My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
hashize imyaka itarimicye ubuyobozi bwakarere ka huye batubeye umuriro mumurenjye wa Rusatira akagari ka Gafumba nanubu ntawoturabona
murakoze mubeho kumakuru yamesi
dukeneye amakuru yibiyaga bigari
paulkagame oyeoyee nakomerezaho
murakoze988
Nonese mwampaye amakuru ya Israeri Mbonyi mwaba mugize neza.
Mujye munyoherereza amatangazo y’akazi mu ntara y’iBurengerazuba.Nize socialA2-Sociology A1
kuwo nkunda pennina
kuki akarere kanjye ka Bugesera kubatse umudugugu mu isambu yanjye muri 1998 batunza abari bavuye mumahanga atandukanye arko ntibanyishyure isambu yanjye cg ngo bame ingurane yayo kdi icyo kibazo cyacu na H E yari yabwiye yewari mayor Musonera kugikemura akavaho atagikemuye ndetse nabamusimbuye bose kugeza hakaba harabuze numwe wagikemura
Amakuru y’akazi mu turere twa EASTERN PROVINCE. AMATANGAZO AMANIKWA KU TURERE NTATANGAZWE KU MBUGA ZITANDUKANYE.
turabashimira amakuru meza kandi yizewe mutugezaho
Munjye Munyohereza Amakuru Yo Mukarere Ka Huye