My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

Muzatubarize Impamvu Abaturage Bagiye Kujya Batanga Amafaranga500 Buri Kwezi. Mutubarize Nimpamvu Abacuruze Babasaba Amafaranga Menshi Umuntu Yajyakugura Agasanga Babaye. Birabaje Ariko.

Alias yanditse ku itariki ya: 27-02-2017  →  Musubize

murahoneza ndabaza ushinzwe imiturire mugihugu murimake kubaka Niba umuntu agomba kuba afite icyangombwa nigute umuntu azamurinzu ikuzura agasakara ndetse agakora amasuku kunzu nyuma bakazaza kuyisenya yaruzuye ntabwo byumvikana nibashishoze neza kuko bashobora kugera neza ku ndiri yaruswa kukikumudugudu haba hubatswe inzu nyishi hagasenywa imwe cg ebyiri bashishoze neza kuko bibangamira abadafite kumufuka

Ndizihiwe theoneste yanditse ku itariki ya: 25-02-2017  →  Musubize

ndabaza kubigendanye nabakozi bitwa Daso murimake harubwo usanga buriwese yibaza Ngo Kandi nabo ubwabo harimo abatazi akazi kabo noneze nigute umuntu afata icyemezo cyokwaka amafaranga mubwubatsi mugihe azineza ko ntaho aribugikure Daso niyongere yibutswe inshinganoze kuko bitabayibyo baratanga isurambi

Ndizihiwe theoneste yanditse ku itariki ya: 25-02-2017  →  Musubize

sorry mukoreshe alias

Nzabonimpa yanditse ku itariki ya: 25-02-2017  →  Musubize

Muzadukurikiranire icyihishe inyuma y’iyegura rya ba gitifu b’utugali.Byaba byiza mubajije n’abaturage uko babyakira

Nzabonimpa yanditse ku itariki ya: 25-02-2017  →  Musubize

murahoneza mwatuvuganiye radiyo zose zikumvikanahose mugihugu nyagatare ntabwo tubumvaneza

tuyizere vecets yanditse ku itariki ya: 23-02-2017  →  Musubize

ikijyannye nu muriro cyo kiragoye

alias yanditse ku itariki ya: 23-02-2017  →  Musubize

Inyaruguru niko hahoze muzasure no mukagri ka Mukuge murebe biragoye pe

alias yanditse ku itariki ya: 23-02-2017  →  Musubize

Twishimiye Aho Tugeze Twivana Mubukene

Muzariwa Louis yanditse ku itariki ya: 22-02-2017  →  Musubize

mwaramutse neza mwatubwira niba aba depoje muri musanze kumyanya y’ubucungamutungo mu mashuri igihe bizamini byanditse bizakorerwa murakoze

gaspard yanditse ku itariki ya: 22-02-2017  →  Musubize

ejo Kuwa gatatu mayor wakarere ka muhanga azasura umurenge wa rongi.

paul yanditse ku itariki ya: 21-02-2017  →  Musubize

Dukeneyumuriromurinyagakombe

Eliad yanditse ku itariki ya: 20-02-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka