My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1370 )
Ohereza igitekerezo
|
umuyobozi w’akarere ka gicumbi Mvuyekure Alexandre n’abamwungirije bigaragara ko bafite ubushake bwo kuzamura aka karere,ariko ;abashinzwe gutanga serices baravanga.Nkawe se buriya muri Mwalimu Sacco! Education! Secretariat! aha!!
ndumva mwatubariza impamvu abarimu ba primaire batongejwe muri nyakanga kandi ministre w’ umurimo yari yavuze ko bazongezwa.turabemera.kandi abarimu bafite impamyabumenyi ya A2 bigisha muri secondaire nine years ntibitabwaho.murakoze