My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1431 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Murakoze turambiwe ni jambo ko umuhanda uzakorwa mu byumweru bibiri turabirambiwe nkuko turambiwe gusuka amazii pee mu muhanda umujyi bawukoze icyaro peee,ese ubundi mwa kwandiste ko munaniwe
Muraho, Ese ikitwa kurwanya ihohoterwa n’ihezwa n’iki? ko abantu babana n’ubumuga usanga bahezwa inyuma y’imiryango y’aho bifuza kugana, hakorwa iki kugirango iyo nzitizi ivanweho, ko ahao kubishakira umuti bii gukomeza kuzamurwa muntera?
MUraho, mutubarize ikibazo kubijyanye n’umuco, n’imkino ngororangingo y’abantu babana n’ubumuga mukarere ka NGOMA, ESE BO NTIBAKENERA KWIDAGADURA NO KUGARAGAZA UMUCO NK’ABANDI? Ababikurikiranira hafi iyo gahunda igezehe?
ibinu kamishibamukorera sibyizanamba mbaye nkawe nabarenga!
CNJR YA NYAMASHEKE IRASINZIRIYE PE!
Ndabaza ushinzwe kushyira abantu mugi-police bicahe?? bikorwa ryari??ko tubyifuza ariko tukabura uwo twabaza information. adress: [email protected]
imikorere yibitaro byagisirikare ikanombe ni myiza ariko uko bagabura rwose birutw anuko bareka abarwaza bakajya bagemurira abantu babo kuko umushora mari babihaye ntabyo ashoboye kuo agabura nabi cyane nde no mubintu bibi cyane agaburiramo
ibibazo biri mubitaro bya kirehe bibere isomo ibitaro bya Kacyiru police kuko aho bukera kubera ikibazo cy’abakozi bake bafite kdi bafite ababagana benshi biraza kuba nkibyaho namwe muzanyarukireyo murebe
ndabasuhuje,nagirango basomyi namwe banyamakuru muzanyarukire Ikanombe murebe uko ibitaro byaho bimaze gutera imbere (RMH)ariko rero nubwo byateye imbere ikibazo cyo kugaburira abarwayi cyarabananiye rwose twabasabaga ko bashaka rwiyemeza mirimo ubishoboye kuko n’uburyo bagemurira abarwayi ntabwo bijyanye nigihe ndetse nuburyo abarwayi barya ndetse nokunywa bikubite agashyi kdi babikosore vuba ba DR bavuye king faisol bazababwire uko ho bikorwa
mukomereze aho kayonza
Ndabasuhuje! mu karere ka nyaruguru umuhanda huye-kibeho ibyo kuwukora bijyezehe? mutubarize.
Turabashuhuje soko yibyishimo tuvomaho ubwenge nubushobozi.ndi mukarere ka nyagatare ariko mutuvuganire rwose ubu ntahotel tugira igezweho,imihanda rekada inyubako zibereye umugi ntazo nizubatswe ziragwa. nta vuriro rigezweho mbese birababaje mutubarize rwose murakoze.