My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
Ndatabaza abaturage baturiye inkambi ya Kigeme bishwe n’inzara kubera kudahinga kuko babujijwe gukorera mu
asambu yabo ngo bazabagurira.
Mayor wacu wa nyanza,turamushima ariko nadukize abayobozi barya ruswa kugirango babone gutanga service.ba etat civilecyane cyane Charles Nkundakozera na affaire social witwa janvier bo mumurenge wa BUSORO.nta muntu ugihabwa service atabanje kugira icyo abaha ,twabarambiwe kdi turabamaganye.
meya wa rurindo na twishyurize rwiyemezamirimo witwa natani wambuye abaturage naho ubundi azageraho asdebe
uavuga ngo rurindo ooye kdi meya yatanze kwishyuriza aba koze mumuhanda Kigali musanze,
Ndatabaza kuko intore za NYARUGURU dukomerewe no kuyoborwa n’umutahira UMULISA Josiane wari ubishoboye ariko ingeso yo gukunda umugayo asenya urwe n’urw’abandi ikaba yaramunaniye.
Yashenye urwe na Aplhonse arusenyera mu rwa GITIFU none umugore wa Gitifu yaramubishije.
Mwatabaye koko ntagomeze gutatira umuco w’ababyeyi. Muzumva twabisakuje rero abayobozi mwese nimudafata icyemezo
RULINDO oyeeeeeee
Urakoze kuri iyi ngingo nziza,imiyoborere myiza tuyikesha ubuyobozi bwiza.Irindi torwa rya Mzee wacu ntacyo ryaba rimaze, umutoza mwiza ateganya abaza musimbura,kdi ikipe yatoje ifite abahanga mukwesa imihigo mushimire Mzee wacu kuko nta cyo atakoze afashijwe ni Imana imikomereze mu biganza byayo urubyiruko tumuri inyuma.
Urakoze kuri iyi ngingo nziza,imiyoborere myiza tuyikesha ubuyobozi bwiza.Irindi torwa rya Mzee wacu ntacyo ryaba rimaze, umutoza mwiza ateganya abaza musimbura,kdi ikipe yatoje ifite abahanga mukwesa imihigo mushimire Mzee wacu kuko nta cyo atakoze afashijwe ni Imana imikomereze mu biganza byayo urubyiruko tumuri inyuma.
i speak english my mum and dad speak kinyurwanda tho
Nibyo koko Rulindo,ikomeje kwesa imihigo,ariko ibanga nta rindi n’imiyoborere myiza n’uburyo ubuyobozi bwegera abaturage.Imana ikomeze ibafashe.
This is a very good tip particularly to those new to the blogosphere. Simple but very precise information… Appreciate your sharing this one. A must read article!
Natwe i kansi twategereje umuriro none amaso yaheze mukirere sinzi niba haricyo mwatwizeza?