My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1423 )
Ohereza igitekerezo
|
|
mbanje kubasuhuza nsuti nziza nukuberiki nyamagabe ikomeje kugarizwa nibibazo bitandukanye ? nimutubarize abayobozi bahayobora
MUDUSHAKIRE AMAKURI YUKUR KU MITUNG YA KAGAME EA KABAREBE
RURINDO IGERAGZE IGERE NO KUBAROKOTSE GENOCIDE KUKO NABO NA BANYARWANDA NKABANDI HARIMO AKARENGANE GAKOMEYECYANE CYANE MU MURENGE WA MURAMBI MBANDIKIYE NDI KWI SHURI MURI EAST AFRICAN UNIVERSITY RWANDA EAUR CAMP NYAGATARE
byatunezjeje kubatwahuyenamwe nukomwakomereza ahosa wamurakoze
Kubera iki rayons sport yazamutse GICUMBRIA ika manuka mu [email protected] mubwire impamvu.
ndifuzakomwadushakira ikipeyumupirawamagurukukarerekanyaruguru.
KUBERAIKIBAHAGARITSAMADINI
Nukube iki insero zihagaritswe
Mwiriwe neza nishimiye kubabaza nti ibibintu bijyanye nogusora uhereye 2012(igihe ibyangombwa byasohokeye ko mutaherye icyogihe mubikaza NGO abantu basore nonebikaba byarasohokeye rimwe amafranga arimenshi cyne ntakuntu mwafasha abanyarwanda cg c abaturage barite ikibaz cyubwishyu bakishyura byibuze imyaka 2 turangirijeho?! Murakoze
turashaka kumenya amakuru ya zaza
Hano mukagari ka Rutaraka centre ya Ryabega kuki basubiza iterambere inyuma kd turi muri twihangire imirimo?urugero;umuntu ucuruza VTU (M2u) ngo natange amafaranga angana nay’iduka,Gitifi akarenzaho ngo niba uwo atayatanze ngo navaho agende.ndaba nkubwo buyobozi icyerekezo kiza twifuza buzabutugezaho?
birakabije ru