My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

mutujyezeho amakuru yakoreya yaruguru

thogene yanditse ku itariki ya: 26-08-2025  →  Musubize

twishimira ibiganiro mutujyezaho

thogene yanditse ku itariki ya: 26-08-2025  →  Musubize

murahoneza kigali today mbakurikiranye igihe kinini nkunda imikorere yanyu isobanuste knd igendana nigihe ok mukomerezaho nimukunziwanyu munezero jeandamour ni uganda

munezero yanditse ku itariki ya: 14-08-2025  →  Musubize

Muraho, jye ubuvugizi nsaba nuko byibuze muri buri murenge hashyireamo ikigo cyurubyiriko kirimo namasomo yomyuga cyanecyane ayikoranabuhanga.

NKUNDIMANA Etienne yanditse ku itariki ya: 3-08-2025  →  Musubize

Muraho nitwa Habimana jean Bosco
hano mukarere ka
NGORORERO UMURENGE WA BWIRA
turabakunda cyane
murakoze mugire ijoro ryza kand uwiteka abarinde

HABIMANA JBOSCO yanditse ku itariki ya: 2-08-2025  →  Musubize

Ndashaka komutugezaho amakuru yo mukarere ka NGORORERO

HABIMANA JBOSCO yanditse ku itariki ya: 2-08-2025  →  Musubize

NDABASHIMIRA KUBWA MAKURU MEZ NDI UG MBARARA

SHIMWE DAVID yanditse ku itariki ya: 31-07-2025  →  Musubize

Mutugezeho amakuru

Niyibizi Francois yanditse ku itariki ya: 23-06-2025  →  Musubize

Murahoneza ndashakako mutujyezaho amakuru yo mukarere karwamagana

Natusarira yanditse ku itariki ya: 16-06-2025  →  Musubize

Amakuru y’umutekano

Kwizera j.bosco yanditse ku itariki ya: 7-06-2025  →  Musubize

MURAHO NEZA, turabakunda cyane hano i Muhanga, mumurenge wa Shyogwe, akagari ka Ruli , umudugudu wa Murambi.Turasaba muzadukorere ubuvugizi badutunganyire amatara yo mumuhanda Cyakabiri Mizizi. Arimo yaka igice kimwe gusa. nibisaba imbaraga z’abaturage ndetse n’urubyiruko turahari ntakibazo.

Mugire amahoro!!

NIYIBIZI Caleb yanditse ku itariki ya: 4-06-2025  →  Musubize

Mwiriwe neza arikose komwateguye mock zizakorwa nabanyeshuri bitegura gukora ikizamini cya leta mwi Tangazo mwasohoye ko, namafranga 1000rwf mwashyizemo ngo naya paper ibizamibiza print ngoho none abayabuze babitwimye ubwo se tuzatsindagute tutarabonye uburyo bwimibarize buzakoreshwa, ibyo byabaye mukarere ka Nyagatare umurenge wa Rwimiyaga. G.s Rwimiyaga. Mutubarize nukuri???

Alias yanditse ku itariki ya: 19-05-2025  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka