My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
Njye mbere na mbere ndashira LETA Y’UBUMWE, kubyiza badahwema kugeza kubaturage ba Nyamasheke cyane cyane iterambere ryihuse ,ARIKO SINABURA KUNENGA,bamwe mubayobozi baka karere usanga barabaswe na MIVUMU,Cyane cyane Uwo bita MACYENGA Ushinzwe iranga mimerere mumurenge wa KANJONGO, mubyukuri arakabya wagirango yatumwe na karere kurya ruswa kuko batajya bamuhana niyo babimenye. Nawe umuntu ararya akarya nibyabasangwabutaka? Ahaa!!! mube maso (JEAN BAPTISTE OYEEE!!!!) Komerezaho, kdi wese imihigo ucunge cyane MACYENGA kuko azagutobera.
kuwagatandatu nababajwe no gufungwa nabayobozi bakagali ka nyanza banziza mituel de sante ngo sinayigendanye umwe muribo yasabagako nishura bakanpa quitance nkibaza nimba quitance ibungabunga ubuzima kuburyo banyicyiye gahunda narinfite yihutirwa nge ndabona arukutubangamira pe
njye ndashimira abuyobozi bwa karere ka ngororero iterambere bugeza kubaturange,turabashimira.
Muraho bakunzi basomyi!!!!!!!!, ndi umusomyi mugenzi wanyu, gusa nagirango tugirane ikiganiro twungurana ibitekerezo kuri topic igira iti:ese murabona iki ari igihe gikwiye ko nyakubahwa President wa Repubulika H.E Paul KAGAME yahagarika kuyobora u Rwanda? Nkeneye ibitekerezo byanyu , ubundi tukanungurana inama. murakoze kubitekerezo muza gutanga kuri iyi topic.
Congratulation His Excellence! mu bigaragara akarere kacu ka Nyaruguru kamaze gutera imbere mu buryo bugaragara, ibyiza byose tubikesha imiyoborere myiza mutugezaho. Twavuga nk VUP, Land use consolidation. Gira inka munyarwanda,Imihanda ikoze neza yose iduhuza nutundi turere, Uruganda rw’icyayi rwa kabiri ruri muri Nshili, EWSA mwara yibukijije iduha umuriro tuva kuri 1% tugera kuri 4%,.Mukomereza aho muri rudasumbwa mu mihigo kand turabashyigikiye muri byose!
Murakoze kutugezaho amakuru yakarere kacu;tunezezwa cyane niterambere ryako harimo nkuruganda rwumuceri rw mukunguri; isoko rya mugina ryubakwa ;ndetse umuriro wamashanyarazi wabibanjirije;icyo nsaba nyuma yibi rero nuko mwadufasha iyubakwa ryumuhanda Rugobagoba- mukunguri.
uganye urugambo naho ubundi ibyo wapfuye na LEA twakuvumbuye yaguteye indobo
twebwe rwose mudutabare abanyui bu rumogi buzuye umuhanda munsi ya restaurent ya mirembe mix ya baganda .abantu banywera urumogi mu muhanda guturuka mu gitondo kugeza nijoro please police ni dutabare izaze yambaye civil izabyobonera.thanks.umuturage.
Nkumuntu ukunda Akarere mvukamo nubwo ntakabamo bwose kubwimpamvu zuko ndi ku ishuli nkomeje guhangayikishwa niterambere ry’Umurenge wange wa Nyamirama cyane cyane Akagari ka Shyogo Umudugudu w’Agasharu kuko hagaragara abantu benshi bacuruza ibifatwa nkisubizanyumabikorwa kuko haba abantu benshi bacuruza za Kanyanga kdi bikaba bizwi na Executif wumurenge ariko ntagire icyakora ngew birambabaza cyanee!! kuko usanga bisubiza inyuma abaturage murakoze!!
Nkumuntu ukunda Akarere mvukamo nubwo ntakabamo bwose kubwimpamvu zuko ndi ku ishuli nkomeje guhangayikishwa niterambere ry’Umurenge wange wa Nyamirama cyane cyane Akagari ka Shyogo Umudugudu w’Agasharu kuko hagaragara abantu benshi bacuruza ibifatwa nkisubizanyumabikorwa kuko haba abantu benshi bacuruza za Kanyanga kdi bikaba bizwi na Executif wumurenge ariko ntagire icyakora ngew birambabaza cyanee!! kuko usanga bisubiza inyuma abaturage murakoze!!
sha ndabona mugerageza kumakuuru ajyanye nigihe gusa gusa muzongere amafoto ku nkuru ndasuhuza umwanditsi wanyu josee utuye ku ruyenzi
turashima uburyo abarimu bigisha kuri ep. ngenda muri bugesera/umurenge wa nyarugenge bitanga mumurimo wabo. nibakomereze aho.