My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
mbanje kubasuhuza Harvey in shim bona retayakozebyinshibyiza ariko iracyafite akazi mwatecyereza mutingonakahe nokokubakire na baboss batagikundaguhemba abakozi iyobadahebye mugihebasezeranyenabakozi babahemba batinze nkiyo muvuganye ukwezi ahembera amezi atatu cgabiri iyobaniswengo barahebye usanga nkiyomwavuganye amafaranga 5000 usangakumushahara baragabanyije akaguhembara40cg3500 nikibazo kabiss mudufashe bayobozi muri bugesera nakigari nagashora ibyobibazo birahagaragara abako tugiye kuzincwa ninzara kanditwitwangoturakora ubuyozi bwimirebwobwabyirengagije byarananiye twsvuze twararekeye urugero nkara palisi ntagihemba abakozi esenamwe nikomubibona murakoze mudufashe muturwaneho bayobozi ESE muzadufashya murakoze.!!!!!!!!!!.?
Mwaramutse
ibyagezweho ni byiza arko hari ibikiri hasi cyane kdi aribyo byakazamuwe vuba murwego rwo kurengera abaturage urugero nka amazi tuyaheruka muyataha umuhango warangira tugashoka ibishaka nkambere byu umwihariko kumurenge wa Rwimbogo ho nibyo bishanga kuhabona amazi nintambara ikomeye ntiwatuma umwana bitewe nabahahurira benshi cyane
mudutabarize ababishinzwe
Amazi nubuzima
mbanje kubasuhuza nsuti nziza nukuberiki nyamagabe ikomeje kugarizwa nibibazo bitandukanye ? nimutubarize abayobozi bahayobora
MUDUSHAKIRE AMAKURI YUKUR KU MITUNG YA KAGAME EA KABAREBE
RURINDO IGERAGZE IGERE NO KUBAROKOTSE GENOCIDE KUKO NABO NA BANYARWANDA NKABANDI HARIMO AKARENGANE GAKOMEYECYANE CYANE MU MURENGE WA MURAMBI MBANDIKIYE NDI KWI SHURI MURI EAST AFRICAN UNIVERSITY RWANDA EAUR CAMP NYAGATARE
byatunezjeje kubatwahuyenamwe nukomwakomereza ahosa wamurakoze
Kubera iki rayons sport yazamutse GICUMBRIA ika manuka mu [email protected] mubwire impamvu.
ndifuzakomwadushakira ikipeyumupirawamagurukukarerekanyaruguru.
KUBERAIKIBAHAGARITSAMADINI
Nukube iki insero zihagaritswe
Mwiriwe neza nishimiye kubabaza nti ibibintu bijyanye nogusora uhereye 2012(igihe ibyangombwa byasohokeye ko mutaherye icyogihe mubikaza NGO abantu basore nonebikaba byarasohokeye rimwe amafranga arimenshi cyne ntakuntu mwafasha abanyarwanda cg c abaturage barite ikibaz cyubwishyu bakishyura byibuze imyaka 2 turangirijeho?! Murakoze
turashaka kumenya amakuru ya zaza