My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
Muraho, Muzatubarize Impamvu Mumurenjye Wa Ruhashya Kugice Kimwe Gikora Kuri Kaburimbi, Guhera Kuri Atoriye(save) Kujyeza Mwibandagure? Mukagari Ka Muhororo Har’icyigo Cy’amashuri Ariko Ntamuriro
Bugesera mu iterambere rya byinshi mu mupira ubukungu umutekano n’ibindi . ntituzagutererana
nibyizako mutugezaho amakuru yu turere ariko mutubwire niterambere ryaburikarere murakoze
BWANA MUYOBOZI WA KARERE KA GAKENKE MBASHIMIYE IBIKORWA MWAGEZEHO ARIKO MUGERAGEZE MWEGERE EXECTIF WU MURENGE WA MUZO.KUKO NTIYUZUZA INSHIGANO UKO BIKWIYE.URUGERO MUZAGAGENDE MUREBE UMUHANDA URI MUKAGALI KA MWIYANDO HASI KURI NYABARONGO UVUYE MURI VUNGA UGANA
akazi keza imana ibahe umugisha
inkuru zanyu turazemera pe mukomereze aho
Ego nibyiza kutujyezaho amakuru
akazi turagakeneye mushyireho aho twabisanga
Tubashimira kudahwema kutugezaho inkuru zigezweho
Kagame wacyu ndamukunda cyane
kucyi kagame umunu amufotora bakamuhana nukubericyi
ndashakakuru yomurinyagatate murakoze