My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

TURBAKUNDA

ndacyayisengasylvain yanditse ku itariki ya: 20-04-2017  →  Musubize

murakozekuduhaI.Dmukarerekamusanze

ndacyayisengasylvain yanditse ku itariki ya: 20-04-2017  →  Musubize

Mumurenge Wa Mimuli Akagari Ka Mimuli Baciwe Amande Angana Nibihumbi Bitanu Byo Gukererwa No Gusiba Mubiganiro Byo Kwibuka Genocide Yakorewe Abatutsi Bamwe Babifashe Nkakarengane Kuburyo Nta Muntu Numwe Byashimishije Nonese Umuyobozi Utarumva Impamvu Bwite Ahaaa!

Alias yanditse ku itariki ya: 19-04-2017  →  Musubize

Turifuza kumenya amakuru twumvise yinzirakarengane zishwe kicukiro na gisozi mana y,, irwanda!!!!!

josee yanditse ku itariki ya: 14-04-2017  →  Musubize

njye ndumva police yagomye kujya ikira akazi kayo ariko bakabanza gushaka ibimenyetso bifatika kuko hari ubwo abatangabuhamya bahimba pe. Nko kuvuga ngo yabwiye umuntu gutya.., nta kimenyetso nakimwe. Ntawutaziko hashobora kuzamo amashyari n’ibindi. So mujye mufunga mwabanje kubona facts. Gacaca ni nde utazi ko hari abayirenganiyemo nubu bafunze

Dada yanditse ku itariki ya: 11-04-2017  →  Musubize

Umwanda ubangamira ibintu byinshi mu buzima bwa muntu bw’imibereho ye ya buri munsi. Abayobozi n’abayoborwa nibahurize hamwe imbaraga zabo maze tuwurwanye twivuye inyuma duce ukubiri n’indwara ziwukomokaho.

NIYOTUBIKESHA JEAN NEPOMUSCENE yanditse ku itariki ya: 4-04-2017  →  Musubize

twakoze mukigo cya a.c.e.k bihembe nshira baratwambuye ikigo.baragifunze. iyo tubishuje batubwirako ntamafarangabafite. kandi baturimo amezi arenga muratanu(5) none banyakubahwa mutugiriyeneza mwadukurikiriranira ikikibazo.nukari mwabamugize nezacyane

turabakozi.barenga.icumi(10)... yanditse ku itariki ya: 3-04-2017  →  Musubize

ba nyakubahwa ba karere ka kicukiro turabashimira service muduha ku bijyanye ni byangobwa byo kubaka!

Mukankuranga jeanne yanditse ku itariki ya: 28-03-2017  →  Musubize

HiBanyakubahwa ba karere ka Gasabo twabasabaga mu rwego rwo kunoza service mugutanga ibyangombwa byo kubaka mu karere ka gasabo ko mwajya mubyihutsha! abantu bakabona service yihuse murwego rwi imiyoborere myiza! murakoze

Mukankuranga jeanne yanditse ku itariki ya: 28-03-2017  →  Musubize

amakuru,NAyo muduha

HakiZimanavenustw yanditse ku itariki ya: 26-03-2017  →  Musubize

kumenya amakuru kugihe

Dushime david yanditse ku itariki ya: 24-03-2017  →  Musubize

Hi.banyakubahwa bayozi bakarere kabugesera mudufashe twetwa cikishije amashuri yisumbuye hijuruyuwakane nicyogitecyerezo narimfite?

ntibaziyandemye jean de dieu yanditse ku itariki ya: 23-03-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka