My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1370 )

Amasengesho yose ni meza iyo ntakibi kiyihishe inyuma icyo umuntu wese yakwemera apfa kuba kimufasha mu imibere3ho ye.Aba bajya gusenga bahagera bagakundana,baruta abava gusenga bagsohoka baryana bapfa uko Imana yabaremye.Agahugu umuco wako kuko hari ibihishe tuzagenda duhishurirwa.Mukomere!

nzeyimana yanditse ku itariki ya: 6-01-2013  →  Musubize

muraho yiyo ntekere ku karere karubavu birambabaza cyne ese sabanyarwanda gishwati mwahaye abaturage bayivanwamo none ituwe ninguzu abandi bajya congo bakongera bakagaruka arumpunzi ubuhunzi harya ngo bwarashyize ahaaa gusa Imana izabidufashamo twajye mugihugu kitaricyacu reka dutegereze gakondo IMana izaduha

ingendo capa yanditse ku itariki ya: 2-01-2013  →  Musubize

IZONTORE,ZIJYEZIBYAZWUMUSARURO KUKOZITAWUBYAJWE BIJYABIRANGIRIRAHO. KANDI NIBONGUFUZ’URWANDA

ndahiro Theos yanditse ku itariki ya: 18-12-2012  →  Musubize

ndunva nkuko muri intumwa zarubanda ndagirango muzatubarize mukigo gishinzwe umutekano cyitwa topsec ukuntu gitinda guhemba abantu cyagafata nabi abakozi babo nkubu mwahagera mukirebera

yanditse ku itariki ya: 17-12-2012  →  Musubize

Rulindo nihembe abobantu kabisa bararenganye.uzi kwitanga ugakora uzi ko uzahembwa,hanyuma ugategereza ugaheba?ibaze noneho warafashe ideni ry’ibyo kurya ngo uzishyura wahembwe ? amezi angana atyo ntiyashira bataraguta kumunigo too!! nyabuna abavuga rikijyana nimubafashe,dore ko jyewe nanjye ntako nimereye!!

kamali yanditse ku itariki ya: 11-12-2012  →  Musubize

ndashima ubuyobozi bw’umurenge wa Runda kuko ahitwa ku Ruyenzi ho haba hari abantu benshi baza gushakayo akazi baturutse hirya no hino abenshi bahafata nk;i kigali kubera ibikorwa by;iterambere bihari.

claude yanditse ku itariki ya: 11-12-2012  →  Musubize

Abakoze umurimo w’ikusanyamibare kumirimo ikorerwa mukarere ka rulindo,baratabaza ngo leta ibarenganure:ngo hashize amezi atatu batarabahemba,amafaranga bakoreye kandi baribarabasezeranyije kubaha1/2 cy’umushshara nyuma y’icyumweru cy’akazi,none dore amezi abaye atatu nta n’iritoboye barabona.birababaje pee!!

MUNYAKAZI Prince yanditse ku itariki ya: 11-12-2012  →  Musubize

mbabwire nyagatare abaturange baho baracari muri nyakatsi pee! urugero rwimiyaga,karangazi yewe tabagwe ahaa! kwiyemera barabizi

ben yanditse ku itariki ya: 6-12-2012  →  Musubize

mbabwire nyagatare abaturange baho baracari muri nyakatsi pee! urugero rwimiyaga,karangazi yewe tabagwe ahaa! kwiyemera barabizi

ben yanditse ku itariki ya: 6-12-2012  →  Musubize

izonka bavuga abasilikare nibo bazifashe,kugira uvuge
gutwo zimaze igihe kinganaiki? Ese babara ziriye,?NDONGERA MBAZE NABASIRIKATRE BANYAZWE cg nabaturage?

yanditse ku itariki ya: 6-12-2012  →  Musubize

igitekerezo kuvugagutso bishatse kuvugiki mubyukuri njewe ndi umucuruzi nkaba nifuzako abasirikare na abapolice bu rwanda twaza dutanga ukotwifite rwose badutabara kenshi badukiza amabandi bagahosha imidugararo ndetse nibindi..............,ntavuze

uwimbabazi yanditse ku itariki ya: 6-12-2012  →  Musubize

kuki komisiyo y’abadepite (pak)ikurikirana abanyereje umutungo warubanda yemera ibyo abayobozi basobanura,bamwe babesha ngo n’ubuswa bw’abakontabure;abandi ngo ntibazi za logiciel;ubwo se abo baswa ko buri munsi bakoresha ibizamini bafata abatabizi kubera iki?bazadusobanurire amafaranga bamaze kugaruza.fdl igomba gukurikiranwa aho itera iva muri congo;turambiwe intambara n’uduteroshuma.

mudasaba jean yanditse ku itariki ya: 5-12-2012  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka