My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

Umudamu witwa LEA muri Office ya Agence ya HORIZON Nyabugogo akora neza,n’umurava no kwakira Abakiriya neza.Horizon izamwongeze umushahara kuko ayiteje imbere yo kabyara shenge.

CYUBAHIRO Faustin yanditse ku itariki ya: 21-01-2013  →  Musubize

mubwire umukobwa witwa lea ukora muri mtn rusizi agabanye ubwirasio naho ubndi atapigwa kabisa!

vvvvvvv yanditse ku itariki ya: 20-01-2013  →  Musubize

MWIRIWE,MBANJE KUBASHIMIRA KUBERA UBUHANGA,UBUSHAKE,UBUCUKUMBUZI,NDETSE N’UMURAVA BYANYU.BIRIGARAGAZA IYO USOMYE INKURU ZITANDUKANYE HANO KIGALITODAY.NONE NKABATURAGE BO MU MURENGE WA MBUYE AKARERE KARUHANGO TWIFUZA KUBATUMA KU BAYOBOZI NGO MUTUBARIZE KU KIBAZO CY’AMASHANYARAZI PEREZIDA WA LEPUBLIKA Y’URWANDA YATWEMEREYE UBWO HATAHAGWA IBITARO BIKURU N’URUGANDA RW’IMYUMBATI MU MU MURENGE DUHANA IMBIBI WA KINAZI.YARI YATWIJEJE KO UMWAKA UTARI KURANGIRA.ARIKO UBU DUHEZE MU BWIGUNGE.

yanditse ku itariki ya: 18-01-2013  →  Musubize

MWIRIWE,MBANJE KUBASHIMIRA KUBERA UBUHANGA,UBUSHAKE,UBUCUKUMBUZI,NDETSE N’UMURAVA BYANYU.BIRIGARAGAZA IYO USOMYE INKURU ZITANDUKANYE HANO KIGALITODAY.NONE NKABATURAGE BO MU MURENGE WA MBUYE AKARERE KARUHANGO TWIFUZA KUBATUMA KU BAYOBOZI NGO MUTUBARIZE KU KIBAZO CY’AMASHANYARAZI PEREZIDA WA LEPUBLIKA Y’URWANDA YATWEMEREYE UBWO HATAHAGWA IBITARO BIKURU N’URUGANDA RW’IMYUMBATI MU MU MURENGE DUHANA IMBIBI WA KINAZI.YARI YATWIJEJE KO UMWAKA UTARI KURANGIRA.ARIKO UBU DUHEZE MU BWIGUNGE.

yanditse ku itariki ya: 18-01-2013  →  Musubize

muraho basomyi mbandikiye mbasaba
nkukomudahwema kutugezaho amakuru yuturere ndetse nayigihugu murirusange ndagirango mumanuke mugere no mutugali nka kagali ka kakabura ko kabuze iki ngo abaturagebaho babone umuhanda mwiza n’umuriro?
doreko amazi yo akomeje kuba ikibazo ubu utuzu twamazi twatonzeho ibyatsi kdi mbere baravomaga mugiye
namwe mwahakura amakuru mukirebera.

patrick yanditse ku itariki ya: 17-01-2013  →  Musubize

Mutubarize uko abaturage bo mu karere ka Bugesera mu murenge wa Rilima tuzamera batubujije guhinga kubaka no kwikorera ibikorwa byadufasha batubwira ngo bagiye kuhashyira ikibuga kindege none amaso yaheze mukirere. Nonese ko leta yaje ikabarura imitungo yacu ikadufotora tugasinyira amafaranga kandi tutayabona ubwo tuzabigenze gute? Mutubarize ababishinzwe kuko turi mugihirahiro rwose.

KARINDA John yanditse ku itariki ya: 11-01-2013  →  Musubize

Nkunda cyane amakuru mutugezaho nifuzaga kubasaba ko mwagerageza mugasura umurenge wa MASAKA kuko ubuhari ikibazo gikomeye kimihanda ubu itakiri nyabagendwa,
abaturage bakaba bibaza impamvu ubuyobozi ntacyo bukora kuriki kibazo,
doreko Masaka ariho hari n’ibitaro by’Akarere ka Kicukiro, ubu kubigeraho bikaba bitoroheye abaturage,
mbashimiye ukomwakira icyifuzo cyanjye.
Murakoze akazi keza.

NIYONSENGA ERIC yanditse ku itariki ya: 9-01-2013  →  Musubize

Amasengesho yose ni meza iyo ntakibi kiyihishe inyuma icyo umuntu wese yakwemera apfa kuba kimufasha mu imibere3ho ye.Aba bajya gusenga bahagera bagakundana,baruta abava gusenga bagsohoka baryana bapfa uko Imana yabaremye.Agahugu umuco wako kuko hari ibihishe tuzagenda duhishurirwa.Mukomere!

nzeyimana yanditse ku itariki ya: 6-01-2013  →  Musubize

muraho yiyo ntekere ku karere karubavu birambabaza cyne ese sabanyarwanda gishwati mwahaye abaturage bayivanwamo none ituwe ninguzu abandi bajya congo bakongera bakagaruka arumpunzi ubuhunzi harya ngo bwarashyize ahaaa gusa Imana izabidufashamo twajye mugihugu kitaricyacu reka dutegereze gakondo IMana izaduha

ingendo capa yanditse ku itariki ya: 2-01-2013  →  Musubize

IZONTORE,ZIJYEZIBYAZWUMUSARURO KUKOZITAWUBYAJWE BIJYABIRANGIRIRAHO. KANDI NIBONGUFUZ’URWANDA

ndahiro Theos yanditse ku itariki ya: 18-12-2012  →  Musubize

ndunva nkuko muri intumwa zarubanda ndagirango muzatubarize mukigo gishinzwe umutekano cyitwa topsec ukuntu gitinda guhemba abantu cyagafata nabi abakozi babo nkubu mwahagera mukirebera

yanditse ku itariki ya: 17-12-2012  →  Musubize

Rulindo nihembe abobantu kabisa bararenganye.uzi kwitanga ugakora uzi ko uzahembwa,hanyuma ugategereza ugaheba?ibaze noneho warafashe ideni ry’ibyo kurya ngo uzishyura wahembwe ? amezi angana atyo ntiyashira bataraguta kumunigo too!! nyabuna abavuga rikijyana nimubafashe,dore ko jyewe nanjye ntako nimereye!!

kamali yanditse ku itariki ya: 11-12-2012  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka