My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1322 )

amakuruya karere ka kirehe

nsengiyumva jandodieu yanditse ku itariki ya: 25-07-2024  →  Musubize

nihashyirweho ubuvugizi nigute umuntu ya shaka gutanga mituweri abayobozi bibanze bakagufasha arikiko sosiyare abyanga ngombanze mvekukiciro cyomurugo akanga kubinkorera dore ubuvurwa naforomax mura koze ndikirehe mushikiri

nsengiyumva jandodieu yanditse ku itariki ya: 25-07-2024  →  Musubize

Turatabaza cyane nimudutabare kuko cooperative twitekubuzima mugina cyeru yabjyanama bubuzima turagowe cyane kuko abanyanuryango bayirimo bameze nkaho ntayobarimo ahubwo yikubiwe nusambo bwabitwa abayozi mudutabare rero kuko nimigabane yabamyamuryo irimo kuribwa nabayobozi.mutuvugire kd mudutabare vuba

Alias yanditse ku itariki ya: 17-07-2024  →  Musubize

Turatabaza cyane nimudutabare kuko cooperative twitekubuzima mugina cyeru yabjyanama bubuzima turagowe cyane kuko abanyanuryango bayirimo bameze nkaho ntayobarimo ahubwo yikubiwe nusambo bwabitwa abayozi mudutabare rero kuko nimigabane yabamyamuryo irimo kuribwa nabayobozi.mutuvugire kd mudutabare vuba

Alias yanditse ku itariki ya: 17-07-2024  →  Musubize

Turatabaza cyane nimudutabare kuko cooperative twitekubuzima mugina cyeru yabjyanama bubuzima turagowe cyane kuko abanyanuryango bayirimo bameze nkaho ntayobarimo ahubwo yikubiwe nusambo bwabitwa abayozi mudutabare rero kuko nimigabane yabamyamuryo irimo kuribwa nabayobozi.mutuvugire kd mudutabare vuba

Alias yanditse ku itariki ya: 17-07-2024  →  Musubize

Hano Kamonyi Mugina Cyeru turasaba ubuvugizi ubutabera kubera ubusambo buri muri cooperative twite kubuzima yabajyanama bakorera muri zone ya Jenda nakabugondo nimudutabare

Alias yanditse ku itariki ya: 11-07-2024  →  Musubize

Hano inyanza busoro mutuvugire inzogazinkorano bazice ziratwishe kubera zigura macye

Hakizimana yanditse ku itariki ya: 3-07-2024  →  Musubize

Ni Fidel nagarutse kubanzi ntuye Uganda Nakivale ndi umunyarwanda👍

BITUNGURAMYE FIDEL yanditse ku itariki ya: 24-06-2024  →  Musubize

Muraho ntitwa Bitunguramye Fidel nonese nashakaga ko mwansobanurira uko nabigenza nkitabira amatora ndihanze y’igihugu.

BITUNGURAMYE FIDEL yanditse ku itariki ya: 24-06-2024  →  Musubize

Ndikuza kwitabita amatora,nonese mwamfasha mukansobanurira uburyo nabigenza ndihanze y’ igihugu?

BITUNGURAMYE FIDEL yanditse ku itariki ya: 24-06-2024  →  Musubize

Ndikuza kwitabita amatora,nonese mwamfasha mukansobanurira uburyo nabigenza ndihanze y’ igihugu?

BITUNGURAMYE FIDEL yanditse ku itariki ya: 24-06-2024  →  Musubize

Murahomukomere

Shemaedison yanditse ku itariki ya: 17-06-2024  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka