My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1370 )
Ohereza igitekerezo
|
ba nyakubahwa ba karere ka kicukiro turabashimira service muduha ku bijyanye ni byangobwa byo kubaka!
HiBanyakubahwa ba karere ka Gasabo twabasabaga mu rwego rwo kunoza service mugutanga ibyangombwa byo kubaka mu karere ka gasabo ko mwajya mubyihutsha! abantu bakabona service yihuse murwego rwi imiyoborere myiza! murakoze
amakuru,NAyo muduha
kumenya amakuru kugihe
Hi.banyakubahwa bayozi bakarere kabugesera mudufashe twetwa cikishije amashuri yisumbuye hijuruyuwakane nicyogitecyerezo narimfite?
Akarere kacu karigutera imbere dushimishijwe n ’umuhanda wa kaburimbo umubyeyi Nyakubahwa Prezida wa Repubulika yatwemereye ku busabe bwanyu.Ese mufatanyije na campany ikora uyu muhanda wacu,mwatuvugira ,hariya hafi ku Biro by’u Murenge wa Cyeru,tutabogamiye ibipimo by’umuhanda berekanye tukazarushaho gushigikira amazu
yacyu n’urugarika rw’amabuye dore ko twari twarabitangiye fondation zubatswe ahakomeye ,cyangwa bakatwere uburyo twe twahikomereza ,aho gukomeza gusenya amazu yacu yubatswe ku buryo atapfa guhirima kubera compacteur zikora mu muhanda Natwe tukazabona kubyiza bya kaburimbo,ijYe iwacu.nabonye no kubona ikibanza hafi y umujyi wacyu wa Kirambo bitoroshe kwari ugusaba.
Kiragara kuri Kigali
MURAHO BANYAMAKUBEZA?NYAMAGABE TURABAKUNDA
Nyakubahwa muyobozi wa akarere ka Gicumbi tubabajwe nogusubira inyuma kwikipe yacu biturutse kubuyobozi bwa karere mwikuriramo ayanyu iyi kipe muzayihorwa.
Nyakubahwa muyobozi wa akarere ka Gicumbi tubabajwe nogusubira inyuma kwikipe yacu biturutse kubuyobozi bwa karere mwikuriramo ayanyu iyi kipe muzayihorwa.
mujye mukomeza mutugezeho amakuru maze dufatanye twubake urwatubyaye
NIYIHANGAN