My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
Akarere kacu karigutera imbere dushimishijwe n ’umuhanda wa kaburimbo umubyeyi Nyakubahwa Prezida wa Repubulika yatwemereye ku busabe bwanyu.Ese mufatanyije na campany ikora uyu muhanda wacu,mwatuvugira ,hariya hafi ku Biro by’u Murenge wa Cyeru,tutabogamiye ibipimo by’umuhanda berekanye tukazarushaho gushigikira amazu
yacyu n’urugarika rw’amabuye dore ko twari twarabitangiye fondation zubatswe ahakomeye ,cyangwa bakatwere uburyo twe twahikomereza ,aho gukomeza gusenya amazu yacu yubatswe ku buryo atapfa guhirima kubera compacteur zikora mu muhanda Natwe tukazabona kubyiza bya kaburimbo,ijYe iwacu.nabonye no kubona ikibanza hafi y umujyi wacyu wa Kirambo bitoroshe kwari ugusaba.
Kiragara kuri Kigali
MURAHO BANYAMAKUBEZA?NYAMAGABE TURABAKUNDA
Nyakubahwa muyobozi wa akarere ka Gicumbi tubabajwe nogusubira inyuma kwikipe yacu biturutse kubuyobozi bwa karere mwikuriramo ayanyu iyi kipe muzayihorwa.
Nyakubahwa muyobozi wa akarere ka Gicumbi tubabajwe nogusubira inyuma kwikipe yacu biturutse kubuyobozi bwa karere mwikuriramo ayanyu iyi kipe muzayihorwa.
mujye mukomeza mutugezeho amakuru maze dufatanye twubake urwatubyaye
NIYIHANGAN
Turishimye Kubw’ Ibitaro Bishya
Muraho, kt nanjye nifuje kujya ntanga ibitekerezo byamjye , murakoze
Bwana muyobozi w’akarere ka Gisagara mbaje kubasuhuza.twishimiye intambwe imaze kugerwaho mwiterambere arko mujye munakurikirana ibyagenewe abaturage ko barikubigezwaho uko bikwiriye bitabaye umuhango wokubimurika gusa urugero nkamazi yahawe abaturage bo mumurenge wa nyanza ho mukarere ka Gisagara byabaye umuhango murakoze.
Nishimiye perezida
abanyakarongi dufatanirize hamwe guteza imbere akarere kacu.