My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
Kagame Paul Ninore Izirusha Inambwe Turagushimira Uko Uteza Igihugu Cy Acu Imbe Imana Ikurinde
Ndifuza kumenya igishushanyo mbonera ibitenyijwe gukorerwa Kimihurura
FPR oyeeeee!!!
Turifuza ko EUCL yadukemurira ikibazo yirengagije cy’amashanyarazi yaduhaye adakora guhera saa 19:00 kugeza saa 21:00 buri munsi amezi abaye ane
muri kanombe karama nyarutovu ho muri kicukiro basije umuhanda muriyi mpeshyi nta lateritte none turaburaho tunyura kubera ivumbi
RPF Oyeeeee!!
Ndi ngororero umudugudu wa gihe twe nakomite yumudugudu amatora yaratinze ngodutore nyakubahwa poul kagame nsuhuriza nikobatuye namudugudu mourisse.
Kbs Nange Ururubuga Ntarukunda Cyanye Ewanaa!! Uwo Musore Wiyahuye Yari Ahaze Imyumbati Yiwabo Gusa Imana Irye Ireba Ibibera MwiSI Yiremeye
ubuyozi bushyira imbere imibereho myiza y’abanyarwanda nibwo butumye igihugu kiba igitangaza ku isi yose. tuzarushaho guhiga amahanga dufata neza ibyagezweho,dukunda urwatubyaye,dusenyera umugozi umwe. murakoze
isenywa rya hoyel
Ko mu karere ka kirehe amazi aringora bahizi bavuga ko ahari ariko kuyasaba ntuyabona
munjye munyoherereza amakuru yakaro njyi murakoze.