My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1431 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Abantu bahishije inzu y’ubucuruzi i muhanga barababaje cyaneeeee kuko n’ibyo bacuruzaga byahiriyemo byose,ubwo ni ukuvugako hatagize igikorwa byaba bibabaje cyane
Mu ntara yamajyaruguru iGICUMBI mu murenge wa kaniga urukiko ruhakorera abacamanza baho kurya ruswa babigize akamenyero, mutabare abaturage abo bantu bahindurirwe ahandi.Iyo utatanze akantu ntacyo ugeraho.
twasabagako muriyigahunda ya vision2025 nibura buri kagari kagira poste desate kukoharahabaturage kugerakwamuganga bibagorakuberaimiterere yuturere nkomujaruguru rurindo gakenke nahandi cg byaba bidashoboka mukarebako hakorwa imihanda
Ese?i NYABIHU haba abayobozi munyarukireyo mu Murenge wa Jenda .Akagari ka Nyirakigugu,Umudugudu wa Nteranya mwiyumvire ukuntu ubujura bwo kwiba Inka nijoro hanyuma bakazibagira kugasozi ese? kuki bidatangazwa kandi aborozi barembye?
Ese?i NYABIHU haba abayobozi munyarukireyo mu Murenge wa Jenda .Akagari ka Nyirakigugu,Umudugudu wa Nteranya mwiyumvire ukuntu ubujura bwo kwiba Inka nijoro hanyuma bakazibagira kugasozi ese? kuki bidatangazwa kandi aborozi barembye?
amakuru yintore zo mukarere ka rusizi zi mezegute?
Ndabaza abayobozi b’akarere ka Nyanza igituma iteme rya Mpanga ridakorwa.Harabura iki koko?
mutubarize SFAR impamvu umuntu yohabwa amafaranga yicumbi ukwezikumwe gusa akagira umwaka atarabona andi kandi acumbikiwe na sfar,ayomafaranga yumwakawose ntabonye bizagendabite?murakoze kumbariza
MUTUBARIZE KIE IMPAMVU YANZE KUDUSUBIZA AMAFARANGA YACU YA CAUTION YA LIBRARY N’AYO TWARISHYE TWENDA KU GRADUA MU MWAKA WA 2012 NUBU TWARAHEBYE
ABAKOZI BIBIGO NDERABUZIMA TURASABAKO MWADUHINDURIRA ABA TITULAIRE KUBERAKO HARI ABAMAZE KUBIGIRA AKARIMA KABO,BIRUKANA ABAKOZI UKO BISHAKIYE HANYUMA BIKAGIRA INGARUKA KUBANDI BAKOZI BASIGAYE,URUGERO NI NKO KUKIGO NDERABUZIMA CYA NTARUKA ABAKOZI BASIGAYE BAHEMBWA BIGORANYE KUBERA KWISHYURA ABAKOZI BIRUKANWE KUMAHERERE BAJYA KUREGA BAGATSINDA NONE NUBU ICYO KIBAZO KIRAHARI,NIYO MPAMVU TWASABAGA ABAYOBOZI KO BAKWIHUTITA GUKEMURA ICYO KIBAZO,ABAKOZI NTIBAKIVUGA KUBERAKO UMUYOBOZI,ABATERA UBWOBA CYANE MUTABARE
urubyiruko rw’u rwanda bararufungira éducation vaste?!burya nta kitagira resultat(action)
urubyiruko rw’u rwanda bararufungira éducation vaste?!