My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
Muzatubarize Impamvu Abaturage Bagiye Kujya Batanga Amafaranga500 Buri Kwezi. Mutubarize Nimpamvu Abacuruze Babasaba Amafaranga Menshi Umuntu Yajyakugura Agasanga Babaye. Birabaje Ariko.
murahoneza ndabaza ushinzwe imiturire mugihugu murimake kubaka Niba umuntu agomba kuba afite icyangombwa nigute umuntu azamurinzu ikuzura agasakara ndetse agakora amasuku kunzu nyuma bakazaza kuyisenya yaruzuye ntabwo byumvikana nibashishoze neza kuko bashobora kugera neza ku ndiri yaruswa kukikumudugudu haba hubatswe inzu nyishi hagasenywa imwe cg ebyiri bashishoze neza kuko bibangamira abadafite kumufuka
ndabaza kubigendanye nabakozi bitwa Daso murimake harubwo usanga buriwese yibaza Ngo Kandi nabo ubwabo harimo abatazi akazi kabo noneze nigute umuntu afata icyemezo cyokwaka amafaranga mubwubatsi mugihe azineza ko ntaho aribugikure Daso niyongere yibutswe inshinganoze kuko bitabayibyo baratanga isurambi
sorry mukoreshe alias
Muzadukurikiranire icyihishe inyuma y’iyegura rya ba gitifu b’utugali.Byaba byiza mubajije n’abaturage uko babyakira
murahoneza mwatuvuganiye radiyo zose zikumvikanahose mugihugu nyagatare ntabwo tubumvaneza
ikijyannye nu muriro cyo kiragoye
Inyaruguru niko hahoze muzasure no mukagri ka Mukuge murebe biragoye pe
Twishimiye Aho Tugeze Twivana Mubukene
mwaramutse neza mwatubwira niba aba depoje muri musanze kumyanya y’ubucungamutungo mu mashuri igihe bizamini byanditse bizakorerwa murakoze
ejo Kuwa gatatu mayor wakarere ka muhanga azasura umurenge wa rongi.
Dukeneyumuriromurinyagakombe