My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1424 )

Muzasure nyiramageni/mbogo cell/gikonko sector /gisagara district iterambere ryasigaye inyuma ntabikorwa remezo numuriro barawutubeshye amapoto asaziye mubutaka mbese turababaye kt radio nituvuganire nkuko mubikorera nabandibaturage?

Byigeroeugene yanditse ku itariki ya: 13-12-2018  →  Musubize

Mu murenge wa Gikonko mukarere ka Gisagara mu kigali ka nyiramageni abaturage baho ntabikorwa remezo biharangwa namashanyarazi batubwiye amapoto asaziye mubutaka batugurishije computer za cash power nanubu twabuze abazaza kuduha umuriro rwose u c e l cg REG niturwaneho hamwe nubuyobozi bakarere ka gisagara kuko duheze mwicuraburindi kdi ibindi bice byurwanda bitera imbere umunsi kumunsi twe ntitumenya icyo twabuze.rwose KT radio muzahagere murebe uko harinyuma mwiterambere kdi tubizeraho ubuvugizi bufasha abaturage kwibukwa na leta.

Byigeroeugene yanditse ku itariki ya: 13-12-2018  →  Musubize

Abarezi bemerewe inka na REB ko bategereje bagaheba.

Jean yanditse ku itariki ya: 10-12-2018  →  Musubize

amakuru y’imikino

Jean yanditse ku itariki ya: 10-12-2018  →  Musubize

ndi umuturage wo mu karere ka kirehe,umurenge wa Nasho ,akagali ka ntaruka twibaza impavu akagali ka ntaruka mutugari 5 tugize umurenge wa nasho niko kataranshingwamo ipoto kandi hari ibikorwa by’amajyambere mwatubariza abashinzwe gutanga umuriro(EWSA) natwe bakatugeraho, murakoze.

kwihangana domis yanditse ku itariki ya: 23-11-2018  →  Musubize

Ndumuturage wo mukarere ka gicumbi umurenge wa RUTARE akagali munanira mwatubariza ubuyobozi bubishinzwe impanvu mukagali ka munanira tutabona umuriro nikibazo?

irafasha j d yanditse ku itariki ya: 18-11-2018  →  Musubize

ndabaku ndacya ne

ntirenganya Emmy yanditse ku itariki ya: 13-11-2018  →  Musubize

nkaba ndi mukarere ka nyamasheke mumurenge wa Karambi ikibazo cyanjye cyimeze ucya nikubera iki iyo baryeze mukarere kacu bandika abanu bashaka kurya munzego
zishizwe umutekano usanga bafata abanu 5 mutundi turere bagafata Bose twebwe tuzira iki?

muhawenayo Aimable yanditse ku itariki ya: 30-09-2018  →  Musubize

nkaba ndi mukarere ka nyamasheke mumurenge wa Karambi ikibazo cyanjye cyimeze ucya nikubera iki iyo baryeze mukarere kacu bandika abanu bashaka kurya munzego
zishizwe umutekano usanga bafata abanu 5 mutundi turere bagafata Bose twebwe tuzira iki?

muhawenayo Aimable yanditse ku itariki ya: 30-09-2018  →  Musubize

mwaramutse ndi mukarere kanyamasheke mumurenge wa Karambi ndabaza ikibazo nikubera iki mukarere kacu iyo baryeze mugihe cyo kwandika abanu barya mugisirikare cg mugipolice usanga bafata abanu batanu kdi turi beshi uryereranyije nutundi turere wasanga duhohoterwa mwibanga

muhawenayo Aimable yanditse ku itariki ya: 30-09-2018  →  Musubize

hano nyagahanga ibijumbabyabuzisoko mudufashe

alexis nshimiyimana yanditse ku itariki ya: 17-09-2018  →  Musubize

mbanje kubasuhuza Harvey in shim bona retayakozebyinshibyiza ariko iracyafite akazi mwatecyereza mutingonakahe nokokubakire na baboss batagikundaguhemba abakozi iyobadahebye mugihebasezeranyenabakozi babahemba batinze nkiyo muvuganye ukwezi ahembera amezi atatu cgabiri iyobaniswengo barahebye usanga nkiyomwavuganye amafaranga 5000 usangakumushahara baragabanyije akaguhembara40cg3500 nikibazo kabiss mudufashe bayobozi muri bugesera nakigari nagashora ibyobibazo birahagaragara abako tugiye kuzincwa ninzara kanditwitwangoturakora ubuyozi bwimirebwobwabyirengagije byarananiye twsvuze twararekeye urugero nkara palisi ntagihemba abakozi esenamwe nikomubibona murakoze mudufashe muturwaneho bayobozi ESE muzadufashya murakoze.!!!!!!!!!!.?

Aimable kNp yanditse ku itariki ya: 19-08-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka