My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
icyibazo mfite kucyimuda subizaho icyipe yumupira wamaguru ? mujyemukopera utunditurere?murakoze.
mujye munyoherereza amakuru yo muntara ya Amajyaruguru
turashima kt
uyumunsi mumurenge wagatenga akagali ka gashyekero nibwo mugitondo cyakare habonetse umusore wimanitse yiyahuye amakuru twabashije kumva ngo nuko ngo yagiye gucyina ikiryabarezi arinako asunika kamitsing ngo arashirirwa kuyowe bwite yarafite ye maze ngo nibwo yashoye kuyabosi we ucuruza amakara maze atangira kuribwa ngwarakomeza ngwarebeko byibura yagaruza biranga bigeze aho boss we ngo aramuhamagara amubaza aho ama frw ari amubeshyako yayaranguje ibyoyaranguye bitaraza maze ngo nibwo nyirabuja yahamagaye aho barangurira bamubwirako ntayo yabahaye ubwundiwe yariyagiye muvitondo rero kare ngo arabyuka aragenda akoramasuku ahobakorera arangije acaho nyumarero nibwo bagiyekumva bumvango ari mukagozi yapfuye ubworero nimba aripfumwe ryama frw yabandi yajyanye mugukinurusimbi.ngo rwikiryabarezi sinakubeshya pe gsa birababaje.ndangije nsabako rwose mukozubuvugizi nubwo biriya bintu bisora mwakorubuvugizi biriyabintu mugihugu cyacu bigacika kuko usanga ababikina nubundi ntacyobibagezaho ahubwo bibangiza mumutwe ahusanga ingonyinshi zirigusenyuka kubera kumugazwa nabiriya biryabarezi byaje nsubikiye aha ark nkabanyamakuru ndabadaba kuzakorubushakashatsi kubantu bubatse ndetse nabasore babikina koharicyo bimaze murakoze ndabakunda cyane kubwo kutwitaho.ndetse nuburyo.mugiruruhare mwiterambere ryigihugu.
Natwe KT Turayikunda Ibitekerezo Tuzabitanga
Turashimira PSD Yarebye kure,maze ihitamo umukandinda nyawe.
Turashimira RETA Y’URWANDA
ngir’inama daniel ubona ko hakwiye gufashw’abakiribato kandi aribo bagifit’imbaraga ngirang’ahubwo bishobotse basaranganya kuko mu zabukuru niho haruhije kurusha bitabujije ko n’abato bakwitabwaho
kubabarira no kwiyunga bidufasha kwiyubaka
ndifuzakonzajyamenya amukuru yaye mukarere kacu.
Mbona amafaranga Leta iha abasaza n’abakecuru yaburi kwezi yajya iyaha urubyiruko mu kubafasha kwiteza imbere mwiterambere ry’igihugu cyacu
I Kibeho ni ahantu hatagatifu kandi si amazi y’isoko ya Bikira Mariya gusa hari ibyiza byinshi abahagenda baharonkera njye ndahatuye muzaze mbatembereze mwihere amaso.