My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
Mujyemunyohereza Amakuruyomukarere Kaburera
MWIRIWE MUTUBARIZE Mukarerekaburera MUMURENGEWAKIVUYE MPAMVUKI? BATAGABWESORA ABATISHOBOYE
akwiye kubireka
Mukarere ka nyagatare
umurenge wakiyombe akagari ka karambo umudugudu wa NKANA hari umugabo wananiranye ucuruza ibiyobya bwenge. Dore ko nabayobozi ntacyo bamuvugaho kandi akaba uturembeje. uwo mugabo BAMWITA BAKESIGA.
Muduhe ubufasha Bwihuse.
Mutubarize impamvu mu Karere kanyamasheke hari abantu batahawe amafaranga yibyangijwe na Ewsa kandi bamwe barayahawe abandi bakaguma mugihirahiro cyane cyane mu murenge wa Bushenge?
MUKARERE,KANYABIHU,HAINKURU,IVUGAKO,INKA,ZAGIRINKA,ABAYOBOZI,BIMIDUGUDU,BAHA,ATURAGE,INKA,BAMANZAKUBAKA,IBIHUMBI,ICUMI
Mutubarize ababishinzwe impanvubataduhumuriro hano murimununi
Umuhandawo ???kandi mi dimare ahahora.murakoze
claude wa rwimiyaga aracyakina muri sunrise?
ndabon arbyiza mukarere ark
umugande tyazo-kibogora-kabuga,ibyawo byarayoberanye,abacuruzi bo mu gacentre ka tyazo baheze mugihirahiro.
Umuhada Byumba Gatuna Urakenewe Mutwarange
uwo Mugabo ahanwe