My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1298 )

Mu gihe abayobozi bakuru batangije ukwezi kw’imiyoborere myiza mu gihugu hose ,ibitaro bya Ruhengeri na Centre de Sante ya Muhoza ho mu Karere ka Musanze ,bo bafashe icyemezo cyo kwanga kuvura abantu kuri Mutuelle y’umwaka wa 2012-2013 ngo keretse babanje bakagura Mutuelle ya 2013-2014 kandi nyamara bigomba gutangirana n’ukwezi kwa Nyakanga/2013 .Wenda batangira kubashishikariza kuzigura ubu ariko mu byukuri kwanga kuvura abantu kandi bafite Mutuelle birababaje cyane. Barimo kubabwira ngo niba batishyuye iyo mutuelle ya 2013-2014 ngo nibatange amafaranga babavure nk’uko bavura abantu badafite Mutuelle. Ndasaba abo bireba bose by’umwihariko MINISANTE kurenganura abaturage.

IRAMBONA Mack yanditse ku itariki ya: 24-01-2013  →  Musubize

Karongi oyeee,MKU weLcome to Karongi

nunu yanditse ku itariki ya: 24-01-2013  →  Musubize

abanyeshuri bagiye mwitorero ntakuntu bajya babona amafaranga :y,isabune zo gufura dore ko birirwa bagenda mwivumbi tutibagiwe na restoration
muri make (insimburamubyizi ntoya) murakoze

ndikuriyo alphonse yanditse ku itariki ya: 23-01-2013  →  Musubize

THEX I,AM visit to rwanda I Like rwzanda is good cawurt becous I love rwanda is my caurt I LONG ILOVE YOU

ALEX yanditse ku itariki ya: 22-01-2013  →  Musubize

RAB yakagombye no kujya ibwira abaturage ko habonetse n’inyongeramusaruro y,umwimerere yitwa D I Grow(Green na Red)abaturage bo mu mirenge ya BIGOGWE KABATWA MUKAMIRA NA RAMBURA batangiye kuyimenyera muri buri murenge ugize akarere ka NYABIHU bashyizemo Umufashamyumvire wo kwigisha ibyiza by’iyo nyongeramusaruro y’umwimerere.Ubwo rero RAB yakagombye kubifashisha kuko mubyo abo bafashamyumvire bigisha no kuyivanga n’iy’imborera ntibabisiga inyuma kuko buzuzanya

amani yanditse ku itariki ya: 21-01-2013  →  Musubize

Umudamu witwa LEA muri Office ya Agence ya HORIZON Nyabugogo akora neza,n’umurava no kwakira Abakiriya neza.Horizon izamwongeze umushahara kuko ayiteje imbere yo kabyara shenge.

CYUBAHIRO Faustin yanditse ku itariki ya: 21-01-2013  →  Musubize

mubwire umukobwa witwa lea ukora muri mtn rusizi agabanye ubwirasio naho ubndi atapigwa kabisa!

vvvvvvv yanditse ku itariki ya: 20-01-2013  →  Musubize

MWIRIWE,MBANJE KUBASHIMIRA KUBERA UBUHANGA,UBUSHAKE,UBUCUKUMBUZI,NDETSE N’UMURAVA BYANYU.BIRIGARAGAZA IYO USOMYE INKURU ZITANDUKANYE HANO KIGALITODAY.NONE NKABATURAGE BO MU MURENGE WA MBUYE AKARERE KARUHANGO TWIFUZA KUBATUMA KU BAYOBOZI NGO MUTUBARIZE KU KIBAZO CY’AMASHANYARAZI PEREZIDA WA LEPUBLIKA Y’URWANDA YATWEMEREYE UBWO HATAHAGWA IBITARO BIKURU N’URUGANDA RW’IMYUMBATI MU MU MURENGE DUHANA IMBIBI WA KINAZI.YARI YATWIJEJE KO UMWAKA UTARI KURANGIRA.ARIKO UBU DUHEZE MU BWIGUNGE.

yanditse ku itariki ya: 18-01-2013  →  Musubize

MWIRIWE,MBANJE KUBASHIMIRA KUBERA UBUHANGA,UBUSHAKE,UBUCUKUMBUZI,NDETSE N’UMURAVA BYANYU.BIRIGARAGAZA IYO USOMYE INKURU ZITANDUKANYE HANO KIGALITODAY.NONE NKABATURAGE BO MU MURENGE WA MBUYE AKARERE KARUHANGO TWIFUZA KUBATUMA KU BAYOBOZI NGO MUTUBARIZE KU KIBAZO CY’AMASHANYARAZI PEREZIDA WA LEPUBLIKA Y’URWANDA YATWEMEREYE UBWO HATAHAGWA IBITARO BIKURU N’URUGANDA RW’IMYUMBATI MU MU MURENGE DUHANA IMBIBI WA KINAZI.YARI YATWIJEJE KO UMWAKA UTARI KURANGIRA.ARIKO UBU DUHEZE MU BWIGUNGE.

yanditse ku itariki ya: 18-01-2013  →  Musubize

muraho basomyi mbandikiye mbasaba
nkukomudahwema kutugezaho amakuru yuturere ndetse nayigihugu murirusange ndagirango mumanuke mugere no mutugali nka kagali ka kakabura ko kabuze iki ngo abaturagebaho babone umuhanda mwiza n’umuriro?
doreko amazi yo akomeje kuba ikibazo ubu utuzu twamazi twatonzeho ibyatsi kdi mbere baravomaga mugiye
namwe mwahakura amakuru mukirebera.

patrick yanditse ku itariki ya: 17-01-2013  →  Musubize

Mutubarize uko abaturage bo mu karere ka Bugesera mu murenge wa Rilima tuzamera batubujije guhinga kubaka no kwikorera ibikorwa byadufasha batubwira ngo bagiye kuhashyira ikibuga kindege none amaso yaheze mukirere. Nonese ko leta yaje ikabarura imitungo yacu ikadufotora tugasinyira amafaranga kandi tutayabona ubwo tuzabigenze gute? Mutubarize ababishinzwe kuko turi mugihirahiro rwose.

KARINDA John yanditse ku itariki ya: 11-01-2013  →  Musubize

Nkunda cyane amakuru mutugezaho nifuzaga kubasaba ko mwagerageza mugasura umurenge wa MASAKA kuko ubuhari ikibazo gikomeye kimihanda ubu itakiri nyabagendwa,
abaturage bakaba bibaza impamvu ubuyobozi ntacyo bukora kuriki kibazo,
doreko Masaka ariho hari n’ibitaro by’Akarere ka Kicukiro, ubu kubigeraho bikaba bitoroheye abaturage,
mbashimiye ukomwakira icyifuzo cyanjye.
Murakoze akazi keza.

NIYONSENGA ERIC yanditse ku itariki ya: 9-01-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka