My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

mbanje kubasuhuza Harvey in shim bona retayakozebyinshibyiza ariko iracyafite akazi mwatecyereza mutingonakahe nokokubakire na baboss batagikundaguhemba abakozi iyobadahebye mugihebasezeranyenabakozi babahemba batinze nkiyo muvuganye ukwezi ahembera amezi atatu cgabiri iyobaniswengo barahebye usanga nkiyomwavuganye amafaranga 5000 usangakumushahara baragabanyije akaguhembara40cg3500 nikibazo kabiss mudufashe bayobozi muri bugesera nakigari nagashora ibyobibazo birahagaragara abako tugiye kuzincwa ninzara kanditwitwangoturakora ubuyozi bwimirebwobwabyirengagije byarananiye twsvuze twararekeye urugero nkara palisi ntagihemba abakozi esenamwe nikomubibona murakoze mudufashe muturwaneho bayobozi ESE muzadufashya murakoze.!!!!!!!!!!.?

Aimable kNp yanditse ku itariki ya: 19-08-2018  →  Musubize

Mwaramutse
ibyagezweho ni byiza arko hari ibikiri hasi cyane kdi aribyo byakazamuwe vuba murwego rwo kurengera abaturage urugero nka amazi tuyaheruka muyataha umuhango warangira tugashoka ibishaka nkambere byu umwihariko kumurenge wa Rwimbogo ho nibyo bishanga kuhabona amazi nintambara ikomeye ntiwatuma umwana bitewe nabahahurira benshi cyane
mudutabarize ababishinzwe
Amazi nubuzima

Samuel yanditse ku itariki ya: 14-08-2018  →  Musubize

mbanje kubasuhuza nsuti nziza nukuberiki nyamagabe ikomeje kugarizwa nibibazo bitandukanye ? nimutubarize abayobozi bahayobora

nimutimawurugo yanditse ku itariki ya: 11-08-2018  →  Musubize

MUDUSHAKIRE AMAKURI YUKUR KU MITUNG YA KAGAME EA KABAREBE

RAFAEL yanditse ku itariki ya: 11-07-2018  →  Musubize

RURINDO IGERAGZE IGERE NO KUBAROKOTSE GENOCIDE KUKO NABO NA BANYARWANDA NKABANDI HARIMO AKARENGANE GAKOMEYECYANE CYANE MU MURENGE WA MURAMBI MBANDIKIYE NDI KWI SHURI MURI EAST AFRICAN UNIVERSITY RWANDA EAUR CAMP NYAGATARE

SHUMBUSHO ERIC yanditse ku itariki ya: 29-05-2018  →  Musubize

byatunezjeje kubatwahuyenamwe nukomwakomereza ahosa wamurakoze

erisa benoni yanditse ku itariki ya: 4-05-2018  →  Musubize

Kubera iki rayons sport yazamutse GICUMBRIA ika manuka mu [email protected] mubwire impamvu.

Nzaramba shenge allison loan yanditse ku itariki ya: 29-04-2018  →  Musubize

ndifuzakomwadushakira ikipeyumupirawamagurukukarerekanyaruguru.

Alias yanditse ku itariki ya: 18-04-2018  →  Musubize

KUBERAIKIBAHAGARITSAMADINI

ISHIMWE yanditse ku itariki ya: 18-03-2018  →  Musubize

Nukube iki insero zihagaritswe

Nshimiyemukiza yanditse ku itariki ya: 18-03-2018  →  Musubize

Mwiriwe neza nishimiye kubabaza nti ibibintu bijyanye nogusora uhereye 2012(igihe ibyangombwa byasohokeye ko mutaherye icyogihe mubikaza NGO abantu basore nonebikaba byarasohokeye rimwe amafranga arimenshi cyne ntakuntu mwafasha abanyarwanda cg c abaturage barite ikibaz cyubwishyu bakishyura byibuze imyaka 2 turangirijeho?! Murakoze

Benegusenga yanditse ku itariki ya: 28-02-2018  →  Musubize

turashaka kumenya amakuru ya zaza

shyaka yanditse ku itariki ya: 16-02-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka