My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
NIBYIZA MUJYE MUGANIRA NEZA
ndintirengantya nomumashurimujyemuduraaaaaaaaaaaaaa
mudusabire maire wa Nyarugenge abwirere abayobozi b Umurenge wa MUHIMA batange service nziza ahere kuri GUTIFU niba adashoboye bamuhindurire imirimo kandi KIGALI TODAY yohereze umunyamakuru
What is the difference between Computer Engineering and Computer Science?
Umunyamakuru wa kigali to day ukorera i nyanza yabuze amakuru.
IGIHE BAVUGIYE UMUHANDA RUTSIRO RUBAVU NANUBU NTIBARIBAWUKORA!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!
Muraho neza basomyi?ese ye,ngire icyo mbibariza,kuki mwihutira kwandika inkuru kuri uru rubuga muziko ruhurirwaho na bose,mukandika musebya bamwe mubayobozi hari ubwo mwaba mwarafashe umwanya wanyu ngo mujye kubaganiriza ndetse mubagire n’inama mbere yo kwandika musebanya?mugire ubushishozi mubyo muvuga.murakoze
MU KARERE KA GATSIBO ARI NAKO MBARIZWAMO HAKWIYE GUKWIRAKWIZWAMO ANDI MAVURIRO KUKO USANGA ADA HAGIJE.
Arikose mwakabyara mwe umuntu witwa MACYENGA USHINZWE IRANGAMIMERERE mumurenge wa KANJONGO mukarere ka NYAMASHEKE azagezahe kununuza imitsi yabaturage no kwandikisha umwana ni ukubanza ukamuhereza! naho isiigeze, cyngwa yibwirako tukiri munzibacyuho aho yari Perezida wurukiko rwa Kanto rwicyahoze ari komini GATARE AHO YIRIRWAGA ANYWA BYERI! NUKURI NDASHIMIRA abayobozi ba nyamasheke ibyiza badahwema gukorera abturage babo ariko MACYENGA arabatobera pe! kandi murabizi gufata icyemezo nibyo byabananiye. sawa tu.
Muraho,mfite ikibazo kumuvandimwe wanjye witawa Nshimyumuremyi Eric uherutse kurasirwa ahitwa sodoma ho muri Gikondo iruhande rw’agasoko gahari, yarashwe mumwaka ushize,araswa n,umupolice wo kwagacinya,kubw’amahirwe ntiyapha.ngira ngo amakuru y’iraswa rye yaravuzwe kumaradios, aho umuvugizi wa police nyumama yo gutanga iyi nkuru uko itari hakabaho kubeshyuza yageze aho akavuga ko uwo mupolice wamurashe isasu ryamucitse atabishak rikamwirasaho,mugihe mbere yari yavuze ko ngo yafashwe agendana imbunda enye. ibaze nawe hari umusivire wagendana imbunda nk’izo kumanywa y’ihangu muri iki gihugu dore ko banamurashe hakiri kare 17hoo za nimugoroba abantu bose babireba?yaje kuvurirwa kubitaro bya police kakiru nabwo bamujyanye amaraso yenda kumushiramo yaviriye imbere kuko babanje kumusiganira ndetse babuza n’abaturage kumutabara.dore ikibazo aho kiri rero: ubu Eric arafunzwe kuva icyo gihe,afungiwe kuri gereza nkuru ya Kigali,ntaburanishhwa, ntakatirwa abaye aho gusa mugihe we atazi nicyo azira,kuko bagerageje kumukorera dossiers zitandukanye ariko nyinshi bikaburirwa ibimenyetso, icyo ntakwirengagiza kubabwira nuko igihe araswa hari hashize akanya gato avuye murubanza rwa Ingabire Victoire,sinzi rero niba mwadufasha mukadukorera ubuvugizi niyo mwakwifashisha iperereza,mukagera aho icyo gikorwa cyabereye kuko hari kumanywa rwose. Njye mbashimiye uburyo mugiye kumfasha kumenya ukuri kw’icyo umuvandimwe wanjye azira kugeza ubu. MURAKOZE
GIKOMERO irakataje mwiterambere Ibanga ntaridi n’IMIYOBORERE MYIZA INOGEYE ABATURAGE.
Ibigaragara mukarere ka GASABO Ubuhinzi bwateyeimbere by’umwihariko Umurenge wa GIKOMERO Ibanga ni ugukorerahamwe muri koperative