My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
ndashima ubuyobozi bw’umurenge wa Runda kuko ahitwa ku Ruyenzi ho haba hari abantu benshi baza gushakayo akazi baturutse hirya no hino abenshi bahafata nk;i kigali kubera ibikorwa by;iterambere bihari.
Abakoze umurimo w’ikusanyamibare kumirimo ikorerwa mukarere ka rulindo,baratabaza ngo leta ibarenganure:ngo hashize amezi atatu batarabahemba,amafaranga bakoreye kandi baribarabasezeranyije kubaha1/2 cy’umushshara nyuma y’icyumweru cy’akazi,none dore amezi abaye atatu nta n’iritoboye barabona.birababaje pee!!
mbabwire nyagatare abaturange baho baracari muri nyakatsi pee! urugero rwimiyaga,karangazi yewe tabagwe ahaa! kwiyemera barabizi
mbabwire nyagatare abaturange baho baracari muri nyakatsi pee! urugero rwimiyaga,karangazi yewe tabagwe ahaa! kwiyemera barabizi
izonka bavuga abasilikare nibo bazifashe,kugira uvuge
gutwo zimaze igihe kinganaiki? Ese babara ziriye,?NDONGERA MBAZE NABASIRIKATRE BANYAZWE cg nabaturage?
igitekerezo kuvugagutso bishatse kuvugiki mubyukuri njewe ndi umucuruzi nkaba nifuzako abasirikare na abapolice bu rwanda twaza dutanga ukotwifite rwose badutabara kenshi badukiza amabandi bagahosha imidugararo ndetse nibindi..............,ntavuze
kuki komisiyo y’abadepite (pak)ikurikirana abanyereje umutungo warubanda yemera ibyo abayobozi basobanura,bamwe babesha ngo n’ubuswa bw’abakontabure;abandi ngo ntibazi za logiciel;ubwo se abo baswa ko buri munsi bakoresha ibizamini bafata abatabizi kubera iki?bazadusobanurire amafaranga bamaze kugaruza.fdl igomba gukurikiranwa aho itera iva muri congo;turambiwe intambara n’uduteroshuma.
WISHIMAGIZA GICUMBI,UZIKO HASHIZE HAFI AMEZI ABIRI YARANANIWE GUSHYIRA ABA CANDIDATES BARENGA 20 MUMYANYA YABO KANDI AMANOTA YOSE YARASOHOTSE.
INKURU ZANYU TURAZISHIMIRA ARIKO BISHOBOTSE MWAGABANYA AMAKOSA M’UBURYO ZIBA ZANDITSWE.Thank you very much.
Porisi yigihu turashimira umutekano mumuhanda arko zebra closing abamotari bameze nabi kko ahokuguha akayira ucyizwa nogusimbuka hakaba igihe ugwa mumodoka ihaguru kire akokantu murakoze
nyamasheke bahisemo neza pe. urebye ukuntu amashyirahamwe yateje umugi wa karongi imbere munyubakire mugihe gito birashimishije.babirahure
turatabariza ubuyobozi bwite bwa leta kugarukira abaturage batuye umurenge wa bugarama mu karere ka rusizi bitewe nimvura yaguye yangiza umuhanda ndetse nimiceri mu gishanga cya bugarama!!