka Ruli , umudugudu wa Murambi.Turasaba muzadukorere ubuvugizi badutunganyire amatara yo mumuhanda Cyakabiri Mizizi. Arimo yaka igice kimwe gusa. nibisaba imbaraga z’abaturage ndetse n’urubyiruko turahari ntakibazo.
Mugire amahoro!!
Mwiriwe neza arikose komwateguye mock zizakorwa nabanyeshuri bitegura gukora ikizamini cya leta mwi Tangazo mwasohoye ko, namafranga 1000rwf mwashyizemo ngo naya paper ibizamibiza print ngoho none abayabuze babitwimye ubwo se tuzatsindagute tutarabonye uburyo bwimibarize buzakoreshwa, ibyo byabaye mukarere ka Nyagatare umurenge wa Rwimiyaga. G.s Rwimiyaga. Mutubarize nukuri???
Murahoneza tubashimiye amakuru meza mudahwema kutugezaho Murakoze.
NDASHAKA AMAKULU YAVATICAN
Muzatuvaganire, bazadukorere icyibuga cyumupira w’Amaguru.
Giherereye kumurenge wa BUNGWE uri mukare ka BURERA.
Ndabakunda cyane.
[email protected]
KIGALI TODAY TURABAKUNDA CYANE HANO GICUMBI
Muzajye mushyiraho amakuru menshi
umugoroba mwiza kuri mwese.
Nshaka amakuru arambuye ku bwicanyi bwabereye mu kagari ka Ruyenzi ku wa 22/04/2025.
Murakoze