My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1370 )
Ohereza igitekerezo
|
Igihe bazafotorera indangamuntu nshya?
Mumbarize Nambaje, yanyirukanye mu kazi binyuranye namategeko ndabatsinda none aho kuyishyura ayo natsindiye birirwa bajurira.
ntabwo arigitekerezo ahubwo nikibazo mutubarize abayobozi bakuru bakarere ka burera twakoreshejwe data collection muri roda ariko tubwirwa ko amafranga tuzayahabwa igikorwa nyirizina kikirangira arko kugeza ubu batubwira ko tutazayahabwa kumpamvu zuko bitakozwe neza kandi izo data bagiye kuzikoresha muri data entry mutubarize rwose kuko turumva ari ukuturimanganya batubabarire batubere imfura nkabayobozi batuyoboye.murakoze
Muraho, ariko kuki nta updates z’amakuru aba avugwa mukarere ka Bugesera hano hagahoraho amakuru amaze nk’amezi icumi!! iyi mikorere nayo turayinenga pe. Gusa Nyakubahwa adufashe ikibazo cy’icuraburindi rikiri mumurenge wa Musenyi cyane akagali ka Rulindo bakibona aho bacanye amashanyarazi bo bakibaza niba Atari abanyarwanda pe!! turababaye rwose.
Muraho barimu beza mudahwema kudutarira amakuru ya burikare kose k’u rwanda, Mwatubari mayr wa karere ka kicukiro igituma batadukore umuhanda uva bwerankori ugana miduha ahubwo bakarenga bagakora iyo muri karitsiye zose za gikondo wo bagasa nabawirengagije.
Mujyemunyohereza Amakuruyomukarere Kaburera
MWIRIWE MUTUBARIZE Mukarerekaburera MUMURENGEWAKIVUYE MPAMVUKI? BATAGABWESORA ABATISHOBOYE
akwiye kubireka
Mukarere ka nyagatare
umurenge wakiyombe akagari ka karambo umudugudu wa NKANA hari umugabo wananiranye ucuruza ibiyobya bwenge. Dore ko nabayobozi ntacyo bamuvugaho kandi akaba uturembeje. uwo mugabo BAMWITA BAKESIGA.
Muduhe ubufasha Bwihuse.
Mutubarize impamvu mu Karere kanyamasheke hari abantu batahawe amafaranga yibyangijwe na Ewsa kandi bamwe barayahawe abandi bakaguma mugihirahiro cyane cyane mu murenge wa Bushenge?
MUKARERE,KANYABIHU,HAINKURU,IVUGAKO,INKA,ZAGIRINKA,ABAYOBOZI,BIMIDUGUDU,BAHA,ATURAGE,INKA,BAMANZAKUBAKA,IBIHUMBI,ICUMI
Mutubarize ababishinzwe impanvubataduhumuriro hano murimununi
Umuhandawo ???kandi mi dimare ahahora.murakoze