My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
ndashimira abateye inkuga igikorwa cyo gufasha abasenyewe na Burehe.
Iri soko rya Bikingi mu murenge wa Bigogwe ubanza uwize iryo soko atari yabitekerejeho kuko yarishyize hirya cyane ya kaburimbo ahubwo azana iry’inka arishyira kumuhanda bazabigurane inka zijye hirya isoko nrize kumuhanda rizahita ryitabirwa.Nibitabako bazihanganire igihombo cy’amafranga yaryubatse
imbaraga nyinshi mubijya nye nubuta ka
zirakenewe cyane pe
mushyiremo imbaraga pe!
akarere ka burera muzagerageze mudusure dufite igitekerezo tugomba kubagezaho ;kubyerekeye isuku muri rusange,
akarere kagatsibo karakoze cyane ayo naya project yinka zifatirwa mucyigo cyagabiro
ayomafaranga akarere kagatsibo katanze kazayitirire abaturage banyazwe inkazabo zafatiwe mucyigo cyagisirikare cy’IGABIRO kuko barayarengeje muruyumwaka
ndashimira police y,igihugu idahwema kurwanya ikibi cyose mugihugu.murakoze.
umuyobozi w’akarere ka gicumbi Mvuyekure Alexandre n’abamwungirije bigaragara ko bafite ubushake bwo kuzamura aka karere,ariko ;abashinzwe gutanga serices baravanga.Nkawe se buriya muri Mwalimu Sacco! Education! Secretariat! aha!!
ndumva mwatubariza impamvu abarimu ba primaire batongejwe muri nyakanga kandi ministre w’ umurimo yari yavuze ko bazongezwa.turabemera.kandi abarimu bafite impamyabumenyi ya A2 bigisha muri secondaire nine years ntibitabwaho.murakoze