My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1370 )
Ohereza igitekerezo
|
claude wa rwimiyaga aracyakina muri sunrise?
ndabon arbyiza mukarere ark
umugande tyazo-kibogora-kabuga,ibyawo byarayoberanye,abacuruzi bo mu gacentre ka tyazo baheze mugihirahiro.
Umuhada Byumba Gatuna Urakenewe Mutwarange
uwo Mugabo ahanwe
hashize imyaka itarimicye ubuyobozi bwakarere ka huye batubeye umuriro mumurenjye wa Rusatira akagari ka Gafumba nanubu ntawoturabona
murakoze mubeho kumakuru yamesi
dukeneye amakuru yibiyaga bigari
paulkagame oyeoyee nakomerezaho
murakoze988
Nonese mwampaye amakuru ya Israeri Mbonyi mwaba mugize neza.
Mujye munyoherereza amatangazo y’akazi mu ntara y’iBurengerazuba.Nize socialA2-Sociology A1