My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

Akarere kacu karigutera imbere dushimishijwe n ’umuhanda wa kaburimbo umubyeyi Nyakubahwa Prezida wa Repubulika yatwemereye ku busabe bwanyu.Ese mufatanyije na campany ikora uyu muhanda wacu,mwatuvugira ,hariya hafi ku Biro by’u Murenge wa Cyeru,tutabogamiye ibipimo by’umuhanda berekanye tukazarushaho gushigikira amazu
yacyu n’urugarika rw’amabuye dore ko twari twarabitangiye fondation zubatswe ahakomeye ,cyangwa bakatwere uburyo twe twahikomereza ,aho gukomeza gusenya amazu yacu yubatswe ku buryo atapfa guhirima kubera compacteur zikora mu muhanda Natwe tukazabona kubyiza bya kaburimbo,ijYe iwacu.nabonye no kubona ikibanza hafi y umujyi wacyu wa Kirambo bitoroshe kwari ugusaba.

leonard yanditse ku itariki ya: 23-03-2017  →  Musubize

Kiragara kuri Kigali

Muteteri Moreen yanditse ku itariki ya: 21-03-2017  →  Musubize

MURAHO BANYAMAKUBEZA?NYAMAGABE TURABAKUNDA

Munyaneza yanditse ku itariki ya: 21-03-2017  →  Musubize

Nyakubahwa muyobozi wa akarere ka Gicumbi tubabajwe nogusubira inyuma kwikipe yacu biturutse kubuyobozi bwa karere mwikuriramo ayanyu iyi kipe muzayihorwa.

Baptiste yanditse ku itariki ya: 17-03-2017  →  Musubize

Nyakubahwa muyobozi wa akarere ka Gicumbi tubabajwe nogusubira inyuma kwikipe yacu biturutse kubuyobozi bwa karere mwikuriramo ayanyu iyi kipe muzayihorwa.

Baptiste yanditse ku itariki ya: 17-03-2017  →  Musubize

mujye mukomeza mutugezeho amakuru maze dufatanye twubake urwatubyaye

iyakaremye jean damascene yanditse ku itariki ya: 16-03-2017  →  Musubize

NIYIHANGAN

CLOUDE yanditse ku itariki ya: 16-03-2017  →  Musubize

Turishimye Kubw’ Ibitaro Bishya

Ana yanditse ku itariki ya: 15-03-2017  →  Musubize

Muraho, kt nanjye nifuje kujya ntanga ibitekerezo byamjye , murakoze

Veku yanditse ku itariki ya: 14-03-2017  →  Musubize

Bwana muyobozi w’akarere ka Gisagara mbaje kubasuhuza.twishimiye intambwe imaze kugerwaho mwiterambere arko mujye munakurikirana ibyagenewe abaturage ko barikubigezwaho uko bikwiriye bitabaye umuhango wokubimurika gusa urugero nkamazi yahawe abaturage bo mumurenge wa nyanza ho mukarere ka Gisagara byabaye umuhango murakoze.

Niyonkuru Eric yanditse ku itariki ya: 14-03-2017  →  Musubize

Nishimiye perezida

mahori yanditse ku itariki ya: 12-03-2017  →  Musubize

abanyakarongi dufatanirize hamwe guteza imbere akarere kacu.

nyanzira gaetan yanditse ku itariki ya: 10-03-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka