My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1370 )
Ohereza igitekerezo
|
Urakoze kuri iyi ngingo nziza,imiyoborere myiza tuyikesha ubuyobozi bwiza.Irindi torwa rya Mzee wacu ntacyo ryaba rimaze, umutoza mwiza ateganya abaza musimbura,kdi ikipe yatoje ifite abahanga mukwesa imihigo mushimire Mzee wacu kuko nta cyo atakoze afashijwe ni Imana imikomereze mu biganza byayo urubyiruko tumuri inyuma.
i speak english my mum and dad speak kinyurwanda tho
Nibyo koko Rulindo,ikomeje kwesa imihigo,ariko ibanga nta rindi n’imiyoborere myiza n’uburyo ubuyobozi bwegera abaturage.Imana ikomeze ibafashe.
This is a very good tip particularly to those new to the blogosphere. Simple but very precise information… Appreciate your sharing this one. A must read article!
Natwe i kansi twategereje umuriro none amaso yaheze mukirere sinzi niba haricyo mwatwizeza?
NIBYIZA MUJYE MUGANIRA NEZA
ndintirengantya nomumashurimujyemuduraaaaaaaaaaaaaa
mudusabire maire wa Nyarugenge abwirere abayobozi b Umurenge wa MUHIMA batange service nziza ahere kuri GUTIFU niba adashoboye bamuhindurire imirimo kandi KIGALI TODAY yohereze umunyamakuru
What is the difference between Computer Engineering and Computer Science?
Umunyamakuru wa kigali to day ukorera i nyanza yabuze amakuru.
IGIHE BAVUGIYE UMUHANDA RUTSIRO RUBAVU NANUBU NTIBARIBAWUKORA!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!
Muraho neza basomyi?ese ye,ngire icyo mbibariza,kuki mwihutira kwandika inkuru kuri uru rubuga muziko ruhurirwaho na bose,mukandika musebya bamwe mubayobozi hari ubwo mwaba mwarafashe umwanya wanyu ngo mujye kubaganiriza ndetse mubagire n’inama mbere yo kwandika musebanya?mugire ubushishozi mubyo muvuga.murakoze