My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
mutujyezeho amakuru yakoreya yaruguru
twishimira ibiganiro mutujyezaho
murahoneza kigali today mbakurikiranye igihe kinini nkunda imikorere yanyu isobanuste knd igendana nigihe ok mukomerezaho nimukunziwanyu munezero jeandamour ni uganda
Muraho, jye ubuvugizi nsaba nuko byibuze muri buri murenge hashyireamo ikigo cyurubyiriko kirimo namasomo yomyuga cyanecyane ayikoranabuhanga.
Muraho nitwa Habimana jean Bosco
hano mukarere ka
NGORORERO UMURENGE WA BWIRA
turabakunda cyane
murakoze mugire ijoro ryza kand uwiteka abarinde
Ndashaka komutugezaho amakuru yo mukarere ka NGORORERO
NDABASHIMIRA KUBWA MAKURU MEZ NDI UG MBARARA
Mutugezeho amakuru
Murahoneza ndashakako mutujyezaho amakuru yo mukarere karwamagana
Amakuru y’umutekano
MURAHO NEZA, turabakunda cyane hano i Muhanga, mumurenge wa Shyogwe, akagari ka Ruli , umudugudu wa Murambi.Turasaba muzadukorere ubuvugizi badutunganyire amatara yo mumuhanda Cyakabiri Mizizi. Arimo yaka igice kimwe gusa. nibisaba imbaraga z’abaturage ndetse n’urubyiruko turahari ntakibazo.
Mugire amahoro!!
Mwiriwe neza arikose komwateguye mock zizakorwa nabanyeshuri bitegura gukora ikizamini cya leta mwi Tangazo mwasohoye ko, namafranga 1000rwf mwashyizemo ngo naya paper ibizamibiza print ngoho none abayabuze babitwimye ubwo se tuzatsindagute tutarabonye uburyo bwimibarize buzakoreshwa, ibyo byabaye mukarere ka Nyagatare umurenge wa Rwimiyaga. G.s Rwimiyaga. Mutubarize nukuri???