My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

Muraho, Muzatubarize Impamvu Mumurenjye Wa Ruhashya Kugice Kimwe Gikora Kuri Kaburimbi, Guhera Kuri Atoriye(save) Kujyeza Mwibandagure? Mukagari Ka Muhororo Har’icyigo Cy’amashuri Ariko Ntamuriro

Theogene Hategekimana yanditse ku itariki ya: 9-03-2017  →  Musubize

Bugesera mu iterambere rya byinshi mu mupira ubukungu umutekano n’ibindi . ntituzagutererana

Albert comptable yanditse ku itariki ya: 9-03-2017  →  Musubize

nibyizako mutugezaho amakuru yu turere ariko mutubwire niterambere ryaburikarere murakoze

Rwasamanzi yanditse ku itariki ya: 9-03-2017  →  Musubize

BWANA MUYOBOZI WA KARERE KA GAKENKE MBASHIMIYE IBIKORWA MWAGEZEHO ARIKO MUGERAGEZE MWEGERE EXECTIF WU MURENGE WA MUZO.KUKO NTIYUZUZA INSHIGANO UKO BIKWIYE.URUGERO MUZAGAGENDE MUREBE UMUHANDA URI MUKAGALI KA MWIYANDO HASI KURI NYABARONGO UVUYE MURI VUNGA UGANA

alias yanditse ku itariki ya: 9-03-2017  →  Musubize

akazi keza imana ibahe umugisha

dismas nkundabaza yanditse ku itariki ya: 8-03-2017  →  Musubize

inkuru zanyu turazemera pe mukomereze aho

dismas nkundabaza yanditse ku itariki ya: 8-03-2017  →  Musubize

Ego nibyiza kutujyezaho amakuru

mvukiyehe samwel yanditse ku itariki ya: 7-03-2017  →  Musubize

akazi turagakeneye mushyireho aho twabisanga

aloan yanditse ku itariki ya: 7-03-2017  →  Musubize

Tubashimira kudahwema kutugezaho inkuru zigezweho

Damuru yanditse ku itariki ya: 7-03-2017  →  Musubize

Kagame wacyu ndamukunda cyane

Sseemana yanditse ku itariki ya: 1-03-2017  →  Musubize

kucyi kagame umunu amufotora bakamuhana nukubericyi

habinshut emmy yanditse ku itariki ya: 1-03-2017  →  Musubize

ndashakakuru yomurinyagatate murakoze

nshimiyimans ssid yanditse ku itariki ya: 28-02-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka