My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

ndashima ubuyobozi bw’umurenge wa Runda kuko ahitwa ku Ruyenzi ho haba hari abantu benshi baza gushakayo akazi baturutse hirya no hino abenshi bahafata nk;i kigali kubera ibikorwa by;iterambere bihari.

claude yanditse ku itariki ya: 11-12-2012  →  Musubize

Abakoze umurimo w’ikusanyamibare kumirimo ikorerwa mukarere ka rulindo,baratabaza ngo leta ibarenganure:ngo hashize amezi atatu batarabahemba,amafaranga bakoreye kandi baribarabasezeranyije kubaha1/2 cy’umushshara nyuma y’icyumweru cy’akazi,none dore amezi abaye atatu nta n’iritoboye barabona.birababaje pee!!

MUNYAKAZI Prince yanditse ku itariki ya: 11-12-2012  →  Musubize

mbabwire nyagatare abaturange baho baracari muri nyakatsi pee! urugero rwimiyaga,karangazi yewe tabagwe ahaa! kwiyemera barabizi

ben yanditse ku itariki ya: 6-12-2012  →  Musubize

mbabwire nyagatare abaturange baho baracari muri nyakatsi pee! urugero rwimiyaga,karangazi yewe tabagwe ahaa! kwiyemera barabizi

ben yanditse ku itariki ya: 6-12-2012  →  Musubize

izonka bavuga abasilikare nibo bazifashe,kugira uvuge
gutwo zimaze igihe kinganaiki? Ese babara ziriye,?NDONGERA MBAZE NABASIRIKATRE BANYAZWE cg nabaturage?

yanditse ku itariki ya: 6-12-2012  →  Musubize

igitekerezo kuvugagutso bishatse kuvugiki mubyukuri njewe ndi umucuruzi nkaba nifuzako abasirikare na abapolice bu rwanda twaza dutanga ukotwifite rwose badutabara kenshi badukiza amabandi bagahosha imidugararo ndetse nibindi..............,ntavuze

uwimbabazi yanditse ku itariki ya: 6-12-2012  →  Musubize

kuki komisiyo y’abadepite (pak)ikurikirana abanyereje umutungo warubanda yemera ibyo abayobozi basobanura,bamwe babesha ngo n’ubuswa bw’abakontabure;abandi ngo ntibazi za logiciel;ubwo se abo baswa ko buri munsi bakoresha ibizamini bafata abatabizi kubera iki?bazadusobanurire amafaranga bamaze kugaruza.fdl igomba gukurikiranwa aho itera iva muri congo;turambiwe intambara n’uduteroshuma.

mudasaba jean yanditse ku itariki ya: 5-12-2012  →  Musubize

WISHIMAGIZA GICUMBI,UZIKO HASHIZE HAFI AMEZI ABIRI YARANANIWE GUSHYIRA ABA CANDIDATES BARENGA 20 MUMYANYA YABO KANDI AMANOTA YOSE YARASOHOTSE.

yanditse ku itariki ya: 5-12-2012  →  Musubize

INKURU ZANYU TURAZISHIMIRA ARIKO BISHOBOTSE MWAGABANYA AMAKOSA M’UBURYO ZIBA ZANDITSWE.Thank you very much.

yanditse ku itariki ya: 29-11-2012  →  Musubize

Porisi yigihu turashimira umutekano mumuhanda arko zebra closing abamotari bameze nabi kko ahokuguha akayira ucyizwa nogusimbuka hakaba igihe ugwa mumodoka ihaguru kire akokantu murakoze

Munyentwali eugene yanditse ku itariki ya: 20-11-2012  →  Musubize

nyamasheke bahisemo neza pe. urebye ukuntu amashyirahamwe yateje umugi wa karongi imbere munyubakire mugihe gito birashimishije.babirahure

mumu yanditse ku itariki ya: 15-11-2012  →  Musubize

turatabariza ubuyobozi bwite bwa leta kugarukira abaturage batuye umurenge wa bugarama mu karere ka rusizi bitewe nimvura yaguye yangiza umuhanda ndetse nimiceri mu gishanga cya bugarama!!

baby yanditse ku itariki ya: 10-11-2012  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka