My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1370 )
Ohereza igitekerezo
|
ndifuzakomwadushakira ikipeyumupirawamagurukukarerekanyaruguru.
KUBERAIKIBAHAGARITSAMADINI
Nukube iki insero zihagaritswe
Mwiriwe neza nishimiye kubabaza nti ibibintu bijyanye nogusora uhereye 2012(igihe ibyangombwa byasohokeye ko mutaherye icyogihe mubikaza NGO abantu basore nonebikaba byarasohokeye rimwe amafranga arimenshi cyne ntakuntu mwafasha abanyarwanda cg c abaturage barite ikibaz cyubwishyu bakishyura byibuze imyaka 2 turangirijeho?! Murakoze
turashaka kumenya amakuru ya zaza
Hano mukagari ka Rutaraka centre ya Ryabega kuki basubiza iterambere inyuma kd turi muri twihangire imirimo?urugero;umuntu ucuruza VTU (M2u) ngo natange amafaranga angana nay’iduka,Gitifi akarenzaho ngo niba uwo atayatanze ngo navaho agende.ndaba nkubwo buyobozi icyerekezo kiza twifuza buzabutugezaho?
birakabije ru
Mutubarize,abashinzwe gahunda y’imisoro ya asiranse,(ubwishingizi), turabona bayizamuyecyane mubyukuturabona ibintubyosebigendabizamuka (bihenda) sinziniba ibinyabiziga bizabona imisorobibazwayose,kd nabenebyo bakeneyekugira ngo;bibahahire:! Mubyukurirero,nibabishoboka mwabatubwirira bakatugabanyiriza,kugirango tubonukoduhahira ingozacu! Murakoze.
none kuki umuntu ashaka amakuru ya karere ka karongi akayabura ubwo bimeze gute?
Muzatubarize igihe bazafotorera iranganuntu shya
Muzatubarize,abahagarariye Akarere Kamuhanga Munteko Ishingamategeko Impamvu Batagirigihe Cyokuza Kuganiriza,twebwe Abaturage Bahagarariye Mbese Tubaheruka Badusaba,amajwi Ariko Nyuma Yokubatora Ntituzi,ibyobiberamo Munteko,ibyifuzo Byacu Abaturage nibamanuke Tuganire Tubahe Ibitekerezo Byacu Nibibazo Byacu,murakoze.
Turabashimira,amakuru Mutugezaho,muzambarize,abayobozi,bakarere Kamuhanga Impamvu Batageza Umuriro Mukagari Ka Remera,kd Indi Mirenge Ikikije Akokagari Ifite Umuriro Urugero Umurenge Wa Mushishiro Nyarusange Kabacuzi Twebwe Nkabaturage Icyodushaka Nibaduhe Taransiformateur Ubundi Twebwe Nkabaturage Ba Remera,cyanecyane Umudugudu Wamuhanga Tuzikorera Ibisigaye,murakoze.